• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • APR BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya kane yikurikiranya   |   25 Aug 2026

  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino 2015-2016

Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino 2015-2016

Ubwanditsi 08 Aug 2016 Mu Mahanga

Ni nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ‘Ferwafa’rifatanyije nu muterankunga wa ryo Azam bahisemo guhemba abahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2015-2016,buri umwe akemererwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 500 ku bakinnyi n’abatoza ndetse n’ibihumbi 100 kuri buri mufana,bakabwirwa ko bazayahabwa mugihe kitarenze icyumweru gusa kuri ubu haciyeho ibyumweru 2 aya mafaranga batarayahabwa.

Bamwe mubakinnyi batashatseko amazina yabo atangazwa muri iyi nkuru badutangarijeko batarahabwa ibi bihembo ndetse ko niyo babajije kuri Azam bababwira ko bo uruhare rwabo barukoze ahasigaye ari aha ferwafa,uyu yagize ati’’twarabajije (Azam)batubwira ko uruhare rwabo barukoze ahasigaye ari aha ferwafa’’.

Kuruhande rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ‘’ferwafa’’twagerageje kubavugisha kuri iki kibazo gusa ntibyadukundira kuko umunyamabanga wa gateganyo twamuhamagaye nimero ya telephone ye igendanwa igasona ariko ntayitabe,naho umuyobozi wiri shyirahamwe we kuri ubu ari mu gihugu cya Brezil mu mikino Olympic.

Nubwo nta masezerano yanditse ahari agaragaza ko mu gihe aba batsindiye ibi bihembo batabibonye bagira aho batanga ikirego cyabo,gusa nk’uko bimenyerewe iyo umuntu yemerewe igihembo runaka ntagihabwe afite uburenganzira bwo kujyana munkiko ishyirahawe cyangwa umuryango wamwemereye cya gihembo.

Dore abo ferwafa ibereyemo umwenda w’igihembo.

Umutoza utanga ikizere(Revelation Coach):Masud Djuma (Rayon Sports)
*Umutoza w’umwaka (Coach of the Year): Eric Nshimiyimana (AS Kigali)
*Abatsinze ibitego byinshi (Topscorers):Danny Usengimana (Police FC) na Hakizimana Muhadjili(Mukura VS /APR FC)
*Umuzamu w’umwaka (Best goalkeeper): Ndayishimiye Eric Bakame (Rayon Sports)
*Umusifuzi mwiza wo ku ruhande (Best assistant referee): Niyonkuru Zephanie
*Umusifuzi mwiza wo hagati (Best Central referee): Hakizimana Louis
*Best VIP Fan (Umufana w’icyubahiro):Mike La Garette
*Umukinnyi utanga ikizere (Best Promisng Player):Savio Nshuti Dominique
*Ikipe y’umwaka (Team of the year): Ndayishimiye Eric Bakame (Rayon Sports), Ombolenga Fitina (Kiyovu Sports), Munezero Fiston (Rayon Sports), Rwatubyaye Abdul (APR FC), Imanishimwe Emmanuel (Rayon Sports, Kwizera Pierrot (Rayon Sports), Niyonzima Ally (Mukura VS), Hakizimana Muhadjili (Mukura VS), Savio Nshuti Dominique (Rayon Sports), Ismaila Diarra (Rayon Sports) na Iranzi Jean Claude (APR FC).

2016-08-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Brian Kagame wasoje Itorero ry’Indangamirwa yashyigikiwe n’umuryango wose

Brian Kagame wasoje Itorero ry’Indangamirwa yashyigikiwe n’umuryango wose

Ubwanditsi 23 Jul 2016
Amahoro muri Kongo ari kure nk’ukwezi, Umuvugizi wa Denis Mukwege wahawe igihembo cy’impirimbanyi y’amahoro yise Abatutsi b’Abanyekongo ”umunuko”.

Amahoro muri Kongo ari kure nk’ukwezi, Umuvugizi wa Denis Mukwege wahawe igihembo cy’impirimbanyi y’amahoro yise Abatutsi b’Abanyekongo ”umunuko”.

Ubwanditsi 07 Jul 2022
I Burasirazuba: Abayobozi b’Itorero Peresibiteriyeni biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha

I Burasirazuba: Abayobozi b’Itorero Peresibiteriyeni biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha

Ubwanditsi 08 May 2016
Nyagatare: Abaturage bakanguriwe kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’iry’ abana

Nyagatare: Abaturage bakanguriwe kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’iry’ abana

Ubwanditsi 13 May 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yasoje umwiherero w’abayobozi, dore impanuro yabageneye
Mu Rwanda

Perezida Kagame yasoje umwiherero w’abayobozi, dore impanuro yabageneye

Ubwanditsi 02 Mar 2017
Umugabane wa Afurika ugomba kuba ahantu hakurura abashoramari benshi kandi beza-Perezida Kagame
Mu Rwanda

Umugabane wa Afurika ugomba kuba ahantu hakurura abashoramari benshi kandi beza-Perezida Kagame

Ubwanditsi 08 May 2018
Mu mukino wa gishuti, APR FC yatsinze Kiyovu Sport igitego kimwe ku busa.
Amakuru

Mu mukino wa gishuti, APR FC yatsinze Kiyovu Sport igitego kimwe ku busa.

Ubwanditsi 06 Jun 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru