• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Dusingizimana  yabuze ubufasha  bw’amadolari 1 270$ ngo yitabire umurage Mpuzamahanga wa ba Miss muri Singapul

Dusingizimana  yabuze ubufasha  bw’amadolari 1 270$ ngo yitabire umurage Mpuzamahanga wa ba Miss muri Singapul

Ubwanditsi 14 Feb 2019 HIRYA NO HINO

Dusingizimana Furaha Appolline utuye mu Mudugudu wa Tetero, Umurenge wa Kimisagara Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali aravuga ko yabuze ubufasha, harimo no kubura ticket kugira ngo abashe kwitabira irushanwa rya ‘‘Miss Helitage International’’ mu igihugu cya Singapul ku mugabane wa Asia, amahirwe akaba agenda ayoyoka kuko iminsi isigaye ibarirwa ku intoki.

Dusingizimana Furaha Appolline ufite imyaka 22 y’amavuko akaba yararangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2015 n’ikiniga n’agahinda kenshi avuga ko abura amafaranga amadolari 1270$ yo kugenda no kugaruka kuko ababatumiye anafite n’ubutumire (invitations) bamubwiye ko bazamwishingira icumbi n’ibindi bikenewe nk’ifunguro n’ibindi bikenewe.

Uwo mwari avuga ko kugira ngo abone ayo mahirwe yabibonye kuri murandasi (interneti) na we apima amahirwe ye bamubaza ibibazo agenda asubiza kugeza ubwo yabitsinze bamwohereza ubutumire (invitations) atangira gushaka ibyangombwa bikenewe byose harimo na passport byose arabibona ariko abura ubushobozi bwo kubona amafaranga y’urugendo kugira ngo agereyo.

Dusingizimana Furaha Appolline

Furaha ngo yajye kwibwira inama ko agomba kwegera ubuyobozi bukamufasha kuko n’ubundi ari bo bari bamufashije kubona bimwe mu byangombwa, yegereye urwego rufite umuco mu inshingano LARC (Inteko y’Umuco n’Ururimi) na bo bamwohereza kuri Minisiteri ya Siporo n’Umuco (Minispoc) ariko baza kumuhakanira ko badafite mu ingengo y’imari ibishinzwe bamusaba ko yakwihangana bakazamurebera ikindi yazakora kuko bidashobotse.

Uwo mwari wari wagize amahirwe yabwiye itangazamakuru ko yari yaramaze kwitegura kuzaserukira u Rwanda kandi ko yari amaze kuba yariteguye afite ibikoresho bijyanye n’umuco nyarwanda kuko biri mu byangombwa agomba kuzerekana.

Bimwe mu bibazo ngo yagiye abazwa harimo kuba yarabajijwe ibiro n’igihagararo, ubwenegihugu, agenda abisubiza kugeza ubwo bamwemereye ko agomba kuza agahatana hamwe n’abandi avuga ko bamwe muri bagenzi be bamaze kugenda ariko we nk’uhagarariye u Rwanda akaba ari we ukibura kuko irushanwa rigomba kuzarangira ku wa 17 Gashyantare 2019 avuga ko abonye ticket kuri ubu yaba agifite amahirwe yo kwitabira irushanwa ry’umurage mpuzamahanga wa aba Nyampinga (Miss Heritage International).

Nanone yatangarije itangazamakuru ko ababyeyi be bakoze ibishoboka ku ruhande rwabo nko kugura imyenda ijyanye n’umuco, ibikoresho n’ibindi ariko ubushobozi bwo kubona amafaranga y’urugendo aba ari yo abura akaba yasaba abagiraneza ko bamufasha akabasha kuzitabira iryo serukiramuco muri Singapulu kugira ngo azagaragaze umuco nyarwanda n’ibyiza bitatse u Rwanda twifuza. No ye yabonekaho ni 078 4226922.

2019-02-14
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Reba  Udushya Twaranze Umunsi w’ Irahira rya Perezida Raila Odinga

Reba Udushya Twaranze Umunsi w’ Irahira rya Perezida Raila Odinga

Ubwanditsi 31 Jan 2018
Urujijo ku byavuye mu iperereza ku rupfu rwa Agnes uherutse gupfa bitunguranye

Urujijo ku byavuye mu iperereza ku rupfu rwa Agnes uherutse gupfa bitunguranye

Ubwanditsi 02 May 2018
Mutesi Jolly ngo ntiyigeze yitukuza; biterwa na camera

Mutesi Jolly ngo ntiyigeze yitukuza; biterwa na camera

Ubwanditsi 13 Feb 2019
Col. Nizeyimana bita ‘Ruhambabazima’ wo muri FDLR yishyikirije FARDC

Col. Nizeyimana bita ‘Ruhambabazima’ wo muri FDLR yishyikirije FARDC

Ubwanditsi 25 Dec 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Safi avuga ko Humble na Nizzo ari bo bashatse gusezera muri Urban Boyz mbere ye
SHOWBIZ

Safi avuga ko Humble na Nizzo ari bo bashatse gusezera muri Urban Boyz mbere ye

Ubwanditsi 29 Nov 2017
Ubutinganyi ntabwo buraba ikibazo ku Rwanda – Perezida Kagame
POLITIKI

Ubutinganyi ntabwo buraba ikibazo ku Rwanda – Perezida Kagame

Ubwanditsi 25 Sep 2016
Uko Sulah Wakabiligi Nuwamanya yabaye igikoresho cya  RNC/CMI asiga u Rwanda icyasha nyamara rwita ku muryango we yataye
INKURU NYAMUKURU

Uko Sulah Wakabiligi Nuwamanya yabaye igikoresho cya  RNC/CMI asiga u Rwanda icyasha nyamara rwita ku muryango we yataye

Ubwanditsi 27 Sep 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru