• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Breaking News: Bokota Labama yavuye muri AS Muhanga yerekeza muri URA yo muri Uganda

Breaking News: Bokota Labama yavuye muri AS Muhanga yerekeza muri URA yo muri Uganda

Ubwanditsi 11 Aug 2016 IMIKINO

Nyuma yaho ikipe ya Uganda Revenue Authority yo muri Uganda imaze igihe kitari gito idakora ku gikombe cya shampiyona yahisemo gukaza ubusatirizi bwayo bityo bakaba bamaze kwibikaho umukinnyi wahoze ari rutahizamu w’ikipe ya AS Muhanga akaba yaranakiniye Amavubi, Bokota Labama nubwo bivugwako ashaje gusa ni umwataka mwiza nkuko yabigaragaje mu ikipe ya AS Muhanga.

-3595.jpg

Bokota yakiniraga AS Muhanga kuri ubu yasubiye mu kiciro cya kabiri

Uyu mugabo wanyuze mu makipe ya hano mu Rwanda, arimo Rayon Sports, APR FC na Kiyovu Sports kuri ubu akaba yari umukinnyi wa AS Muhanga , yeretswe abafana kuri uyu wa Kane ku kibuga cy’imyitozo cya Gayaza iyi kipe ya Uganda Revenue Authority isanzwe ikoreraho imyitozo.

-3596.jpg

Bokota yakiniye Amavubi

Nkuko byagenze ubwo yarari hano mu Rwanda abazwa niba koko yaba agishoboye,Bokota Labama ubwo yabazwaga ni tangazamakuru ryo mu gihugu cya Uganda niba agifite ibitego mu maguru, yasubije ko ibikorwa mu kibuga bizivugira.’’njye ntacyo navuga kuri icyo kibazo gusa ibikorwa bizivugira,ninkina ngatsinda ndabizi nzaba ngusubije’’

-3597.jpg

Bokota yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa URA

Nkuko bigaragara ku rutonde rw’abakinnyi bashya bamaze kugera muri URA Bokota ni umwe muri aba bakinnyi 9 barimo: Alionzi Nafian Legason (Onduparaka), Fred Okot, Julius Mutyaba (Lweza), Harry Gentle Frank (Sofapaka – Nigeria), Hudu Mulikyi (Maroons), Richard Wandyaka (JMC Hippos), Emmanuel Ibe Obina (Mathare United), Bokota Labama Kamana (AS Muhanga).

Dore abakinnyi URA izakoresha umwaka utaha w’imikino:

Abazamu: Alionzi Nafian Legason, Cleo James Setuba na Mathias Muwanga
Ba myugariro: Samuel Sekitto, Fred Okot, Jimmy Kulaba, Harry Gentle Frank, Fahad Kawooya Kalule, Julius Ntambi na Allan Munaaba.
Abakina hagati: Oscar Agaba (Captain), Feni Ali, Jimmy Lule, Hudu Mulikyi, Nicholas Kagaba, Shafik Kagimu Kuchi, Julius Mutyaba, Elkanah Nkugwa na Richard Wandyaka.
Ba rutahizamu: Bokota Labama Kamana, Villa Oromchan, Emmanuel Ibe Obina, Peter Lwasa na Ronald Kigongo.

Ntakirutimana Alfred

2016-08-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Byiringiro Lague wakiniraga APR FC, yerekeje muri Sandvikens IF yo mu kiciro cya gatatu muri Suwede

Byiringiro Lague wakiniraga APR FC, yerekeje muri Sandvikens IF yo mu kiciro cya gatatu muri Suwede

Ubwanditsi 07 Mar 2023
APR FC yatomboye Ivoire Olympique , Rayon Sports izahura na Intare FC – Uko amakipe azahura muri 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2023

APR FC yatomboye Ivoire Olympique , Rayon Sports izahura na Intare FC – Uko amakipe azahura muri 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2023

Ubwanditsi 24 Feb 2023
APR FC yanyagiye Marines FC ikomeza kwanikira Rayon Sports

APR FC yanyagiye Marines FC ikomeza kwanikira Rayon Sports

Ubwanditsi 21 Apr 2018
RIB yataye muri yombi abakekwaho guhindura ibyangombwa by’abana bahataniraga kujya mu irerero rya Bayern Munich ryo mu Rwanda

RIB yataye muri yombi abakekwaho guhindura ibyangombwa by’abana bahataniraga kujya mu irerero rya Bayern Munich ryo mu Rwanda

Ubwanditsi 26 Oct 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunyarwandakazi wakoreraga Volcano i Burundi afunzwe ashinjwa ubutasi
INKURU NYAMUKURU

Umunyarwandakazi wakoreraga Volcano i Burundi afunzwe ashinjwa ubutasi

Ubwanditsi 09 Jan 2018
Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose
Mu Rwanda

Eddy Kenzi yegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa Uganda Music Awards 2017, Dore abegukanye ibihembo bose

Ubwanditsi 06 Aug 2017
France 24 yongeye kotswa igitutu kubera ifoto y’abasirikare b’u Rwanda
ITOHOZA

France 24 yongeye kotswa igitutu kubera ifoto y’abasirikare b’u Rwanda

Ubwanditsi 13 Sep 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru