• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»POLITIKI»Hatabayeho FPR na Paul Kagame ntaho u Rwanda rwagana

Hatabayeho FPR na Paul Kagame ntaho u Rwanda rwagana

Editorial 16 Sep 2016 POLITIKI

Mu ikiganiro yahaye Ikinyamakuru Rushyashya umunyarwandakazi ukorera ubucuruzi mu gihugu cya Uganda Hirwa Clarisse, avuga ko impamvu ikomeye akunda Nyakubahwa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda ari uko yagejeje u Rwanda ku Iterambere, namwe mwirebera.

Ati : Mufite umutekano, Mufite Amahoro n’Iterambere ririgaragaza mu Igihugu cyacu cy’u Rwanada.

Yabajijwe ikibazo kigira kiti ese hagati y’u Rwanda na Uganda ubona ari iki cyatandukanya ibyo Ibihugu ushingiye kubyo uvuze by’Iterambere ?

Hirwa asubiza agira ati u Rwanda by’umwihariko hari amahoro arambye ubwo mu Igihugu cya Uganda usanga abantu barwana bagakubitana bagakomeretsanya imvururu z’urudaca za hato na hato abantu barwanira Ubutegetsi nkaho barwanira umupira !

Atanga urugero kuri Cyiza Besigge ubwo ahora akora amarorerwa yitwaje ko ari umunya poritike urwanira ubutegetsi agamije kurwanya Yoweli Kaguta Museven. Ati Besigge n’abandi nkawe ntabwo bashobora kuba mu Rwanda. Akagira ati twifuza u Rwanda ruzira Bessigge.

Uyu Hirwa uvuga ko asanzwe ari umucuruzi mu Igihugu cya Uganda akaba ari naho yavukiye yabonye ko amaze kurangiza Kaminuza ahitamo kwihangira imirimo ubwo agerageza no guhuza abagore n’abakobwa baba mu igihugu cya Uganda b’Abanyarwanda kazi abakangurira kuvana amaboko mu imifuka abigisha gukunda Igihugu cyababyaye cyane ko ngo ababa mu Igihugu cya Uganda badakunda u Rwanda. Yagize ati n’intambara ndende kubwira abantu baba Uganda ibya Kigali !

Urababwira ariko ntabwo bumva gusa nkomeza kurwana iyo intambara kuko yumva ari umusanzu agomba guha Igihugu cye.

-4074.jpg

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame

Ati: Byumwihariko ubu u Rwanda rugeza aheza ubwo ruri hafi kwihitiramo uzaruyobora mu mwaka wa 2017 niyo mpamvu ntagomba guceceka ngomba kubigisha inzira nziza maze twese tukazitorera Rudatezuka ku Imihigo Paul KAGAME kuko imvugo ariyo ingiro.

Yakomeje agira ati : kubura Paul Kagame ni ukwikura amata mu akanwa niyo mpamvu aho nzaba ndi hose mu Igihugu cya Uganda nzajya mvuga ibigwi bye bamumenye kandi birushijeho.

Ati :yahaye abagore ijambo nanjye ngomba kubivuga ntawe ubuzwa uburenganzira bwe mu Igihugu cy’u Rwanda bitewe n’uko ari umugore. Ati: niba namwe abanyamakuru mubibona mwakanshyigikiye tukarata ibigwi by’ubikwiye. Ntawundi ni Paul Kagame atabaye Perezida muri 2017 ntabwo gewe nazagaruka mu Rwanda, wapi.

Umunyamakuru w’Umubavu wakoranye nawe iki kiganiro yahaye Rushyashya nyuma yogutunganywa, yamubajije niba hari abandi basangije ibitekerezo byo kwigisha gukunda u Rwanda asobanura ko n’ubundi we asanzwe akunda u Rwanda kuko ari Igihugu cye ariko akaba afite abantu basaga igihumbi yigisha afatanyije na bageni be bo muri za Kaminuza.

Iyo babigisha babigisha ubwiza bw’u Rwanda, tubakangurira gukunda ubuyobozi bwiza bw’u Rwanda no kuza gushora imari mu Rwanda kugirango himakazwe iterambere muri rusange kuko ryigaragaza. Yabajijwe niba ari abanyarwanda gusa avuga ko n’abanyamahanga babibakangurira kuko nabo bakeneye kumenya byinshi ku igihugu cy’u Rwanda.

Abajijwe ukuntu abanyamahanga babyakira avuga ko abanyamahanga batinda kubyakira bitewe n’uko bazi ngo mu Rwanda habaye Jenoside ariko tugerageza kubigisha bakumva.

Gusa akaba asaba u Rwanda kuba rwabongerera uburyo n’ubushobozi bwo gukangurira Abanyarwanda bari hanze cyane cyane abari muri Uganda binyuze muri Ambasade bityo bagafatanyiriza hamwe kurwubaka.

Ubutumwa atanga ni uko abanyarwanda aho bari hose bagomba gufatanyiriza hamwe kubaka Igihugu cyabo kabone nubwo baba batagikunda ariko ni hahandi bazitwa Abanyarwanda. Ntawundi uzatwubakira Igihugu rero usibye twebwe Abanyarwand aho turi hose.

-4073.jpg

Hirwa Clarisse, asoza amasomo ye muri KAMPALA UNIVERSITY mu ishami BUSINESS COMPUTING

Ubwanditsi

2016-09-16
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Kagame mu guharanira Amahoro ni Indashyikirwa “Emir wa Qatar”

Perezida Kagame mu guharanira Amahoro ni Indashyikirwa “Emir wa Qatar”

Administrator 21 Nov 2025
Ubuzima bwiza na bwo ni igipimo cy’iterambere – Perezida Kagame

Ubuzima bwiza na bwo ni igipimo cy’iterambere – Perezida Kagame

Editorial 22 May 2018
Ishyirahamwe, Jambo asbl  rikomeje gutagatifuza umutwe w’abajenosideri wa FDLR

Ishyirahamwe, Jambo asbl  rikomeje gutagatifuza umutwe w’abajenosideri wa FDLR

Editorial 08 Jan 2025
RDC: Mutombo yashimye umubano n’u Rwanda, aburira abashaka intambara hagati y’ibihugu byombi

RDC: Mutombo yashimye umubano n’u Rwanda, aburira abashaka intambara hagati y’ibihugu byombi

Editorial 08 Jan 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru yasabye abayituyemo gufatanya kurwanya ibyaha
Mu Mahanga

Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru yasabye abayituyemo gufatanya kurwanya ibyaha

Editorial 16 Jul 2016
Bamwe mu banyarwanda bari baragizwe imbohe na CMI muri Uganda batahutse
INKURU NYAMUKURU

Bamwe mu banyarwanda bari baragizwe imbohe na CMI muri Uganda batahutse

Editorial 07 Feb 2019
A hospital in Rwanda unabled to discharge a Burundian because he has nowhere to go
Mu Mahanga

A hospital in Rwanda unabled to discharge a Burundian because he has nowhere to go

Editorial 18 Jan 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru