Ikipe ya AS Kigali ndetse na Police FC zabimburiye andi makipe guhabwa uburenganzira bwo gutangira imyitozo bitegura gusubukura shampiyona y’u Rwanda ya 2020-2021
Mu gihe mu Rwanda hategurwa isubukurwa ry’imikino itandukanye, kuri ubu mu kiciro cy’umupira w’amaguru yamaze guhabwa uburenganzira na Minisiteri ya ko batangira gutegura isubukurwa ry’imyitozo ... Soma »