• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Agnes Nkusi Uwimana yarenze umurongo utukura, igihe kirageze ko abiryozwa 

Agnes Nkusi Uwimana yarenze umurongo utukura, igihe kirageze ko abiryozwa 

Editorial 26 Oct 2022 Amakuru, ITOHOZA, Mu Rwanda

Igihe kirageze ngo uwiyita umunyamakuru Nkusi Uwimana Agnes aryozwe uburozi bw’amagambo asigaye atangaza muri iyi minsi. Ubu none Agnes Nkusi yihanukiriye aravuga ngo “uravugira abarokotse ….abarokotse ni ibiki”? Aha yashakaga kuvuga ko nta Jenoside yakorewe Abatutsi ko ibyabaye  ari abahutu n’abatutsi barwanye.

Aya ntabwo ari amagambo Agnes Uwimana yisangije wenyine. Bakimara kujya mu buhungiro, abari inyuma y’umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi bari bageze mu gice cyo guhakana ibyo bakoze. Duhereye kuri Matayo Ngirumpatse wari Perezida wa MRND, mbere yuko afatwa yavuzeko ibyabaye mu Rwanda ari abasore b’abahutu barwanye n’abasore b’Abatutsi. 

Ibi kandi Nkusi Agnes Uwimana atangaza ni ibyatangajwe na Theoneste Bagosora ubwo yari mu buhungiro muri Kameruni. Yavuzeko ibyabaye mu Rwanda ari ubwicanyi ku mbande zombi. 

Ubu ni uburyo abakoze Jenoside cyangwa se ababashyigikiye bavuga mu rwego rwo guhunga ubutabera. Igitangaje ni uko ibi abivugira mu Rwanda mu gihe abandi bose bahakanira Jenoside ku butaka butari ubw’u Rwanda. 

Agnes Uwimana Nkusi amaze kandi iminsi atangaza ibihuha mu rubanza rwa Beatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya Jenoside woherejwe na Leta y’Amerika akaba umudamu wa Arsene Shalom Ntahobari n’umukazana wa Pauline Nyiramasuhuko bombi bakatiwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’Arusha kubera uruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi. 

Agnes Uwimana yatangaje umwirondoro w’abadamu b’abatangabuhamya bafashwe ku ngufu abannyega avuga ko batazi ibyo barega kuko ari ibinyoma. Agnes Uwimana kubera gushaka indonke avuganira uyu mwicanyi kabombo ngo interahamwe zindi zijye zimwoherereza amafaranga. 

Uyu mwiyahuzi Agnes, ugenda avuga ko aramutse afunzwe n’ubundi ntacyo ahomba kuko abeshejweho n’imiti dore ko icyorezo cya SIDA afite akimaranye imyaka myinshi arashaka uwo yiyahuraho ariko iyo bigeze mu guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi aba yarenze umurongo utukura.

Inzego zibishinzwe zagakwiye kumukurikirana. 

2022-10-26
Editorial

IZINDI NKURU

Umudiho uva mu itako

Umudiho uva mu itako

Editorial 10 Dec 2016
Kenya: Miliyoni 19 zazindukiye mu matora ya Perezida, hari abageze ku biro by’ itora saa Cyenda z’ igicuku

Kenya: Miliyoni 19 zazindukiye mu matora ya Perezida, hari abageze ku biro by’ itora saa Cyenda z’ igicuku

Editorial 08 Aug 2017
Kubera umusaruro utari mwiza, Seninga Innocent n’umwungiriza we muri Sunrise FC bahagaritswe iminsi 15 badatoza

Kubera umusaruro utari mwiza, Seninga Innocent n’umwungiriza we muri Sunrise FC bahagaritswe iminsi 15 badatoza

Editorial 14 Feb 2023
Urwego Rushinzwe Umutekano Imbere Mu Gihugu Rwasatse Bikomeye Ububiko Bwa MTN-Uganda

Urwego Rushinzwe Umutekano Imbere Mu Gihugu Rwasatse Bikomeye Ububiko Bwa MTN-Uganda

Editorial 09 Jul 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abagore ba FPR Inkotanyi baravuga imyato Perezida Kagame wabahaye ijambo
INKURU NYAMUKURU

Abagore ba FPR Inkotanyi baravuga imyato Perezida Kagame wabahaye ijambo

Editorial 02 Dec 2017
Rayon Sports yitegura gukina na Police ya Kenya kuri Rayon Day yanganyije na Gorilla FC 1-1
Amakuru

Rayon Sports yitegura gukina na Police ya Kenya kuri Rayon Day yanganyije na Gorilla FC 1-1

Editorial 02 Aug 2023
Kimwe mu bihatse ubucuti bwa Perezida Museveni na Bebe Cool cyagaragaye
POLITIKI

Kimwe mu bihatse ubucuti bwa Perezida Museveni na Bebe Cool cyagaragaye

Editorial 21 Oct 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru