• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Gilbert Mwenedata, Mpemukendamuke, Umunyaburiganya Wahunze U Rwanda, Ubu Niwe Muzindaro w’Abarutuka!

Gilbert Mwenedata, Mpemukendamuke, Umunyaburiganya Wahunze U Rwanda, Ubu Niwe Muzindaro w’Abarutuka!

Ubwanditsi 26 Aug 2020 INKURU NYAMUKURU

Iyi ndashima Gilbert Mwenedata abenshi bayimenye muw’ 2017 ubwo yiyamamarizaga ngo kuyobora U Rwanda. Ibi abenshi twanabibonyemo agasuzuguro ku gihugu, kubona abantu nka Barafinda na Mwenedata barota kuba Perezida w’Abanyarwanda.

Uyu Mwenedata we si n’umuti w’amenyo gusa, ahubwo ni n’umunyaburiganya, kuko ubwo Komisiyo y’Amatora yamusabaga urutonde rw’abantu bashyigikiye kandidatire ye(nk’uko biteganywa n’amategeko), yazanye ururiho n’abantu bapfuye, yigana imikono yabo, Ubundi iki ni icyaha gihanwa biremereye kuko ari ugukoresha impapuro mpimbano.

Ng’uko uko Mwenedata yaboneye iy’ubuhunzi, ubu akaba atuye muri USA, aho yirirwa tukanira.
Mu kiganiro aherutse kugirana na”Biza Tubireba Tugaceceka”(iri zina ubwaryo risekeje nka ba nyiraryo), Televiziyo yo kuri Youtube bizwi ko ari iy’abantu badashakira ineza uRwanda,Gilbert MWENEDATA yumvikanye asaba abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kuva mu muryango wa RPF-Inkotanyi, ngo kuko ishakira indonke mu mibiri y’abapfuye. Abumvise aya magambo ariko ntiyabatunguye, ngo kuko n’ubusanzwe Gilbert MWENEDATA ari Mpemuke ndamuke, Nyamwangiyobyavuye wanze uwamuhaye. Iyo RPF asebya niyo yahagaritse Jenoside, ituma nawe ubwe abaho,Ese koko uretse izi ndashima, ninde warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi wakwirengagiza ineza yagiriwe na Leta irangajwe imbere na FPR-Inkotanyi, Ninde utazi amamiliyari ya Leta agenda ku buvuzi, ku burezi, amacumbi, inkunga y’ingoboka n’ibindi bigenewe gufata mu mugongo abarokotse Jenoside?.

Mu mwaka wa 2018, uyu Gilbert Mwenedata yashinze ikiryabarezi kitwa People’s Initiative for Democratic Alliance (PIDA), gitangira gukorana n’izindi nzererezi zitunzwe no gusebya urwababyaye, Ng’uko yagiranye igihango na Daphrose Nkundwa wigeze kuyobora ishyirahamwe-baringa RIFDP ryo mu Bubiligi,Charlotte Mukankusi, inkunguzi yo muri RNC, Jean-Marie Vianney Ndagijimana , watubereye imfura mbi, ubwo igihe yari Ministiri wa mbere w’ububanyi n’amahanga muri Leta y’Ubumwe, yatorokanaga ibihumbi 200 by’amadolari yari ahawe ngo ajye gufungura za Ambasade mu mahanga, n’abandi bapfuye bahagaze.

Gilbert MWENEDATA kandi ni umwe mu bashyize umukono ku bipapuro ngo bihururiza Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ukibaza uwabasabye kumuvugira bikagushobera.

Muri bo harimo Thabita Gwiza wo mu gatsiko ka ARC-Urunana, kagizwe n’ibigarasha byiyomoye kuri Kayumba Nyamwasa, umugore-gito Tasiyana washakanye na Rusesabagina, ya Nterahamwe-Parimehutu kabombo, Iyo urebye umwirondoro w’abasinye ibyo bipapuro, usanga ari ba bantu n’ubundi utategerezaho ijambo rizima, bamwe nabo ubwabo batazi icyo bashaka.
Gilbert Mwenedata rero niba ari n’ikikuramutsa ushaka, wigishaka mu izina ry’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko ntawagutumye kubavugira, Bubaha Ubuyobozi bw’uRwanda, si indashima nkawe, Komeza ute ibitabapfu, urebe ko bwacya kabiri aho ubundabunda iyo mu buhungiro, ariko amaherezo amateka azakwereka ko Abanyarwanda wibeshya ko ushukashuka bagusize mu bitekerezo.

2020-08-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

M23 yashyize hanze amabanga yagiranye na Perezida Tshisekedi na mbere yuko atorerwa kuyobora iki gihugu

M23 yashyize hanze amabanga yagiranye na Perezida Tshisekedi na mbere yuko atorerwa kuyobora iki gihugu

Ubwanditsi 16 Jun 2022
Amb. Gasana Eugène ntaritaba urukiko rumukurikiranyeho gusambanya umukobwa ku ngufu

Amb. Gasana Eugène ntaritaba urukiko rumukurikiranyeho gusambanya umukobwa ku ngufu

Ubwanditsi 04 Mar 2020
U Rwanda rwigiye ku mateka mabi rwanyuzemo ku buryo ubu rurangamiye ahazaza- Perezida Kagame

U Rwanda rwigiye ku mateka mabi rwanyuzemo ku buryo ubu rurangamiye ahazaza- Perezida Kagame

Ubwanditsi 04 Jul 2019
Rusesabagina ngo yaba avuye I Burundi gusura ingabo za FLN mugihe Sankara avugwa muri Uganda

Rusesabagina ngo yaba avuye I Burundi gusura ingabo za FLN mugihe Sankara avugwa muri Uganda

Ubwanditsi 04 Oct 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR FC yageze muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro 2023 isezereye Marine FC ku giteranyo cy’ibitego 6-3
Amakuru

APR FC yageze muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro 2023 isezereye Marine FC ku giteranyo cy’ibitego 6-3

Ubwanditsi 26 Apr 2023
Leta ya Uganda yiyemeje gushyira mu bikorwa ibyifuzo byose by’u Rwanda, birimo no kurekura Abanyarwanda bari bafungiye ahantu hatazwi
Amakuru

Leta ya Uganda yiyemeje gushyira mu bikorwa ibyifuzo byose by’u Rwanda, birimo no kurekura Abanyarwanda bari bafungiye ahantu hatazwi

Ubwanditsi 29 Jan 2022
Burundi: Perezida Nkurunziza avuga ko ataziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu mu 2020
POLITIKI

Burundi: Perezida Nkurunziza avuga ko ataziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu mu 2020

Ubwanditsi 07 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru