• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Bukavu: Kabila arashinjwa urupfu rwa Col. Elias Byinshi

Bukavu: Kabila arashinjwa urupfu rwa Col. Elias Byinshi

Ubwanditsi 26 Aug 2016 ITOHOZA

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa urupfu rwa Col.Elias Byinshi rukomeje gutera urujijo kuko yishwe avuye mu rubanza rw’umusilikare witwa Kayumbe ushinjwa icyaha cy’ubwicanyi bwabereye i Matarure, Col. Byinshi akaba yarishwe agarutse ageze hafi yiwe i Bukavu aba ariho arasirwa, nyuma y’iminsi mike hatangijwe urubanza ku bwicanyi bwabereye I Mutarule bivugwa ko yagizemo uruhare.

Nanone kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kanama 2016 I Bukavu haravugwa urupfu rw’ umu ofisiye bivugwa ko ari Coloneli w’ umunyamasisi wari wasimbuye Col. Byinshi, amakuru akavuga ko yaguye muri Douche agahita yitaba imana, abandi bakavuga ko yishwe anizwe.

Ibi bibaye nyuma y’urupfu rwa Col. Elias Byinshi ukomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge washyinguwe ku ya 24 Kanama,2016 bikaba biteye impungenge abaturage batuye umujyi wa Bukava bafite ubwoba y’uko hafite kuvuka intambara hagati y’abo mu bwoko bw’abanyamulenge Leta n’abo mu bwoko bw’Abafulero bamaze iminsi banyaga inka z’abanyamulenge.
.

Colonel Elias Byinshi wayoboraga agace ka Plaine de la Ruzizi yari asanzwe yizerwa na Kabila, akaba yarabaye umwe mungabo za RPF, nyuma ajya muri AFDL ya Kabila Mzee nyuma yinjira mungabo za leta ya Congo.

Mbere y’uko yicwa abamukuriye mu ngabo bari baje kumufata ariko amabwiriza aturutse i Kinshasa aza kubabuza nibwo yaje kwicwa.

Col Byinshi yashinjwaga nabo mu bwoko bw’Abafulero kugira uruhare mu bwicanyi bwahitanye bamwe mu bagize ubu bwoko mu gace ka Mutarule mu mwaka wa 2014 ngo akaba yari yarahamagajwe n’urukiko ariko akanga kwitaba nk’uko umwe mu basirikare yabitangarije Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa .

ONU ikaba yari yarasabye ko uyu Col.Byinshi ahagarikwa.Ngo mu ijroro ry’iyicwa rye akaba yari kumwe n’abamwe muri bene wabo bafata kamwe mu kabare, akaba kandi yari kumwe n’umurinzi we waje kuvuga ibyabaye.

-3848.jpg

Col.Elias Byinshi

Uhagarariye ubwoko bwa Bafurelo akaba avuga ko abamwishe bari bagamije gusibanganya ibimenyetso kuko ngo yari yaravuze ko yiteguye kuvugisha ukuri ku bwicanyi bwa Mutarule ku rundi ruhande Abanyamulenge bavuga ko ibi ari agashinyaguro kuko ngo Col .Byinshi nta na rimwe yigeze agambanira benewabo.


Umwanditsi wacu

2016-08-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ukuri kutavuzwe ku rugendo rwa Tshisekedi muri Uganda

Ukuri kutavuzwe ku rugendo rwa Tshisekedi muri Uganda

Ubwanditsi 31 Oct 2024
Umujenosideri Fulgence Kayishema afashwe amaze guhindura amazina inshuro 4!

Umujenosideri Fulgence Kayishema afashwe amaze guhindura amazina inshuro 4!

Ubwanditsi 26 May 2023
Kamonyi: Njyanama yahishuye ko Udahemuka yari Meya urangwa n’imyitwarire idahwitse

Kamonyi: Njyanama yahishuye ko Udahemuka yari Meya urangwa n’imyitwarire idahwitse

Ubwanditsi 21 Jun 2017
Hitabajwe Ambasade Ya Norvège Kubera Abana Bafatiwe Muri Uganda Bajyanywe Muri RNC

Hitabajwe Ambasade Ya Norvège Kubera Abana Bafatiwe Muri Uganda Bajyanywe Muri RNC

Ubwanditsi 28 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuhanzi Bonhomme yatanze ubutumwa bwo guhangana n’ibikorwa byo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye muri Mata 1994.
Amakuru

Umuhanzi Bonhomme yatanze ubutumwa bwo guhangana n’ibikorwa byo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye muri Mata 1994.

Ubwanditsi 15 Apr 2021
Ingabo z’u Rwanda zongeye guha isomo rikomeye ibyihebe muri Mozambique
Amakuru

Ingabo z’u Rwanda zongeye guha isomo rikomeye ibyihebe muri Mozambique

Ubwanditsi 04 May 2024
Police fc yabonye itike kugera muri 1/16, izahura na Vita Club Mokanda
IMIKINO

Police fc yabonye itike kugera muri 1/16, izahura na Vita Club Mokanda

Ubwanditsi 29 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru