• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rayon Sports ifite imyenda ya miliyoni 260 Frw, ikeneye miliyoni 200 Frw yo kugura abakinnyi   |   05 Dec 2025

  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Police fc yabonye itike kugera muri 1/16, izahura na Vita Club Mokanda

Police fc yabonye itike kugera muri 1/16, izahura na Vita Club Mokanda

Editorial 29 Feb 2016 IMIKINO

Ku munsi wejo Ikipe ya kabiri yu Rwanda yabashije gukomeza nayo ntayindi ni Police FC yageze muri 1/16 muri “CAF Confederation Cup” mu mikino yabereye muri Sudani y’Amajyepfo, ikipe y’aho ya Atlabara niyo yabanje igitego ku munota wa 25 gitsinzwe na Sebit Ajals.

-2316.jpg

Police FC yaje kwishyura icyo gitego gitsinzwe na Songa Isaie kuri penaliti ku munota wa 42 muri uwo mukino wo kwishyura waberaga muri Sudani y’Epfo.
Atlabara yaje gutsinda igitego cya kabiri gitsinzwe na Juma Jackson.

Police FC yahise ibona itike ya 1/16 nyuma y’uko yari yaratsinze umukino ubanza wabereye mu Rwanda tariki ya 13 Gashyantare 2016, ubwo Police FC yatsinze Atlabara ibitego 3-1.

Umutoza w’ikipe ya Police FC, Cassa Mbungo André, yahise atangaza ko bishimishije kuba babashije kubona itike yo gukomeza mu kindi cyiciro.
Cassa yavuze ko muri Sudani y’Amajyepfo babangamiwe n’Izuba ryaho.

Abakinnyi 11 ba Police FC babanje mu kibuga

Emery Mvuyekure, Uwihoreye Jean Paul, Mwemere Ngirinshuti, Twagizimana Fabrice bita Ndikukazi, Mwemere Ngirinshuti, Nshimiyimana Imran, Usengimana Danny, Kalisa Rachid, Songa Isaie, Mushimiyimana Mouhamed ndetse na Habyarimana Innocent.

Uyu mutoza yemeze ko abakinnyi be bakoze amakosa ariko muri iki gihe bagiye kuyakosora kurigira ngo undi mukino bazakina bazabe bahagaze neza.
Muri 1/16 cy’iryo rushanwa ikipe ya Police FC izakina na Vita Club de Mokanda yo muri Congo Kinshasa.

Vita Club de Mukanda igeze muri 1/16 nyuma yo gusezerera Akwa United.
Imikino ya 1/16 izaba muri Werurwe uyu mwaka.

Rwatubyaye Abdul, afashije APR FC kugera mu ijonjora rikukirira mu mikino Nyafurika y’amakipe yabaye a ya mbere iwayo, isezereye Mabbane Swallows ku bitego 4-1.

M.Fils

2016-02-29
Editorial

IZINDI NKURU

APR FC na Kiyovu SC zabonye intsinzi y’umunsi wa 20 zikomeza kugaragaza inyota yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda

APR FC na Kiyovu SC zabonye intsinzi y’umunsi wa 20 zikomeza kugaragaza inyota yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda

Editorial 06 Mar 2022
Mu mikino ya gishuti, ikipe ya Police FC yatsinze Gasogi United, AS Muhanga itsindwa na AS Kigali naho Bugesera FC na Sunrise bagwa miswi.

Mu mikino ya gishuti, ikipe ya Police FC yatsinze Gasogi United, AS Muhanga itsindwa na AS Kigali naho Bugesera FC na Sunrise bagwa miswi.

Editorial 07 Jun 2021
Abakinnyi basaga 1200 bagiye guhurira mu Rwanda mu mikino ya EAPCCO ihuza Abapolisi bo muri Afurika y’Iburasirazuba

Abakinnyi basaga 1200 bagiye guhurira mu Rwanda mu mikino ya EAPCCO ihuza Abapolisi bo muri Afurika y’Iburasirazuba

Editorial 18 Mar 2023
Ku myaka 94, Nancy Reagan Yitabye Imana

Ku myaka 94, Nancy Reagan Yitabye Imana

Editorial 07 Mar 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibanga ry’iterambere rya Afurika ni abaturage bayo – Perezida Kagame
INKURU NYAMUKURU

Ibanga ry’iterambere rya Afurika ni abaturage bayo – Perezida Kagame

Editorial 22 Jun 2018
Burera: Abayobozi mu Karere na Sembagare wahoze akayobora batawe muri yombi
ITOHOZA

Burera: Abayobozi mu Karere na Sembagare wahoze akayobora batawe muri yombi

Editorial 06 Jun 2018
Kwiyita impirimbanyi za demukarasi, kwigira abasazi no kwiyicisha inzara byafasha iki abanyabyaha bari mu maboko y’ubutabera?
Amakuru

Kwiyita impirimbanyi za demukarasi, kwigira abasazi no kwiyicisha inzara byafasha iki abanyabyaha bari mu maboko y’ubutabera?

Editorial 19 Sep 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru