• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Amakipe yo mu mujyi umwe i Manshester akomeje kwitwara nabi muri shampiyona y’u Bwogereza

Amakipe yo mu mujyi umwe i Manshester akomeje kwitwara nabi muri shampiyona y’u Bwogereza

Ubwanditsi 15 Feb 2016 IMIKINO

Ikipe ya Manchester United ndetse na Manchester City zaratsinzwe mu gihe ikipe ya Chelsea na Liverpool zo zatsinze ibitego byinshi mu mikino zakinnye na ho Arsenal ikagaruka mu rugendo rwo guhatanira igikombe nyuma yo gutsinda Leicester City.

-2099.jpg

abakinnyi ba Manchester mu bimwaro byinshi

Shampiyona y’umupira w’amaguru yo mu gihugu cy’u Bwongereza yakinwaga ku munsi wayo wa 21 mu mpera z’icyumweru dushoje.
-2100.jpg

umutoza mu gitutu kinshi

Mu mikino yabaye ku wa gatandatu, Manchester United yatsinzwe na Sunderland ibitego 2-1 byatsinzwe na Wahbi Khazri ndetse n’umunyezamu David De Gea witsinze mu gihe Manchester United yatsindiwe na Anthony Martial.

Ni ku nshuro ya karindwi Manchester United yari itsinzwe muri shampiyona y’uyu mwaka, bikaba byarakomeje gushyira igitutu gikomeye ku mutoza Luis Van Gaal bivugwa ko yarangije gusimbuzwa Jose Mourinho nubwo bitari byemezwa ku mugaragaro.

-2102.jpg

Mourinho ushobora kuza muri Man u isaha kuyindi

Mu yindi mikino yo ku wa gatandatu, AFC Bournemouth yatsinzwe na Stoke City 1-3 mu gihe Watford yatsinze Crystal Palace igitego 1-0 na ho Norwich City ikanganya na West Ham United ibitego 2-2.

Chelsea yatsinze yihanangirije New Castle iytsinda ibitego 5-1 bytasinzwe na Diego Costa, Pedro Rodriguez watsinze 2, Willian na Bertrand Traore na ho Andos Townsend atsindira New Castle igitego cy’impozamarira.

-2104.jpg
-2109.jpg
Chelsea ikomeje kuzamuka buhoro buhoro

Ku wa gatandatu kandi, Southampton yatsinze Swansea City igitego 1-0.
Arsenal ni yo kipe yonyine mu makipe ahatanira igikombe mu Bwongereza yabashije gutsinda Leicester City inshuro 2 (mu mikino ibanza n’iyo kwishyura).

-2101.jpg
-2105.jpg
Welbeck wakuye ahaga Arsenal ubwo yatsindaga igitego cya Kabiri

Gutsinda kwa Arsenal byayigaruye ku mwanya wa gatatu aho ifite amanota 51 inganya na Tottenham ya kabiri ikurikira Leicester City iri ku mwanya wa mbere n’amanota 53.

-2103.jpg

Iyi Tottenham yageze ku mwanya wa kabiri nyuma yo gutsinda Manchester City iwayo, ibitego 2-1 byatsinzwe na Harry Kane na Christian Erikssen mu gihe Manchester City yari iwayo yatsindiwe na Kelechi Iheanacho.-2106.jpg

-2107.jpg
-2106.jpg

Liverpool yo yatsinze Aston Villa ibitego 6-0 byatsinzwe na Danniel Sturridge, James Milner, Emre Can, Divock Origi, Nathaniel Clyne, na Kolo Toure.

-2108.jpg

hano umukinnyi wa Lverpool Divock Origi yaratsinze igitego ajya mu bafana

Uko zikurikirana mu bwogereza

1 Leicester City 53
2 Tottenham Hotspur 51
3 Arsenal 51
4 Manchester City 47
5 Manchester United 41
6 Southampton 40
7 West Ham United 40
8 Liverpool 38
9 Watford 36
10 Stoke City 36
11 Everton 35

12 Chelsea 33
13 Crystal Palace 32
14 West Bromwich Albion 32
15 Bournemouth 28
16 Swansea City 27
17 Norwich City 26
18 Newcastle United 24
19 Sunderland 23
20 Aston Villa 16

Uko muri Espanye byangenze

Barcelona 6 :1 Celta Vigo
Eibar 2 :0 Levante
Getafe 0: 1 Atlético
Sevilla 2 :0 Las Palmas
Real Sociedad 3 :0 Granada
Deportivo La Coruna 2:2 Real Betis
Valencia 2:1 Espanyol
Villarreal 1:0 Malaga
Real Madrid 4:2 A Bilbao

M.Fils

2016-02-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

APR FC na Rayon Sports zizacakirana ku munsi wa Gatanu wa shampiyona ya PNL – Uko tombola yose yagenze

APR FC na Rayon Sports zizacakirana ku munsi wa Gatanu wa shampiyona ya PNL – Uko tombola yose yagenze

Ubwanditsi 20 May 2021
Bitunguranye Meddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya bisubika igitaramo cye i Toronto

Bitunguranye Meddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya bisubika igitaramo cye i Toronto

Ubwanditsi 08 Oct 2016
APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha

APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha

RUSHYASHYA 28 Nov 2025
Nyuma yo kunganya na Cameron, Amavubi yagarutse mu Rwanda ikaba yahise ijya mu kato iri buvemo kuri uyu wa kane abakinnyi bagasubira mungo zabo bakitegura isubukurwa rya shampiyona

Nyuma yo kunganya na Cameron, Amavubi yagarutse mu Rwanda ikaba yahise ijya mu kato iri buvemo kuri uyu wa kane abakinnyi bagasubira mungo zabo bakitegura isubukurwa rya shampiyona

Ubwanditsi 01 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame ari muri Afurika y’Epfo, aho yitabiriye inama ya 10 y’Umuryango w’ibihugu biri kwihuta mu iterambere ry’ubukungu uzwi nka “BRICS”
POLITIKI

Perezida Kagame ari muri Afurika y’Epfo, aho yitabiriye inama ya 10 y’Umuryango w’ibihugu biri kwihuta mu iterambere ry’ubukungu uzwi nka “BRICS”

Ubwanditsi 27 Jul 2018
Hagaragajwe ibimenyetso binyomoza Corneille uvuga ko umuryango we wishwe na FPR
ITOHOZA

Hagaragajwe ibimenyetso binyomoza Corneille uvuga ko umuryango we wishwe na FPR

Ubwanditsi 13 Oct 2016
Perezida Tshisekedi yunamiye inzirakarengane za Jenoside zishyinguye ku Gisozi
POLITIKI

Perezida Tshisekedi yunamiye inzirakarengane za Jenoside zishyinguye ku Gisozi

Ubwanditsi 25 Mar 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru