• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Breaking News: Bokota Labama yavuye muri AS Muhanga yerekeza muri URA yo muri Uganda

Breaking News: Bokota Labama yavuye muri AS Muhanga yerekeza muri URA yo muri Uganda

Editorial 11 Aug 2016 IMIKINO

Nyuma yaho ikipe ya Uganda Revenue Authority yo muri Uganda imaze igihe kitari gito idakora ku gikombe cya shampiyona yahisemo gukaza ubusatirizi bwayo bityo bakaba bamaze kwibikaho umukinnyi wahoze ari rutahizamu w’ikipe ya AS Muhanga akaba yaranakiniye Amavubi, Bokota Labama nubwo bivugwako ashaje gusa ni umwataka mwiza nkuko yabigaragaje mu ikipe ya AS Muhanga.

-3595.jpg

Bokota yakiniraga AS Muhanga kuri ubu yasubiye mu kiciro cya kabiri

Uyu mugabo wanyuze mu makipe ya hano mu Rwanda, arimo Rayon Sports, APR FC na Kiyovu Sports kuri ubu akaba yari umukinnyi wa AS Muhanga , yeretswe abafana kuri uyu wa Kane ku kibuga cy’imyitozo cya Gayaza iyi kipe ya Uganda Revenue Authority isanzwe ikoreraho imyitozo.

-3596.jpg

Bokota yakiniye Amavubi

Nkuko byagenze ubwo yarari hano mu Rwanda abazwa niba koko yaba agishoboye,Bokota Labama ubwo yabazwaga ni tangazamakuru ryo mu gihugu cya Uganda niba agifite ibitego mu maguru, yasubije ko ibikorwa mu kibuga bizivugira.’’njye ntacyo navuga kuri icyo kibazo gusa ibikorwa bizivugira,ninkina ngatsinda ndabizi nzaba ngusubije’’

-3597.jpg

Bokota yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa URA

Nkuko bigaragara ku rutonde rw’abakinnyi bashya bamaze kugera muri URA Bokota ni umwe muri aba bakinnyi 9 barimo: Alionzi Nafian Legason (Onduparaka), Fred Okot, Julius Mutyaba (Lweza), Harry Gentle Frank (Sofapaka – Nigeria), Hudu Mulikyi (Maroons), Richard Wandyaka (JMC Hippos), Emmanuel Ibe Obina (Mathare United), Bokota Labama Kamana (AS Muhanga).

Dore abakinnyi URA izakoresha umwaka utaha w’imikino:

Abazamu: Alionzi Nafian Legason, Cleo James Setuba na Mathias Muwanga
Ba myugariro: Samuel Sekitto, Fred Okot, Jimmy Kulaba, Harry Gentle Frank, Fahad Kawooya Kalule, Julius Ntambi na Allan Munaaba.
Abakina hagati: Oscar Agaba (Captain), Feni Ali, Jimmy Lule, Hudu Mulikyi, Nicholas Kagaba, Shafik Kagimu Kuchi, Julius Mutyaba, Elkanah Nkugwa na Richard Wandyaka.
Ba rutahizamu: Bokota Labama Kamana, Villa Oromchan, Emmanuel Ibe Obina, Peter Lwasa na Ronald Kigongo.

Ntakirutimana Alfred

2016-08-11
Editorial

IZINDI NKURU

CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

Editorial 09 Dec 2017
APR FC, Police FC, Musanze na Rayon Sports zigiye guhatanira Miliyoni 6 mu irushanwa ry’gikombe cy’Intwari 2024

APR FC, Police FC, Musanze na Rayon Sports zigiye guhatanira Miliyoni 6 mu irushanwa ry’gikombe cy’Intwari 2024

Editorial 26 Jan 2024
Perezida Paul Kagame na Minisitiri wa siporo Munyangaju Aurore Mimosa bakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzwemo na Guinée mu irushanwa rya Afrobasketball wataze itike ya 1/4

Perezida Paul Kagame na Minisitiri wa siporo Munyangaju Aurore Mimosa bakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzwemo na Guinée mu irushanwa rya Afrobasketball wataze itike ya 1/4

Editorial 31 Aug 2021
Rwatubyaye Abdoul ntari kumwe n’Amavubi yerekeje muri Cote d’Ivoire gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Rwatubyaye Abdoul ntari kumwe n’Amavubi yerekeje muri Cote d’Ivoire gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026

Editorial 03 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Canada : David Himbara yakomanyirijwe
ITOHOZA

Canada : David Himbara yakomanyirijwe

Editorial 31 Oct 2017
Nirukiye ubutunzi nsiga urukundo nyakuri none mbuze byose, nkore iki?
HIRYA NO HINO

Nirukiye ubutunzi nsiga urukundo nyakuri none mbuze byose, nkore iki?

Editorial 04 Mar 2017
Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019
IMIKINO

Mukura yatsinze Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro no gukina CAF Confederation Cup 2019

Editorial 13 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru