• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Bukavu: Kabila arashinjwa urupfu rwa Col. Elias Byinshi

Bukavu: Kabila arashinjwa urupfu rwa Col. Elias Byinshi

Ubwanditsi 26 Aug 2016 ITOHOZA

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa urupfu rwa Col.Elias Byinshi rukomeje gutera urujijo kuko yishwe avuye mu rubanza rw’umusilikare witwa Kayumbe ushinjwa icyaha cy’ubwicanyi bwabereye i Matarure, Col. Byinshi akaba yarishwe agarutse ageze hafi yiwe i Bukavu aba ariho arasirwa, nyuma y’iminsi mike hatangijwe urubanza ku bwicanyi bwabereye I Mutarule bivugwa ko yagizemo uruhare.

Nanone kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kanama 2016 I Bukavu haravugwa urupfu rw’ umu ofisiye bivugwa ko ari Coloneli w’ umunyamasisi wari wasimbuye Col. Byinshi, amakuru akavuga ko yaguye muri Douche agahita yitaba imana, abandi bakavuga ko yishwe anizwe.

Ibi bibaye nyuma y’urupfu rwa Col. Elias Byinshi ukomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge washyinguwe ku ya 24 Kanama,2016 bikaba biteye impungenge abaturage batuye umujyi wa Bukava bafite ubwoba y’uko hafite kuvuka intambara hagati y’abo mu bwoko bw’abanyamulenge Leta n’abo mu bwoko bw’Abafulero bamaze iminsi banyaga inka z’abanyamulenge.
.

Colonel Elias Byinshi wayoboraga agace ka Plaine de la Ruzizi yari asanzwe yizerwa na Kabila, akaba yarabaye umwe mungabo za RPF, nyuma ajya muri AFDL ya Kabila Mzee nyuma yinjira mungabo za leta ya Congo.

Mbere y’uko yicwa abamukuriye mu ngabo bari baje kumufata ariko amabwiriza aturutse i Kinshasa aza kubabuza nibwo yaje kwicwa.

Col Byinshi yashinjwaga nabo mu bwoko bw’Abafulero kugira uruhare mu bwicanyi bwahitanye bamwe mu bagize ubu bwoko mu gace ka Mutarule mu mwaka wa 2014 ngo akaba yari yarahamagajwe n’urukiko ariko akanga kwitaba nk’uko umwe mu basirikare yabitangarije Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa .

ONU ikaba yari yarasabye ko uyu Col.Byinshi ahagarikwa.Ngo mu ijroro ry’iyicwa rye akaba yari kumwe n’abamwe muri bene wabo bafata kamwe mu kabare, akaba kandi yari kumwe n’umurinzi we waje kuvuga ibyabaye.

-3848.jpg

Col.Elias Byinshi

Uhagarariye ubwoko bwa Bafurelo akaba avuga ko abamwishe bari bagamije gusibanganya ibimenyetso kuko ngo yari yaravuze ko yiteguye kuvugisha ukuri ku bwicanyi bwa Mutarule ku rundi ruhande Abanyamulenge bavuga ko ibi ari agashinyaguro kuko ngo Col .Byinshi nta na rimwe yigeze agambanira benewabo.


Umwanditsi wacu

2016-08-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ubwongereza burasanga gutera inkunga ingabo za SADC ziri muri Kongo bishobora kongerera ikibazo ubukana.

Ubwongereza burasanga gutera inkunga ingabo za SADC ziri muri Kongo bishobora kongerera ikibazo ubukana.

Ubwanditsi 09 Sep 2024
Abana ba Zari na Ivan bagiye gupimwa DNA  hemezwe niba koko ari aba Ivan

Abana ba Zari na Ivan bagiye gupimwa DNA hemezwe niba koko ari aba Ivan

Ubwanditsi 30 May 2017
Intambara ziri kubera ku Isi muri iki gihe: Ingaruka, Impamvu n’Impungenge Mpuzamahanga

Intambara ziri kubera ku Isi muri iki gihe: Ingaruka, Impamvu n’Impungenge Mpuzamahanga

Ubwanditsi 24 Jun 2025
Tumenye bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda ( Igice 2)

Tumenye bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda ( Igice 2)

Ubwanditsi 28 Feb 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyir’ikirimi kibi! Freeman Bikorwa Singirankabo, wonse amashereka ya PARMEHUTU aracyahumanya urubyiruko
Amakuru

Nyir’ikirimi kibi! Freeman Bikorwa Singirankabo, wonse amashereka ya PARMEHUTU aracyahumanya urubyiruko

Ubwanditsi 08 Sep 2022
Umwaka wa 2015 usize abapadiri batatu ba Diyoseze ya Cyangugu aribo  Padri Thomas NAHIMANA,Fortunatus RUDAKEMWA na Padiri Eugene DUSABIREMA ibyabo bitarasobanuka
ITOHOZA

Umwaka wa 2015 usize abapadiri batatu ba Diyoseze ya Cyangugu aribo Padri Thomas NAHIMANA,Fortunatus RUDAKEMWA na Padiri Eugene DUSABIREMA ibyabo bitarasobanuka

Ubwanditsi 03 Jan 2016
Amagare: Ikipe y’igihugu  ya magare iritabira  amarushanwa nyafrika muri  Maroc
IMIKINO

Amagare: Ikipe y’igihugu ya magare iritabira amarushanwa nyafrika muri Maroc

Ubwanditsi 19 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru