• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rayon Sports ifite imyenda ya miliyoni 260 Frw, ikeneye miliyoni 200 Frw yo kugura abakinnyi   |   05 Dec 2025

  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Habura umunsi umwe, ikipe ya Gasabo United yikuye mu irushanwa ryo guhatanira gukina ikiciro cya mbere umwaka w’imikino wa 2021-2022

Habura umunsi umwe, ikipe ya Gasabo United yikuye mu irushanwa ryo guhatanira gukina ikiciro cya mbere umwaka w’imikino wa 2021-2022

Editorial 17 Sep 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Imikino y’ikiciro cya kabiri bahatanira gukina ikiciro cya mbere umwaka w’imikino wa 2021-2022, biteganyijwe ko kuri uyu wa gatandatu aribwo iyo mikino iri butangire gusa imwe mu makipe yagombaga nayo guhatanira kuzamuka ya Gasabo United yamaze gusezera.

Iby’isezera by’iyi kipe byemejwe n’ubunyamabanga bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, mu butumwa bwashyizwe kuri twitter ya FERWAFA buragira buti ” ikipe ya Gasabo United yamenyesheje Ubunyamabanga Bukuru bwa FERWAFA ko itazitabira amarushanwa y’Ikiciro cya kabiri 2021 igomba gutangira ku wa gatandatu tariki 18-09-2021.”

Iyi kipe ya Gasabo United yasezeye biravugwa ko umuyobozi wayo ngo ntabushobozi bwo gukora ingendo ku makipe azasura by’umwihariko ku ikipe y’Amagaju iherereye mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Nyamagabe, iyi kipe ya Gasabo yasezeye ikaba yari iherereye mu itsinda A hamwe na Intare FC, Interforce FC, Heroes FC n’ Amagaju FC.

Iyi mikino igomba gutangira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 18 Nzeri 2021, irimo gukinwa mu rwego rwo gushaka amakipe abiri azasimbura ikipe ya As Muhanga ndetse na Sunrise FC zo zamanutse mu mwaka ushize w’imikino, ikipe zizazamuka zizatangira gukina iyi mikino guhera tariki ya 16 Ukwakira 2021.

Muri tombola yabaye ku wa Gatanu, tariki ya 10 Nzeri 2021 yasize amakipe ari mu matsinda akurikira:

Itsinda A: Heroes FC, Amagaju FC, Intare FC na Interforce FC.
Itsinda B: Gicumbi FC, La Jeunesse FC, Nyanza FC, Pepinière FC na Rugende FC
Itsinda C: Vision FC, Espérance FC, United Stars, University of Rwanda FC na Vision Jeunesse Nouvelle FC
Itsinda D: Etoile de l’Est FC, Impeesa FC, Kirehe FC, Rwamagana City FC na The Winners FC

Uko imikino iri bukinwe kuri uyu wa gatandatu guhera saa munani:

Itsinda A: Heroes vs Amagaju, Gasabo United vs Intare FC (Wasubitswe) & Interforce FC ifite ikiruhuko
Itsinda B: Rugende FC vs Pepinière FC, yanza FC vs Gicumbi FC, La Jeunesse FC yaruhutse
Itsinda C: United Stars vs Espérance FC, Vision FC vs UR FC, VJN yaruhutse
Itsinda D: The Winners FC vs Etoile de l’Est, Kirehe FC vs Impeesa FC , Rwamagana City yaruhutse

2021-09-17
Editorial

IZINDI NKURU

Niyitegeka ugiye gusimbura Depite Mukayisenga witabye Imana ni muntu ki?

Niyitegeka ugiye gusimbura Depite Mukayisenga witabye Imana ni muntu ki?

Editorial 24 Jun 2017
Nyuma y’iminsi 35 ikipe ya APR FC itakaje umwanya wa mbere, yongeye kuwisubiza itsinze Bugesera FC 1-0

Nyuma y’iminsi 35 ikipe ya APR FC itakaje umwanya wa mbere, yongeye kuwisubiza itsinze Bugesera FC 1-0

Editorial 18 Apr 2022
Ingabire Victoire Umuhoza ngo azasubiza u Rwanda muri Jenoside niba adahawe ubutegetsi. Ese   kuki “IVU” ridashyirwa mu kimpoteri  nk’indi myanda yose, rigakomeza gutumukira abantu?

Ingabire Victoire Umuhoza ngo azasubiza u Rwanda muri Jenoside niba adahawe ubutegetsi. Ese   kuki “IVU” ridashyirwa mu kimpoteri  nk’indi myanda yose, rigakomeza gutumukira abantu?

Editorial 24 Aug 2022
Itangazamakuru ryo muri Australia ryatahuye abajenosideri 2 bari muri icyo gihugu

Itangazamakuru ryo muri Australia ryatahuye abajenosideri 2 bari muri icyo gihugu

Editorial 26 Feb 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yansabye kubwira Perezida Museveni ko u Rwanda rutazigera rurasa isasu rya mbere – Andrew Mwenda
ITOHOZA

Perezida Kagame yansabye kubwira Perezida Museveni ko u Rwanda rutazigera rurasa isasu rya mbere – Andrew Mwenda

Editorial 04 Jun 2019
Gallican yihaye kwikoma Rushyashya none bimukozeho
ITOHOZA

Gallican yihaye kwikoma Rushyashya none bimukozeho

Editorial 15 Mar 2016
Amateka yacu ntatwemerera kwirara – Perezida Kagame
INKURU NYAMUKURU

Amateka yacu ntatwemerera kwirara – Perezida Kagame

Editorial 10 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru