• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

  • Kwihambira kuri FDLR ni Umwaku mu yindi   |   17 Aug 2026

  • Amakipe ya AS Kigali mu Bagabo n’Abagore yahinduriwe izina yitwa Kigali FC na Kigali WFC    |   16 Aug 2026

  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Burundi: Leta irasaba ko Gen Niyombare na bagenzi be bashakaga guhirika Nkurunziza bafatwa

Burundi: Leta irasaba ko Gen Niyombare na bagenzi be bashakaga guhirika Nkurunziza bafatwa

Ubwanditsi 14 Feb 2017 Mu Rwanda

Mu gihe ku rutonde rw’abatumiwe n’umuhuza Benjamin Mkapa mu biganiro byo guhuza Leta y’u Burundi n’abayirwanya hariho n’abashakishwa na Leta, pariki nkuru ya Repubulika y’u Burundi yasabye ko abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Petero Nkurunziza bafatwa.

Agnès Bangiricenge, umuvugizi wa pariki nkuru atangaza ko bifuza ko bafatwa bagashyikirizwa ubutabera. Bose hamwe bakaba ari 34, barimo abasirikare n’abapolisi 12 n’abanyapolitiki bagera kuru 21 hakiyongeraho abanyamakuru n’abandi bahagarariye imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu.

Uyu mugore uvugira pariki nkuru, akomeza asaba ibihugu bicumbikiye aba bantu bari ku rutonde rw’abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi kubafata bakabashyikiriza Leta y’u Burundi.

Kuva ku itariki ya 13 Gicurasi 2015, ubwo Coup d’Etat yari yateguye yapfubaga, Gen Niyombare ntabwo yongeye kwigaragaza, kugeza n’ubu bishidikanywaho aho yaba aherereye.

Uretse no kuba Leta y’u Burundi ishakisha Gen Niyombare, uyu musirikare waburiwe irengero na Leta zunze ubumwe za Amerika zamufatiye ibihano hamwe n’abandi basirikare barimo na Alain Guillaume Bunyoni, Minisitiri w’Umutekano, Leta ya USA ivuga ko ku buyobozi bwa Bunyoni, polisi n’insoresore z’Imbonerakure bafatanyije mu kwica no gufunga umunwa abatavuga rumwe na Leta.

Undi Godefroid Bizimana: Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Burundi, ibyo Leta ya USA imushinja ntaho bitaniye n’ibya Bunyoni.

-5737.jpg

Gen Niyombare

Naho Gen Niyombare we wahoze ashinzwe ubutasi bw’u Burundi, shinjwa ibikorwa bo guhungabanya amahoro, umutekano n’umudendezo mu Burundi, kuyobora agatsiko kagerageje guhirika Leta ya Nkurunziza ku wa 13 Gicurasi 2015,…

Undi ni Gen Cyrille Ndayirukiye wahoze ari Minisitiri w’ingabo, ubu we arafunze, yafashwe na Leta ubwo abandi bahungaga nyuma yo gupfuba kwa kudeta.

Leta ya USA yo ijya gufata ibihano ntabwo yarobanuye, bafashe ku ruhande rw’abakiri kuri Leta n’abitandukanyije nayo, ariko Abo Leta y’u Burundi ishaka ntabwo Bunyoni na Godefroid Bizimana barimo kuko n’ubundi ni abayobozi ndetse n’ibyo bashinjwa irabihakana.

2017-02-14
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Minisiteri y’abakozi yatanze konji y’umunsi mukuru wa Eid – El- Fitr

Minisiteri y’abakozi yatanze konji y’umunsi mukuru wa Eid – El- Fitr

Ubwanditsi 15 Jun 2018
Amb. Amri Sued  yitabye Imana

Amb. Amri Sued yitabye Imana

Ubwanditsi 06 Oct 2017
FDLR : Major Barrack Anan yafatiwe kuri station ya polisi yo muri kampala

FDLR : Major Barrack Anan yafatiwe kuri station ya polisi yo muri kampala

Ubwanditsi 05 Apr 2016
Ingabo z’u Rwanda zirahakana amakuru avuga ko zinjiye ku butaka bwa Congo

Ingabo z’u Rwanda zirahakana amakuru avuga ko zinjiye ku butaka bwa Congo

Ubwanditsi 26 Apr 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibimenyetso 10 NATO izereka Trump ko Uburusiya burimo gutegura Intambara
ITOHOZA

Ibimenyetso 10 NATO izereka Trump ko Uburusiya burimo gutegura Intambara

Ubwanditsi 19 Nov 2016
Ali Kiba uherutse kurushinga yagejejwe mu rukiko
Mu Mahanga

Ali Kiba uherutse kurushinga yagejejwe mu rukiko

Ubwanditsi 07 May 2018
Umuyobozi muri RSSB arahamya ko yibwe n’abana b’abakobwa nyuma yo gushaka kubafasha
INKURU NYAMUKURU

Umuyobozi muri RSSB arahamya ko yibwe n’abana b’abakobwa nyuma yo gushaka kubafasha

Ubwanditsi 09 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru