
Hashingiwe ku ngingo ya 287 y’ltegeko No 007/2021 ryo ku wa 05/02/2021 rigenga amasosiyete y’ubucuruzi, Umwanditsi Mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cy’amasosiyete isosiyete yitwa IVY Pharmacy ifite Nimero / TIN 105015664
Aline Yandekeye/ Umuyobozi wa sosiyete
Akarere ka Rubavu
Umurenge wa Nyamvumba
Intara Y’uburengerazuba
Umuntu wese ufite impamvu o gutambamira ko isosiyete yavuzwe haruguru ongera kwandikwa arasabwa kubimenyesha Umwanditsi Mukuru mu gihe kitarenze iminsi 30 uhereve umunsi iri tangazo ryatangarijweho. Utambama wese agomba kwerekana mu nyandiko impamvu z’iryo tambama ndetse n’ibimenyetso bifatika.
mpamvu zo gutambama zishobora gutangwa hakoresheje imeyiri cyangwa kuza ku biro by’Umwanditsi Mukuru kuri aderesi ikurikira:
Rwanda Development Board (RDB) KG 220 St, Kigali, P.O. Box 6239 Kigali, Rwanda Email:jinfo.registrar@rdb.rw Call Centre: 1415 (Local) | Call Centre (International): +250 727775170
lyo nta mpamvu itanzwe mu gihe kivugwa haruguru, bihita biba impamvu yo kongera kwandika sosiyete mu gitabo cy’amasosiyete kandi impamvu igaragajwe nyuma y’aho nta gaciro ihabwa.
Kigali Ku wa 12/12/2025
Kayigi Kajuga Leon
Umwanditsi Mukuru w’agateganyo




