• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Amateka ya Perezida wa Koreya ya Ruguru wakuriye mu buzima bw’ibanga, uri guca amarenga y’intambara ya gatatu y’Isi

Amateka ya Perezida wa Koreya ya Ruguru wakuriye mu buzima bw’ibanga, uri guca amarenga y’intambara ya gatatu y’Isi

Ubwanditsi 21 Sep 2017 ITOHOZA

Kim Jong Un wagiye ku buyobozi akiri muto, ku myaka 35 yateye Isi impagarara nyuma yo kuba ari umugabo urangwa n’ibikorwa by’ubwihebe, aho amaze igihe agerageza ibitwaro bya kirimbuzi.

Kim mbere y’uko ajya ku butegetsi ntiyajyaga agaragara muri rubanda cyangwa muri Leta ngo hamenyekane ibyo yakoraga, ndetse n’amashuri yize ntazwi neza kuko ntaho bigaragara ko yaba yarize muri za Kaminuza zikomeye.

Kim Jong Un ni umwe mu baperezida batagaragaza igihe bavukiye kuko imyaka igaragaza ko yavutse mu myaka 3 itandukanye kuko ibihugu byinshi bigenda bigenekereza bigatanga imyaka itandukanye .

Korea ya Ruguru yemeza ko Perezida wa yo yavutse muri Mutarama 08,1982 , Korea y’Epfo ikavuga ko Kim Jon un yavutse mu1983, igihugu cya Switzeland (Ubusuwisi) bwemeza ko yavutse 05 Nyakanga 1984, mu gihe imibare itangwa na America yemeza ko uyu mugabo ifata nk’icyihebe yavutse mu 1984.

Perezida wa Korea ya ruguru ukomeje kuvugisha amahanga kubera ibitwaro bya kirimbuzi akomeje kugerageza kandi akavuga ko nta bwoba atewe n’amahanga, ni umuyobozi w’umuryango wa State Affaires Commussion Incubmbent.

Kim Jon Un kandi ni umuyobozi mukuru wa Democratic People’s Republic of Korea akomeje kubwira Isi ko adashobora kwita ku bihano azafatirwa ngo areke gahunda igihugu cye cyafashe yo gucura ibitwaro bya kirimbuzi.

Kim ni umwana wa kabiri wa Kim Jong-il na Ko Yong-hui ariko se akaba yaraje kwitaba Imana muri 2011.

Bimwe mu byo Kim abereye abereye umuyobozi

Umuyobozi (Chairman) wa Workers’ Party of Korea
Umuyobozi (Chairman) wa Central Miltary Commission
Umuyobozi (Chairman) wa State Affairs Commussion
Umuyobozi (Chairman) wa Supreme Commander of Korean People’s Army
Uyu mu Perezida afite ipeti rya Marshal mu bya gisirikare.

Kim Jong un afite impamyabumenyi 2, imwe yayikuye muri Kim Il-sung University mu gihe indi yayikuye muri Kaminuza ya gisirikare ya Kim Il-sung Military University.

Kim Jong un wagiye ku butegetsi 09 Werurwe 2014, ashinjwa kuba mu 2013 yaricishije nyirarume Jang Song-thaek ndetse akaba ari nawe wishe umuvandimwe we Kim Jong-nam muri Malaysia muri Gashyantare uyu mwaka.

Kuva uyu mugabo yajya ku butegetsi Isi yose imufata nk’icyihebe aho isanga ashobora guteza intambara ya gatau y’isi.

Kuva yajya ku butegetsi yakomeje kugaragaza guhangana gukomeye na Leta Zunze Ubumwe za America, ibintu bigiye guteza ikibazo gikomeye kuko America nayo yafashe umwanzuro wo guhangana n’iki gihugu gikomeje gukora no kugerageza ibitwaro bya kirimbuzi umusubirizo.

Mu kwezi gushize ubwo Korea yaruguru yagerageje ibisasu bibiri, Umuryango w’Abibumbye (UN) wafatiye iki gihugu ibihano ariko cyo gihita gitangaza ko ntacyo ibihano byahindura kuri gahunda yacyo yo gucura ibitwaro bya Kirimbuzi.

-8027.jpg

Kim Jong Un

2017-09-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Babiri bafite Uburwayi bwo mu mutwe babana nk’umugore n’umugabo kandi bibateye ishema dore ko  n’umugore atwite

Babiri bafite Uburwayi bwo mu mutwe babana nk’umugore n’umugabo kandi bibateye ishema dore ko n’umugore atwite

Ubwanditsi 04 Oct 2016
Amasezerano ya Luanda azerekana isura nyayo ya Museveni, hashize imyaka 34 ashyize umukono ku masezerano yise “amasezerano y’urwenya”

Amasezerano ya Luanda azerekana isura nyayo ya Museveni, hashize imyaka 34 ashyize umukono ku masezerano yise “amasezerano y’urwenya”

Ubwanditsi 27 Aug 2019
RDC: Igisirikare cya Congo kiravuga ko kivuganye inyeshyamba 10 za ADF

RDC: Igisirikare cya Congo kiravuga ko kivuganye inyeshyamba 10 za ADF

Ubwanditsi 25 May 2018
Rusesabagina akwiye kubazwa inzirakarengane zikomeje kugirwa ingwate na MRCD zikaba ziri gupfira mu mirwano mu mashyamba ya Congo

Rusesabagina akwiye kubazwa inzirakarengane zikomeje kugirwa ingwate na MRCD zikaba ziri gupfira mu mirwano mu mashyamba ya Congo

Ubwanditsi 04 Feb 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

UmuNazi nyarwanda, Aloys Ntiwiragabo aragerageza gucecekesha abatangabuhamya bamufiteho ibimenyetso
Amakuru

UmuNazi nyarwanda, Aloys Ntiwiragabo aragerageza gucecekesha abatangabuhamya bamufiteho ibimenyetso

Ubwanditsi 18 Jan 2023
Musanze : Perezida Kagame yifuje ko habaho no Kwita Izina abana b’ Intare
Mu Mahanga

Musanze : Perezida Kagame yifuje ko habaho no Kwita Izina abana b’ Intare

Ubwanditsi 02 Sep 2016
Rwamagana : Polisi yakanguriye urubyiruko w’Abayisilamu kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge
Amakuru

Rwamagana : Polisi yakanguriye urubyiruko w’Abayisilamu kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge

Ubwanditsi 24 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru