Turamenyesha ko uwitwa NIYITANGA Samuel mwene Hakizimana Samson na Mukarugwiza Agnes, utuye mu Mudugudu wa Bwirabo, Akagari ka Kabagesera, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, mu Ntara y’Amajyepfo wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo NIYITANGA Samuel, akitwa NIZEYIMANA Samuel mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuri kuva ngitangira kwiga.
Inkuru zigezweho
-
I Bugesera hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Africa na Opportunity International | 20 May 2025
-
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52 | 17 May 2025
-
Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025 | 16 May 2025
-
Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho | 14 May 2025
-
Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda | 13 May 2025
-
Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC | 12 May 2025