Habura amasaha make ngo hatangazwe abakandida ndakuka mu matora ya FERWAFA, Gacinya yangiwe kwiyamamaza
Kuri uyu wa gatatu guhera ku isaha ya Saa cyenda zuzuye nibwo ku kicaro cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA hatangazwa urutonde ndakuka rw’abakandida bemerewe ... Soma »









