• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Agnes Nkusi Uwimana yarenze umurongo utukura, igihe kirageze ko abiryozwa 

Agnes Nkusi Uwimana yarenze umurongo utukura, igihe kirageze ko abiryozwa 

Ubwanditsi 26 Oct 2022 Amakuru, ITOHOZA, Mu Rwanda

Igihe kirageze ngo uwiyita umunyamakuru Nkusi Uwimana Agnes aryozwe uburozi bw’amagambo asigaye atangaza muri iyi minsi. Ubu none Agnes Nkusi yihanukiriye aravuga ngo “uravugira abarokotse ….abarokotse ni ibiki”? Aha yashakaga kuvuga ko nta Jenoside yakorewe Abatutsi ko ibyabaye  ari abahutu n’abatutsi barwanye.

Aya ntabwo ari amagambo Agnes Uwimana yisangije wenyine. Bakimara kujya mu buhungiro, abari inyuma y’umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi bari bageze mu gice cyo guhakana ibyo bakoze. Duhereye kuri Matayo Ngirumpatse wari Perezida wa MRND, mbere yuko afatwa yavuzeko ibyabaye mu Rwanda ari abasore b’abahutu barwanye n’abasore b’Abatutsi. 

Ibi kandi Nkusi Agnes Uwimana atangaza ni ibyatangajwe na Theoneste Bagosora ubwo yari mu buhungiro muri Kameruni. Yavuzeko ibyabaye mu Rwanda ari ubwicanyi ku mbande zombi. 

Ubu ni uburyo abakoze Jenoside cyangwa se ababashyigikiye bavuga mu rwego rwo guhunga ubutabera. Igitangaje ni uko ibi abivugira mu Rwanda mu gihe abandi bose bahakanira Jenoside ku butaka butari ubw’u Rwanda. 

Agnes Uwimana Nkusi amaze kandi iminsi atangaza ibihuha mu rubanza rwa Beatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya Jenoside woherejwe na Leta y’Amerika akaba umudamu wa Arsene Shalom Ntahobari n’umukazana wa Pauline Nyiramasuhuko bombi bakatiwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’Arusha kubera uruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi. 

Agnes Uwimana yatangaje umwirondoro w’abadamu b’abatangabuhamya bafashwe ku ngufu abannyega avuga ko batazi ibyo barega kuko ari ibinyoma. Agnes Uwimana kubera gushaka indonke avuganira uyu mwicanyi kabombo ngo interahamwe zindi zijye zimwoherereza amafaranga. 

Uyu mwiyahuzi Agnes, ugenda avuga ko aramutse afunzwe n’ubundi ntacyo ahomba kuko abeshejweho n’imiti dore ko icyorezo cya SIDA afite akimaranye imyaka myinshi arashaka uwo yiyahuraho ariko iyo bigeze mu guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi aba yarenze umurongo utukura.

Inzego zibishinzwe zagakwiye kumukurikirana. 

2022-10-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ntabwo u Rwanda rukennye nk’uko tubivuga, rukeneshejwe n’abana barwo-Ingabire M. Immaculée

Ntabwo u Rwanda rukennye nk’uko tubivuga, rukeneshejwe n’abana barwo-Ingabire M. Immaculée

Ubwanditsi 05 Apr 2018
Uko byagenze ngo Byiringiro Lague wari wifujwe na Rayon Sports yerekeze muri Police FC

Uko byagenze ngo Byiringiro Lague wari wifujwe na Rayon Sports yerekeze muri Police FC

Ubwanditsi 07 Jan 2025
Leopold Munyakazi arashyize yoherejwe mu Rwanda kuburanishwa ibyaha yakoze

Leopold Munyakazi arashyize yoherejwe mu Rwanda kuburanishwa ibyaha yakoze

Ubwanditsi 27 Sep 2016
Rwanda : Essence yazamutseho amafaranga 24, mazutu izamukaho 19

Rwanda : Essence yazamutseho amafaranga 24, mazutu izamukaho 19

Ubwanditsi 05 Sep 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mbere yo gutokora u Rwanda, abategetsi b’Ububiligi bajye babanza bikize umugogo uri mu jisho ryabo!
Amakuru

Mbere yo gutokora u Rwanda, abategetsi b’Ububiligi bajye babanza bikize umugogo uri mu jisho ryabo!

Ubwanditsi 31 Jul 2021
Sudani: Uwayoboye ihirikwa rya Perezida Bashir  nawe yeguye nyuma y’umunsi umwe
POLITIKI

Sudani: Uwayoboye ihirikwa rya Perezida Bashir nawe yeguye nyuma y’umunsi umwe

Ubwanditsi 13 Apr 2019

Ethan Venon wambaye umwenda w’umuhondo muri Tour du Rwanda23 ayoboye aberekeje i Musanze bavuye i Huye

Ubwanditsi 21 Feb 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru