• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Guverinoma y’u Rwanda irashimira abakinnyi n’abafana b’amasiganwa y’Isi y’Amagare 2025 ari kubera i Kigali bwambere ku mugabane wa Afurika

Guverinoma y’u Rwanda irashimira abakinnyi n’abafana b’amasiganwa y’Isi y’Amagare 2025 ari kubera i Kigali bwambere ku mugabane wa Afurika

Ubwanditsi 24 Sep 2025 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, Mu Rwanda, UBUKERARUGENDO, UBUKUNGU

Nyuma y’iminsi itatu y’irushanwa rya shampiyona y’Isi y’’Amagare abakinnyi basiganwa n’ibihe buri umwe ku giti cye (Individual Time Trial – ITT), guverinoma y’u Rwanda irashimira abaryitabiriye.


U Rwanda, nk’igihugu cyakiriye iri rushanwa rikomeye, rurashimira abakinnyi bose bitabiriye ndetse n’abafana bitabiriye ku bwinshi bagaragaza ishyaka n’urukundo bafitiye uyu mukino.

Mu byiciro bitandukanye byitabiriwe, abakinnyi bagaragaje imbaraga zidasanzwe, bamwe bagera ku ntsinzi ikomeye yo kwegukana umudali w’isi:


Marlen Reusser
niwe uheruka kwegukana umudali wa Zahabu mu cyiciro cy’abagore bakuru.


Zoe Bäckstedt
, umwongerezakazi ukiri muto ariko ufite impano idasanzwe, yatsinze mu cyiciro cy’abakobwa batarengeje imyaka 23.


Megan Arens
yigaragaje nk’umukinnyi mwiza w’ahazaza, yegukana umudali wa zahabu mu cyiciro cy’abakobwa batarengeje imyaka 19.

Kabuhariwe Remco Evenepoel wo mu Bubiligi, uzwiho guhatana ku rwego rwo hejuru, yongeye kwandika izina rye mu mateka yegukana intsinzi mu cyiciro cy’abagabo bakuru.


Jakob Söderqvist
wo muri Suwede, yerekanye ubuhanga bw’abasore bakiri bato, atsinda mu cyiciro cy’abahungu batarengeje imyaka 23.


Michael Mouris
wagaragaje imbaraga mu bakirimo kubyiruka, yegukanye intsinzi mu cyiciro cy’abahungu batarengeje imyaka 19.

Nyuma y’aho a ba batsinze mu byiciro bitandukanye, niho Guverinoma y’u Rwanda yashimiye aba bitwaye neza kubera uburyohe n’ubushobozi berekanya.


Aha kandi niho u Rwanda rwongeye gurashimira cyane abaturage barwo ku bwitabire budasanzwe bagaragaje mu mihanda ya Kigali aho iri siganwa ririmo guca.


Iyo urebye abakunzi b’uyu mukino hirya no hino mu mujyi wa Kigali, usanga buri munsi aba ari uw’ibirori, byinyuze mukino ndirimbo, inyambarire ndetse n’ubwitabire budasanzwe.


Kuba Guverinoma y’u Rwanda yanyujije itangazo ryo gushima abitahiriye bose ku mbuga nkoranyambaga, ni ikimenyetso cy’uko mu byiciro bitandukanye leta y’u Rwanda ibonamo kwishima kw’abanyarwanda.

Ibi bikaza biherekezwa n’uko mu mateka ya shampiyona y’isi y’Amagare ari ubwambere uyu mugabane wa Afurika wakiriye iri rushanwa.


Kuba ribereye mu Rwanda, bifite ubusobanuro bwagutse ku benegihugu ndetse na Leta muri rusange idahwema gushyira umuturage wayo ku isonga.

Uhereye uri uyu munsi ndetse n’iminsi isigaye y’irushanwa, abanyarwanda n’abashyitsi bose baratumiwe gukomeza kwitabira no gushyigikira irushanwa rikomeje kubera mu rwa Gasabo.

2025-09-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Radiyo yo mu Bufaransa itanga urubuga ku bahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi nka Judi Rever

Radiyo yo mu Bufaransa itanga urubuga ku bahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi nka Judi Rever

Ubwanditsi 29 Oct 2020
Nyampinga wa Zambia Louisa Chingangu Yambuwe Ikamba n’abategura iryo rushanwa

Nyampinga wa Zambia Louisa Chingangu Yambuwe Ikamba n’abategura iryo rushanwa

Ubwanditsi 16 May 2017
Sankara wavugaga ko ari kuvuguta umuti usharira , yeretswe Abanyamakuru i Kigali yambaye ipingu [ VIDEO ]

Sankara wavugaga ko ari kuvuguta umuti usharira , yeretswe Abanyamakuru i Kigali yambaye ipingu [ VIDEO ]

Ubwanditsi 17 May 2019
Nyuma y’imyaka 7 akinira APR FC, Buregeya Prince yatandukanye n’ikipe y’Ingabo z’Igihugu

Nyuma y’imyaka 7 akinira APR FC, Buregeya Prince yatandukanye n’ikipe y’Ingabo z’Igihugu

Ubwanditsi 14 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kigali : CAF yasinyanye  amasezerano  y’imyaka ine n’ ishyirahamwe ryo muri Asia
IMIKINO

Kigali : CAF yasinyanye amasezerano y’imyaka ine n’ ishyirahamwe ryo muri Asia

Ubwanditsi 15 Jan 2016
Abantu 652 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha mu byumweru umunani
HIRYA NO HINO

Abantu 652 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha mu byumweru umunani

Ubwanditsi 24 Oct 2019
Gen. Maj. Jean Bosco Kazura mu itsinda rigenzura niba Cameroun ikwiye kwakira CAN ya 2019
Mu Mahanga

Gen. Maj. Jean Bosco Kazura mu itsinda rigenzura niba Cameroun ikwiye kwakira CAN ya 2019

Ubwanditsi 01 Nov 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru