Uyu Lt.Col Darius IKURAKURE, ni umwe mu basilikare bafitanye isano ya bugufi na Perezida Petero Nkurunziza. Ni umwe mu bari ku isonga ry’ibikorwa byo kunyuruza abanyagihugu batavuga rumwe na Leta, cyangwa gusa uwo biketse. Amakuru aturuka I Bujumbura, aravuga ko uwamurashe yahise ajugunya inkoho ye aho ngaho akarenga ikigo akigendera. Kugeza ubu ariko ntibatangaza amazina y’uwo wamurashe. Ubu hari urwikekwe rurimo n’icyoba cyo kwihora hagati mu gisilikare, dore ko bakunze kubibonera mu ndorerwamo y’amoko.
Inkuru zigezweho
-
Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe ni muntu ki? | 24 Jul 2025
-
Harimo na tike ya Miliyoni 2 ku mukino Rayon Sports izahuramo na Yanga SC kuri Rayon Day | 22 Jul 2025
-
Police FC yatangiye umwiherero w’icyumweru kimwe mu karere ka Rubavu hitegurwa umwaka w’imikino wa 2025-2026 | 21 Jul 2025
-
Abadiplomate ba Tshisekedi bakomeje gufatirwa muri magendu y’ibiyobyabwenge | 21 Jul 2025
-
Ibihe bizirikanwa by’Ivuka ry’u Rwanda rushya rwa bose rwubatswe na FPR Uhereye 1994 | 20 Jul 2025
-
Moïse Katumbi yamaganye icyemezo cya Perezida Tshisekedi cyo guterera inkunga amakipe y’i Burayi mu gihe abaturage bishwe n’inzara | 18 Jul 2025