• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

  • Bayaherewe mu Rwambariro, Rayon Sports yakiriye amafaranga nyuma yo gushimangira umwanya wa mbere   |   09 May 2025

  • Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless   |   08 May 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU» Bujumbura ‘‘mpagereranya n’ituze ryo ku irimbi’’- Charles Makaza

 Bujumbura ‘‘mpagereranya n’ituze ryo ku irimbi’’- Charles Makaza

Editorial 19 Jul 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, Mu Mahanga

Amakuru ikinyamakuru Rushyashya gikesha bimwe mu bitangazamakuru mu Burundi byanditse ko mu  gihe meya w’umujyi wa Mont-Saint-Hilaire Yves Corriveau yamaze mu Burundi cyaranzwe no kutavuga rumwe ndetse no guterana amagambo.

Uwo muyobozi wakiriwe na Perezida Pierre Nkurunziza, ubutegetsi bwe bushinjwa ibyaha byibasiye inyoko muntu, hakiyongeraho no gukorerwaho iperereza n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha.

Uwo mubano wabaye hagati ya Perezida w’u Burundi na Yves Corriveau meya w’umujyi wa Mont-Saint-Hilaire, wibanze mu gutunga agatoki abarundi batuye muri Canada, kudashyigikirwa n’abashinzwe umutekano bigenga bo mu Mujyi wa Montérégienne.

Uwo muyobozi wari uturutse muri Canada, yashoje e uruzindo rwe rw’akazi mu gihe cy’icyumweru, uwo muyobozi kandi yasinye amasezerano y’ubufatanye hagati y’uwo mujyi ayoboye na Bujumbura icyicaro cy’igihugu.

Mu gihe yamaze  mu Burundi, Meya Yves Corriveau  yakiriwe na Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza  n’umugore we Denise Bucumi

Abo bayobozi muri icyo gihe bamaranye, Meya wa Mont-Saint-Hilaire, wari ufite intego yo kumenya byimbitse ubutegetsi n’iperereza ku bijyanye n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku byaha byibasiye inyokomuntu, ubwicanyi, itotezwa, gufata ku ingufu no kubura irengero ry’abantu batandukanye.

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ruhamya ko hari ibimenyetso simusiga ko abakozi ba Leta y’u Burundi bakoze ‘‘ibitero hirya no hino mu bihe n’ahantu hatandukanye mu baturage b’abasivile bo mu Burundi’’.

Uhereye ku wa 26 Mata 2015, ubwo hatangazwaga kwiyamamaza kwa kandida perezida Nkurunziza, kuri manda ya gatatu, no ku wa 26 Ukwakira 2017, italiki yo kwiyonkora ku Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha bita CPI.

Muri icyo gihe, amagana y’abantu ngo barishwe, ibihumbi na byo bafatwa bugwate mu gihe abarenga ibihumbi 400 bahungiye mu bihugu by’amahanga, ayo makuru yemejwe n’imiryango itandukanye mpuzamahanga.

Urwo ruzinduko rw’uwo muyobozi wo  muri Canada byabaye imbarutso yo kwamamaza ko ari umunyagitugu aho Pierre Nkurunziza yakoranye ikiganiro n’igitangazamakuru cya Charles Makaza, umuvugizi w’ihuriro ry’Abarundi muri Canada (ABC), iryo ni huriro riharanira uburenganzira bwa Muntu mu Burundi, rikaba rifite intego yo gufasha impunzi z’abarundi bimukiye muri Canada.

Charles Makaza, umuvugizi w’ihuriro ry’Abarundi muri Canada (ABC) yagize ati ‘‘icyo tuzi ni uko, ni ryari uwo mubonano uzakoreshwa, ngo utange ishusho y’imitegekere y’ubutegetsi’’.

Charles Makaza,mu kiganiro yakoranye n’itangazamakuru i Bujumbura na Yves Corriveau, yavuze ko atigeze yiyumvamo ko yabaye igikoresho.

Ahubwo, Yves Corriveau, avuga ko intego y’uruzindo rwe kwari kubonana na Meya wa Bujumbura ariko ngo atungurwa no kubonana na perezida wenyine, kuko ngo yari aherekejwe n’aba ambasaderi bari mu Burundi bo muri Québec, ari we François-Xavier Pinte, pilote ushinzwe inzira z’ikirere, ufite inkomoko y’ububirigi akaba atuye Mont-Saint-Hilaire.

Ku mbuga nkoranyambaga twitter, mu biro bya perezida bahamya ko Yves Corriveau bakoranye umushyikirano na Pierre Nkurunziza, Perezida w’u Burundi.

‘‘Nta mpamvu n’imwe yatumaga ajyayo’’

Umujyanama wigenga ushinzwe umutekano wenyine (municipal indépendant) w’Umujyi wa Mont-Saint-Hilaire, Louis Toner, ahamya ko iminsi meya Corriveau yamaze mu Burundi ntabwo cyari igitekerezo cyiza, kuko ngo ‘‘bitari ngombwa kujya yo’’.

‘‘U Burundi bufite ubutegetsi  bushidikanywaho, sinshidikanya byukuri ko nta mpamvu yari gutuma ajyayo, kuko yabibwiye itangazamakuru, iyo njya kubimenya nari gutanga inama yo gusubika urwo rugendo, hakiyongeraho n’ikibazo cy’umutekano muke’’.

Louis Toner, ahamya ko uwo muyobozi w’umujyi yasigaranye na ambasaderi mu Burundi kugira ngo amuhe amakuru nyayo afatika.

‘‘uwo muyobozi w’umujyi wa Mont-Saint-Hillaire, afite uruhande rumwe rubogamye, kuko yabivuze, ndatekereza neza ko atari azi neza byukuri ni iki yinjiramo mu ruhande rwa politiki, yari akwiriye kubanza gukurura amakuru’’.

Yves Corriveau yabwiye itangazamakuru ko atabashije kubonana no kuganira n’abayobozi ba sosiyete sivile n’itsinda ry’abatavuga rumwe na Leta muri politiki.

‘‘Canada ihangayikishijwe n’uburyo bw’uburenganzira bwa muntu n’ ikiremwa muntu uburyo gifashwe mu Burundi, aho ibiro  bya komisariya y’Umuryango w’Abibumbye mu Bujumbura wasabye ko bafunga ibiro byabo muri icyo gihugu’’.ibyo bikaba byaratangajwe na Barbara Harvey, umuvugizi w’ibikorwa ku isi muri Canada.

Nubwo guverinoma y’abanya Canada ishishikariza inshuti zayo kwirinda ‘‘ingendo mu Burundi’’, ‘‘bitewe n’ikibazo cy’umutekano muke, isubiranamo ry’abasivile n’ishimuta ryitwaje intwaro’’.

Yves Corriveau yagize ati ‘‘nta cyari kimpangayikishije’’, nta cyo nigeze mbona cyanteye ubwoba, ariko mu gihe nari kumwe na mugenzi wanjye wa Bujumbura yari kumfasha mpuye n’ikibazo’’ ariko Charles Makaza ati ‘‘mpagereranya n’ituze ryo ku irimbi’’.

‘‘nyuma yo gutsikamirwa gukomeye hariho gucecekeshwa, abari mu igihugu, baratotezwa, babonye uburyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi ishyano babonye’’.

Yongeyeho ko Imbonerakure, ijisho ry’urubyiruko ry’ishyaka riri ku butegetsi, umuryango w’abibumbye barwita inyeshyamba (milice) kuko baba barereta ku misozi, ngo bazanye ituze.

Corriveau, asubiza ibibazo by’abatavuga rumwe na Leta batuye mu mahanga b’Abarundi ati ‘‘iyo uhunze igihugu, hashobora kuba hari impamvu’’ ahamya ko ‘‘Abo bantu ntibavuga rumwe n’ubutegetsi ariko njye n’umuyobozi w’umujyi naje kureba’’.

Meya wa Bujumbura ntabwo yatowe, ahubwo yashyizweho na perezida, kuko itegeko ry’Abarundi riteganya ku miyoborere ya komini.

2019-07-19
Editorial

IZINDI NKURU

Mushikiwabo ni umukandida mwiza – Kagame

Mushikiwabo ni umukandida mwiza – Kagame

Editorial 19 Jun 2018
Mporana Ubwoba Bwo Kuba Nabura Igisubizo Igihe Nabazwa Ibitagenda Neza- Perezida Kagame

Mporana Ubwoba Bwo Kuba Nabura Igisubizo Igihe Nabazwa Ibitagenda Neza- Perezida Kagame

Editorial 07 Jul 2018
Ishusho nshya y’inkiko mu rwanda muri 2018 : Guhamagarira abacamanza gushyira imbere kumvikanisha ababuranyi kurusha kubacira imanza

Ishusho nshya y’inkiko mu rwanda muri 2018 : Guhamagarira abacamanza gushyira imbere kumvikanisha ababuranyi kurusha kubacira imanza

Editorial 05 Jun 2018
Burundi: Umudepite yashinjwe gushaka kwica Perezida Nkurunziza

Burundi: Umudepite yashinjwe gushaka kwica Perezida Nkurunziza

Editorial 20 Oct 2018
Mushikiwabo ni umukandida mwiza – Kagame

Mushikiwabo ni umukandida mwiza – Kagame

Editorial 19 Jun 2018
Mporana Ubwoba Bwo Kuba Nabura Igisubizo Igihe Nabazwa Ibitagenda Neza- Perezida Kagame

Mporana Ubwoba Bwo Kuba Nabura Igisubizo Igihe Nabazwa Ibitagenda Neza- Perezida Kagame

Editorial 07 Jul 2018
Ishusho nshya y’inkiko mu rwanda muri 2018 : Guhamagarira abacamanza gushyira imbere kumvikanisha ababuranyi kurusha kubacira imanza

Ishusho nshya y’inkiko mu rwanda muri 2018 : Guhamagarira abacamanza gushyira imbere kumvikanisha ababuranyi kurusha kubacira imanza

Editorial 05 Jun 2018
Burundi: Umudepite yashinjwe gushaka kwica Perezida Nkurunziza

Burundi: Umudepite yashinjwe gushaka kwica Perezida Nkurunziza

Editorial 20 Oct 2018
Mushikiwabo ni umukandida mwiza – Kagame

Mushikiwabo ni umukandida mwiza – Kagame

Editorial 19 Jun 2018
Mporana Ubwoba Bwo Kuba Nabura Igisubizo Igihe Nabazwa Ibitagenda Neza- Perezida Kagame

Mporana Ubwoba Bwo Kuba Nabura Igisubizo Igihe Nabazwa Ibitagenda Neza- Perezida Kagame

Editorial 07 Jul 2018
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru