• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»CHAN: Ibihugu 3 muri ¼, 2 byarasezerewe, amakarita 2 atukura,… Ibimaze kuranga imikino 16 imaze gukinwa

CHAN: Ibihugu 3 muri ¼, 2 byarasezerewe, amakarita 2 atukura,… Ibimaze kuranga imikino 16 imaze gukinwa

Ubwanditsi 24 Jan 2016 IMIKINO

Mu gihe kuri icyi Cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2016, hatangira imikino y’umunsi wa 3 ari na wo wa nyuma mu matsinda agize CHAN iri kuba ku nshuro ya kane hano mu Rwanda, ibihugu bitatu muri 16 byitabiriye iri rushanwa byamaze kubona tike ya ¼ mu gihe ibindi bibiri byamaze gusezererwa muri iyi CHAN.

-1905.jpg

Guinea ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe mu kwishyura iturutse inyuma, ubugira kabiri

Ni irushanwa ryatangiye tariki ya 16 Mutarama, mu mijyi itatu ya hano mu Rwanda, Kigali, Huye na Rubavu.

-1906.jpg

CHAN yaritabiriwe………..

Kuri uyu wa Gatandatu, nibwo imikino y’umunsi wa kabiri mu matsinda y’iri rushanwa wasojwe mu gihe imikino isoza iy’amatsinda itangira kuri iki Cyumweru.
Ibitego 37

Mu mikino 16 imaze gukinwa muri CHAN y’uyu mwaka, hamaze kubonekamo ibitego 37.

Ni ukuvuga ko impuzandengo kuri buri mukino, nibura habonekamo ibitego 2.3.
Umukino Nigeria yatsinzemo Niger ibitego 4-1 ni wo wabonetsemo ibitego byinshi mu gihe kunganya ubusa ku busa bimaze kuba inshuro 2.
-1907.jpg
Ahmed Akaichi wa Tunisia, umaze gutsinda ibitego 3

Kunganya gukomeye kumaze kugaragara ni 2-2, ku ruhande rwa Guinea yishyura iturutse inyuma!

munya Nigeria, Chisom Chikatara Elvis, umwe rukumbi watsinze ibitego bitatu mu mukino umwe mu iri rushwanwa ubwo batsinda Niger ibitego 4-1, ni we umaze kubona incundura inshuro nyinshi n’ibitego 4 mu gihe umunya Tunisia, Ahmed Akaichi we amaze gutsinda ibitego bitatu muri rushanwa.

Umukongomani Joel Kimwaki, kapiteni wa Congo Kinshasa, ni we mukinnyi rukumbi, umaze kwitsinda igitego muri iri rushanwa, hari mu mukino batsinzemo Angola ibitego 4-2.
-1908.jpg
RD Congo yabonye tike ya 1/4 itsinze Ethiopia na Angola

Ibihugu 3 muri ¼

Mbere yuko imikino isoza iyo mu matsinda itangira uyu munsi, amakipe y’ibihugu by’u Rwanda, RD Congo na Zambia, yamaze kwizera gukomeza muri ¼ .
Muri ibi bihugu ariko, ikipe y’u Rwanda Amavubi ni yo yonyine yamaze kwizera kuzamuka ari iya mbere mu gihe izindi zizategereza imikino isoza amatsinda.

Ibihugu 2 byarasezerewe!
-1909.jpg
Zimbabwe (bambaye umunhondo) baraye basezerewe

Kugeza ubu, Angola yo mu itsinda B na Zimbabwe yo mu itsinda D ni yo makipe yamaze kumenya ko adashobora gukomeza muri ¼ nyuma yo gutsindwa imikino yombi ibanza mu matsinda mu gihe andi makipe agihanyanyaza, amenshi arwana n’imibare isa n’idashoboka.


M.Fils

2016-01-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Iradukunda Bertrand uheruka gutandukana na Musanze FC, yerekeje muri Canada

Iradukunda Bertrand uheruka gutandukana na Musanze FC, yerekeje muri Canada

Ubwanditsi 20 Oct 2023
APR FC na Rayon Sports zizacakirana ku munsi wa Gatanu wa shampiyona ya PNL – Uko tombola yose yagenze

APR FC na Rayon Sports zizacakirana ku munsi wa Gatanu wa shampiyona ya PNL – Uko tombola yose yagenze

Ubwanditsi 20 May 2021
Bidatunguranye Lionel Messi yegukanye ” Ballon d’Or “ya gatanu

Bidatunguranye Lionel Messi yegukanye ” Ballon d’Or “ya gatanu

Ubwanditsi 13 Jan 2016
Abakinnyi 4 ba banyarwanda berekeje gukina muri  Slovakia

Abakinnyi 4 ba banyarwanda berekeje gukina muri Slovakia

Ubwanditsi 07 Jul 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urunturuntu hagati ya Perezida Museveni na Nkurunziza
ITOHOZA

Urunturuntu hagati ya Perezida Museveni na Nkurunziza

Ubwanditsi 23 Jan 2019
Umusore uheruka kurongora Irene Uwoya yazinutswe gukunda ibyamamare
HIRYA NO HINO

Umusore uheruka kurongora Irene Uwoya yazinutswe gukunda ibyamamare

Ubwanditsi 16 May 2019
CAN 2017: Abahungu ba Abedi Pele basezereye DR Congo ya Florent Ibenge
IMIKINO

CAN 2017: Abahungu ba Abedi Pele basezereye DR Congo ya Florent Ibenge

Ubwanditsi 30 Jan 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru