• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

  • Bayaherewe mu Rwambariro, Rayon Sports yakiriye amafaranga nyuma yo gushimangira umwanya wa mbere   |   09 May 2025

  • Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless   |   08 May 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Akavuyo mu miryango mpuzamahanga ikorera mu Burundi kubera iturufu y’amoko mu kugena abakozi

Akavuyo mu miryango mpuzamahanga ikorera mu Burundi kubera iturufu y’amoko mu kugena abakozi

Editorial 24 Jan 2019 ITOHOZA

Abashinzwe gutera inkunga mu Burundi ntibavuga rumwe ku cyifuzo cya Leta cyerekeranye n’uko imiryango mpuzamahanga itabogamiye kuri leta mu gutanga amakuru arebana n’ubwoko bw’abakozi bayo, kuberako hari urujijo ku miryango yaba yemerewe kuhakorera, bityo bikaba birimo kudindiza ibikorwa by’iterambere.

“Aha niho tudashobora kurenga, kuko dutanga akazi dushingiye ku bunararibonye, n’ubunyamwuga, ntidushingira ku bwoko.” -Dominique Delvigne, Umuyobozi muri , Handicap International

Mu Ukwakira 2018, abayobozi bo mu Burundi bahagaritse ibikorwa byose by’imiryango itegamiye kuri Leta mu gihe cy’amezi atatu (3), bavuga ko iyo miryango ingomba kubahiriza amategeko, bitaba ibyo bakimwa uruhushya rwo gukorera mu Burundi. Cyane cyane, abo bayobozi bashatse gukoresha itegeko ryo muri 2017, reba itegeko rivuga ko [ 2017, rivuga ko  ] abakozi bakorera imiryango itegamiye kuri Leta bagomba kuba bangana na 60% by’abahutu, naho abatutsi bakangana na 40%. Akaba aricyo gipimo gisanzwe gikoreshwa mu gihe gisaga imyaka 10, kuva hasinywa amasezerano ya Arusha y’amahoro, amasezerano yafashije mu guhagarika intambara yari imaze imyaka 12. Imiryango mpuzamahanga ikaba yaramenyeshejwe ko igomba gutanga amakuru y’abakozi bayikorera yerecyeranye n’ubwoko bwabo, banahabwa n’igihe ntarengwa cya 2021.

Imiryango imwe nimwe ikaba yaratanze ayo makuru, ariko kubera imyiryane ishingiye ku moko, iyindi ikaba ifite impungenge y’uko aya makuru ashobora gukoreshwa nabi. Inzego zo mu Burundi zikaba zarabwiye Devex ko imiryango igera ku 10 yamaze kugenda, harimo na Handicap International aho kugirango ikurikize iryo tegeko. Indi miryango nka  Medecins Sans Frontieres [Médecins Sans Frontières], abaganga batagira imipaka ntibaramenya uko bizabagendekera, nyuma yo kwanga kubahiriza iryo tegeko, nubwo bagikorera muri icyo gihugu, aho abaturage bagera kuri miliyoni  3.6, cyangwa kimwe cya gatatu cy’abaturage bose bakeneye ubufasha.

Imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta ikorera mu Burundi  mu gihe harimo kujujubya sosiyete sivile

Leta y’UBurundi yahagaritse ibikorwa by’imiryango mpuzamahanga ikorera mu Burundi mu gihe cy’amezi atatu (3), bitwaje ko iyo miryango yananiwe gukurikiza itegeko ryo muri 2017, ariko bamwe bakaba babibona nko gucecekesha sosiyete sivile.

Abaterakunga nabo bakaba batavuga rumwe kuri iki cyibazo, aho imiryango mpuzamahanga ibwira Devex ko imiryango mpuzamahanga iterwa inkunga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishoboka ko yo yakwemera icyo gipimo cyigena umubare w’abakozi, bihabanye n’icyemezo cyafashwe na bagenzi babo bo mu Burayi. Umuryango mpuzamahanga wa Amerika (USAID) ntiwabashije kugira icyo ubivugaho.

“Imiryango myinshi yo muri Amerika cyangwa se iterwa inkunga na Amerika yabwiwe ko ivangura ridatera ingaruka mbi ntacyo ritwaye, bikaba ari ibyavuzwe n’umudipolomati ukomoka mu Burayi uri mu Burundi.

Ibihabanye nibi, Uwo mudipulomati w’iburayi yavuze ko za Leta zo mu Burayi zikaba zarihanije iyo miryango ko baramutse batanze ayo makuru yerekeranye n’ubwoko bw’abakozi biyo miryango, ko baramutse babikoze, batazongererwa kontaro i Burundi. Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’UBubiligi yavuze ko imiryango igera kuri  20 idashobora gutanga amakuru kandi ko nta numwe wigeze ayatanga.

 

2019-01-24
Editorial

IZINDI NKURU

Umuryango Wa Rwigara Urasaba Kudahezwa Mu Rubanza Rw’abanyamigabane B’uruganda Rwabo

Umuryango Wa Rwigara Urasaba Kudahezwa Mu Rubanza Rw’abanyamigabane B’uruganda Rwabo

Editorial 12 Sep 2018
U Bufaransa: CPCR yifuje ko Barahira na Ngenzi bongera guhanishwa gufungwa burundu

U Bufaransa: CPCR yifuje ko Barahira na Ngenzi bongera guhanishwa gufungwa burundu

Editorial 02 May 2018
Ingabo z’u Burundi zivuye muri Somalia ikubagahu

Ingabo z’u Burundi zivuye muri Somalia ikubagahu

Editorial 01 Jan 2025
Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Editorial 27 Sep 2017
Umuryango Wa Rwigara Urasaba Kudahezwa Mu Rubanza Rw’abanyamigabane B’uruganda Rwabo

Umuryango Wa Rwigara Urasaba Kudahezwa Mu Rubanza Rw’abanyamigabane B’uruganda Rwabo

Editorial 12 Sep 2018
U Bufaransa: CPCR yifuje ko Barahira na Ngenzi bongera guhanishwa gufungwa burundu

U Bufaransa: CPCR yifuje ko Barahira na Ngenzi bongera guhanishwa gufungwa burundu

Editorial 02 May 2018
Ingabo z’u Burundi zivuye muri Somalia ikubagahu

Ingabo z’u Burundi zivuye muri Somalia ikubagahu

Editorial 01 Jan 2025
Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Editorial 27 Sep 2017
Umuryango Wa Rwigara Urasaba Kudahezwa Mu Rubanza Rw’abanyamigabane B’uruganda Rwabo

Umuryango Wa Rwigara Urasaba Kudahezwa Mu Rubanza Rw’abanyamigabane B’uruganda Rwabo

Editorial 12 Sep 2018
U Bufaransa: CPCR yifuje ko Barahira na Ngenzi bongera guhanishwa gufungwa burundu

U Bufaransa: CPCR yifuje ko Barahira na Ngenzi bongera guhanishwa gufungwa burundu

Editorial 02 May 2018
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru