• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»POLITIKI»Abayoboke 8 ba Agathon Rwasa bamaze gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano

Abayoboke 8 ba Agathon Rwasa bamaze gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano

Editorial 05 Sep 2018 POLITIKI

Abayoboke umunani b’ishyaka ‘Amizero y’Abarundi’ riyobowe na Agathon Rwasa batawe muri yombi n’inzego z’umutekano, bashinjwa gukora inama mu buryo butemewe n’amategeko.

Bafatiwe ku musozi wa Gicu, Komini Nyamurenza, intara ya Ngozi, bakaba bafungiye muri kasho y’iyi komini, aho bashinjwa gukora inama mu buryo butazwi n’ubuyobozi, mu gihe iri shyaka ryo rihamya ko ari uburyo bwo gukomeza gutoteza abarwanashyaka baryo.

Agathon Rwanda ni umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta iriho mu Burundi, akaba ari Visi Perezida w’Inteko Nshingamategeko, ibyo abarwanashyaka be bashinjwa babitera utwatsi bavuga ko bari bicaye hamwe banywa inzoga mu kabari, ko nta nama bakoze.

Ikinyamakuru UBM News gitangaza ko abarwanashyaka ba Rwasa bafashwe mu gihe n’umuyobozi wabo yatangaje ko ahangayikiye umutekano w’ubuzima bwe, nyuma y’amakuru afite ngo ahamya ko hari abashaka kumwica.

Mu gihe inzego z’umutekano ntacyo zari zabitangazaho, andi makuru ni ay’uko Rwasa avuga ko hacurwa imigambi yo kumugerekaho icyaha cyo gushinga umutwe w’inyeshyamba, ngo ku buryo yakwamburwa ubudahangarwa  agafatwa agafungwa.

 

2018-09-05
Editorial

IZINDI NKURU

Ubukene bw’imitekerereze bwahejeje Twagiramungu Faustin muri gereza y’irondabwoko

Ubukene bw’imitekerereze bwahejeje Twagiramungu Faustin muri gereza y’irondabwoko

Editorial 14 Feb 2020
Perezida Salva Kiir yemeye imikoranire myiza na mugenzi we Mashar

Perezida Salva Kiir yemeye imikoranire myiza na mugenzi we Mashar

Editorial 26 Jun 2018
Perezida Kenyatta aramenya ibye kuri uyu wa mbere

Perezida Kenyatta aramenya ibye kuri uyu wa mbere

Editorial 19 Nov 2017
Ibaruwa ifunguye yandikiwe Ingabire Victoire

Ibaruwa ifunguye yandikiwe Ingabire Victoire

Editorial 08 Jul 2025

3 Ibitekerezo

  1. Lille
    September 5, 20189:07 am -

    Iby iburundi n abarundi n uko mbese ni nk iby abanyarwanda…barasa cyaneee
    sinzi kabisa umenya barahahambye abasazi.

    Subiza
  2. RUGENDO
    September 6, 20184:29 am -

    ALIKOSE IBYA ABARUNDI BIRATUREBA?????
    ATIKO SE UYU MWANDIKA KESHI MWAGIZE UWAGOWE SIWAMUHUTU YISHE ABATUTSI BABACONGOMANI MU GATUMBA!!ninde yabambwiye ngo
    muje mwandika umuntu nkuyu !!MUZABAZE ABANYAMURENGE ibyo yabakoreye!!!!
    rushyashya,rushyashya ni gute abantu nkamwe twari twizeye inkuru mwandika mwahindutse
    ibigarasha arimwe mubyigize???ubuse koko mutaniyehe na byabinyamakuru bya KABUGA(RTLM)!!
    niba mutarize itangamzamakuru kuduhe akazi tubafashe!!!!!

    Subiza
  3. GSE
    September 6, 201811:08 am -

    Ariko se banyamakuru mbibarize; mujya mubanza gusoma ibyo mwanditse mbere yo kubishyira ku rubuga?
    Inshuro nyinshi mwandika ikinyarwanda nabi, ubundi mukandika amazina atari yo. Urugero: Agathon Rwanda. Nimureke kumuhuza n’igihugu kiyubashye rwose.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Zimbabwe: Umuriro Uraka Murugo kwa Mugabe Aho Grace Mugabe Ashaka gatanya n’umugabo we nyuma y’uko yeguye ku butegetsi
Mu Mahanga

Zimbabwe: Umuriro Uraka Murugo kwa Mugabe Aho Grace Mugabe Ashaka gatanya n’umugabo we nyuma y’uko yeguye ku butegetsi

Editorial 06 Dec 2017
BK yatangiye urugendo ruyiganisha ku isoko rya Kenya igiye kugurisha imigabane ya miliyari 60Frw
UBUKUNGU

BK yatangiye urugendo ruyiganisha ku isoko rya Kenya igiye kugurisha imigabane ya miliyari 60Frw

Editorial 20 Oct 2018
Padiri Nahimana  yagiye kwishinganisha Abazungu bamutera utwatsi
ITOHOZA

Padiri Nahimana yagiye kwishinganisha Abazungu bamutera utwatsi

Editorial 24 Jan 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru