• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Intambara ziri kubera ku Isi muri iki gihe: Ingaruka, Impamvu n’Impungenge Mpuzamahanga

Intambara ziri kubera ku Isi muri iki gihe: Ingaruka, Impamvu n’Impungenge Mpuzamahanga

Ubwanditsi 24 Jun 2025 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA, Mu Mahanga, POLITIKI

Mu gihe isi ikomeje gushaka amahoro n’ubusugire, ibice bitandukanye birimo kugaragaza impungenge kubera intambara n’imvururu zihitana ubuzima bw’abantu benshi, zigasenya ibikorwaremezo kandi zigatera inzara n’ubuhunzi. Dore intambara nyamukuru zirimo kubera ku isi muri iki gihe:

1. Intambara y’u Burusiya na Ukraine

Iyi ntambara yatangiye muri Gashyantare 2022, ubwo u Burusiya bwateraga Ukraine. Ubu imirwano irakomeje cyane mu burasirazuba bwa Ukraine nko mu duce twa Donetsk na Luhansk. Intambara imaze guhitana abantu ibihumbi n’ibihumbi, abandi barahunga, ibihugu by’i Burayi n’Amerika bikomeje gushyigikira Ukraine mu buryo bwo kubaha intwaro n’amafaranga.

2. Intambara hagati ya Isiraheli na Hamas (mu gace ka Gaza)

Kuva mu Kwakira 2023, intambara hagati ya Isiraheli na Hamas yo muri Palestine yongeye gukara. Isiraheli yagiye iteraa ibitero karundura bikomeye mu gace ka Gaza nyuma y’ibitero bya Hamas. Ubu, ibihumbi by’abasivile bamaze kwicwa, amashuri n’ibitaro byarasenyutse, ibintu bikomeje guteza impaka mpuzamahanga.

3. Intambara mu Repubulika ya Sudani

Sudani yibasiwe n’intambara hagati y’ingabo za Leta ziyobowe na General Abdel Fattah al-Burhan n’umutwe wa RSF wa General Mohamed Hamdan Dagalo kuva muri Mata 2023. Intambara yatumye igihugu gihungabana bikomeye, benshi barapfuye, abandi barahunze bajya muri Chad, Ethiopia n’ahandi.

4. Intambara mu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)

Mu Burasirazuba bwa RDC, imirwano hagati y’ingabo za Leta FARDC, Wazalendo, Abarundi na FDLR irakomeje aho ihanganye n’umutwe wa M23 irakomeje. Leta ya Congo yiriza ishinja u Rwanda gufasha M23, ariko u Rwanda rurabihakana rwivuye inyuma. Ibi bitero bisa nibirimo guteranya ibihugu by’akarere no guhungabanya umutekano w’abaturage b’abasivile, gusa aho Umutwe wa M23 uri hasa nk’ahagarutse ubuzima.

5. Intambara z’aba-Houthi na koalisi iyobowe na Arabie Saoudite muri Yemen

Nubwo hari ibiganiro by’amahoro biri kugenda bigeragezwa, mu gace ka Yemen haracyari imvururu zituruka ku mutwe w’aba-Houthi n’ingabo za koalisi za Leta ya Yemen zishyigikiwe na Saudi Arabia. Iyi ntambara imaze imyaka irenga 9, ikomeje guteza inzara n’ubushomeri bukabije.

Ingaruka ku Isi zigera ku baturage ni nyinshi

Ubuhunzi: Abantu barenga miliyoni 100 ku isi bose bamaze kwimurwa n’intambara, nk’uko imibare ya UNHCR ibigaragaza.

Ibura ry’ibiribwa: Intambara ziyogoje isi kuko zateje ikibazo gikomeye ku buhinzi n’ubucuruzi bw’ibiribwa, cyane cyane Ukraine na Sudani.

Ubukungu bw’isi: Igiciro cya lisansi, ifumbire n’ibiribwa byazamutse kubera izi ntambara.

Ibibazo by’umutekano ku isi: Kwiyongera kw’intwaro, ibitero by’iterabwoba n’ubwicanyi ndengakamere bikomeje kwiyongera.

Umuryango w’Abibumbye (UN), Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, USA, n’ibindi bigihugu bikomeye bikomeje gusabwa gushyira imbaraga mu gushakira umuti izi ntambara hakiri kare, mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abantu no gusigasira amahoro ku isi.

2025-06-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Tshisekedi na Kamerhe bishyize hamwe mu rugamba rwo guhatanira gusimbura Perezida Kabila

Tshisekedi na Kamerhe bishyize hamwe mu rugamba rwo guhatanira gusimbura Perezida Kabila

Ubwanditsi 26 Nov 2018
Emmanuel Cyemayire Yashimuswe na CMI  i Mbarara

Emmanuel Cyemayire Yashimuswe na CMI i Mbarara

Ubwanditsi 07 Jan 2018
Nyamata: Mme J.Kagame yabwiye iki urubyiruko ‘ruzaba abayobozi’ ?

Nyamata: Mme J.Kagame yabwiye iki urubyiruko ‘ruzaba abayobozi’ ?

Ubwanditsi 13 Jan 2016
Menya Amazina y’Abanyapolitike icyenda barwanyije Jenoside yongewe mu rwibutso rwa Rebero

Menya Amazina y’Abanyapolitike icyenda barwanyije Jenoside yongewe mu rwibutso rwa Rebero

Ubwanditsi 14 Apr 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bayarya yabagoye, kuko guhora uhimbira Perezida Kagame ibirego ari umuzigo ubavuna cyane.
Amakuru

Bayarya yabagoye, kuko guhora uhimbira Perezida Kagame ibirego ari umuzigo ubavuna cyane.

Ubwanditsi 13 Apr 2023
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
KWAMAMAZA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 02 Mar 2023
Perezida Kagame mu bazitabira Inama ya 12 Ngarukamwaka Nyaburayi ku Iterambere
POLITIKI

Perezida Kagame mu bazitabira Inama ya 12 Ngarukamwaka Nyaburayi ku Iterambere

Ubwanditsi 04 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru