• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – APR FC na Rayon Sports zageze mu kiciro cya cya kabiri cy’Imikino Nyafurika ya CAF, Al Hilal na Al Merrikh zihagaze neza   |   13 Sep 2026

  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Hari gukorwa amavugurura kuri zone , izasimburwa na rejiyo,tube uturere dutanu aho gukomeza kuba turindwi:Bugingo

Hari gukorwa amavugurura kuri zone , izasimburwa na rejiyo,tube uturere dutanu aho gukomeza kuba turindwi:Bugingo

Ubwanditsi 09 May 2018 Mu Rwanda

Kuri uyu wagatatu I Kigali hateraniye inama yateguwe n’umuryango  wa Afurika yunze ubumwe ishami rya siporo,yitabiriwe n’abahagarariye afurika yunze ubumwe bashinzwe  siporo ,imiryango ya siporo cyana cyane NOCA ishyirahamwe rya komite orempike muri afurika ari naryo rihagarariye amakomite orepike yo muri Afurika yose, abahagarariye uturere twa siporo muri afurika mu duce dutandukanye afurika y’amajyepfo,iy’amajyaruguru,iyo hagati n’iburengerazuba.

Muri iyi nama hari kuganirwaho amavugurura kuri zone ,aho kugirango habeho zone izasimburwa na rejiyo,tube uturere dutanu aho gukomeza kuba turindwi , baganiriyeho munama zagiye zibanziriza iyi,u Rwanda rukaba ruri mu karere ka  kane,icyari zone ya gatanu.

Bugingo Emmanuel umuyobozi ushinzwe ishami rya siporo muri minisiteri ya siporo yagiza ati” impinduka ni uko hazavamo igihugu cy’U Burundi,Egypt. Hakazinjiramo ibihugu bikikije  iyanja y’abahinde nka Madagascar,Mouritius,Senegal na Comoros,Seychelles,muri rusange bikaba ari ibihugu cumi na bine,aho byari cumi na kimwe.icyari zone ya gatanu ni ukuva mu gihugu cy’u Burundi,Rwanda ,Sudan,Uganda ,Sudan y’amajyepfu,Kenya ,Eritrea,Ethiopia ,Djibouti muri rusange bikaba byari ibihugu 11.

Bugingo akomeza avuga ko ntacyo bizahinduraho cyane kubijyanye n’imiterere  ko icyo bizahindura ari imiterere y’uturere kandi ko ntacyo bizahindura ku Rwanda ku buryo bw’imiterere nyuma y’aya mavugurura ubwo abaminisitiri ba siporo bazaba babyemeje.

Afurika yunze Ubunwe yifuza ko icyicaro cy’Akarere ka kane cyaba I Kigali ,kuko bashima imiyoborere y’u Rwanda ,kuba u Rwanda ibyo Rukoze rubitunganya, mu kifuza cy’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe bavuga ko icyicaro kibaye I Kigali byaba  byiza kurushaho.

Akomeza avuga ko u Rwanda ari igihugu gishimwa cyane kandi gikora neza , gifite imiyoborere mwiza, ati”ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda bufitiwe icyizere”. Nyuma yibi biganiro icyemezo kizafatwa n’abaminisitiri ba siporo,ariko ku ruhande rw’u Rwanda  hazarebwa ibisabwa n’ibyo ibindi bihugu bisabwa.

 

Nkundiye Eric

2018-05-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Rtd. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana

Ubwanditsi 18 Sep 2018
Rusizi : Kagame  yiyamamarije mu  Murenge wa Nyakabuye na Gihundwe

Rusizi : Kagame yiyamamarije mu Murenge wa Nyakabuye na Gihundwe

Ubwanditsi 28 Jul 2017
Nkurunziza yagize icyo avuga ku Rwanda na Kagame

Nkurunziza yagize icyo avuga ku Rwanda na Kagame

Ubwanditsi 02 Jan 2016
Gabiro : Perezida Kagame yahuye n’itsinda ryamufashije kunoza amavugurura akenewe muri AU

Gabiro : Perezida Kagame yahuye n’itsinda ryamufashije kunoza amavugurura akenewe muri AU

Ubwanditsi 27 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mu kwitegura amatora, Tshisekedi yiteze umutego uzamushibukana, ashyira Bemba na Kamerhe muri guverinoma.
Amakuru

Mu kwitegura amatora, Tshisekedi yiteze umutego uzamushibukana, ashyira Bemba na Kamerhe muri guverinoma.

Ubwanditsi 28 Mar 2023
Hakuzimana Rashid yahamwe n’ibyaha byose aregwa, akatirwa gufungwa imyaka irindwi.
Amakuru

Hakuzimana Rashid yahamwe n’ibyaha byose aregwa, akatirwa gufungwa imyaka irindwi.

Ubwanditsi 08 Oct 2024
Rulindo: Babiri bafatanwe ibiro 400 by’amabuye y’agaciro bari bibye
Mu Mahanga

Rulindo: Babiri bafatanwe ibiro 400 by’amabuye y’agaciro bari bibye

Ubwanditsi 06 Jan 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru