• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

  • Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe   |   05 Aug 2026

  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Himbara David na Command1post , Abambari ba Poropaganda za [ fake news ] ikorera muri Uganda ni bamese kamwe

Himbara David na Command1post , Abambari ba Poropaganda za [ fake news ] ikorera muri Uganda ni bamese kamwe

Ubwanditsi 08 May 2019 ITOHOZA

Umwe mu bashinzwe Poropaganda za RNC na Leta ya  Museveni, David Himba, ashishikajwe n’umugambi umwe gusa wo gutanga inkuru z’ibihuha  [Fake News] ku byo avuga ko ari intambara na Kigali-Nkuko abeshya avuga ko hifashishijwe amagambo ngo yaba yaravuzwe n’ushinzwe ibarura ry’umutungo w’imali ya Leta (Auditor General), akwirakwiza ibihuha ko ngo Urwego rushinzwe inyubako rwaguye mu gihombo.

Urubuga Command1post,  rukoreshwa n’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare cya Uganda (CMI) rukaba rurimo kwifashisha urubuga nkoranyambaga rwahoze rukoreshwa na David Himbara, rubeshya ko ngo urwego rushinzwe inyubako rukorera mu Rwanda ruri mu gihombo.

Brig. kandiho uyobora CIM yasuye bataillons z’ingabo za UPDF zegerejwe umupaka w’u Rwanda

Ibihuha nkibyo akaba aribyo Himbara yibandaho cyane, n’ubwo agenda yibeshyera ngo ni Porofeseri muri Kaminuza itazwi yo muri Canada, bityo akaba agenda abeshyabeshya kugirango abone amaramuko kuko urumogi rwamuyayuye ubwonko ari nako akwirakwiza ibinyoma n’ibihuha, ari nabyo bigize  politiki y’umutwe wa Kayumba [RNC], aka gatsiko  gakorera muri Uganda gashishikajwe no guhungabanya u Rwanda ndetse no guteza amakuba mu karere.

Hamwe rero na munywanyi wako  gatsiko ariwe  Museveni, RNC izandika, ndetse inabishyire mu majwi [ youtube ] buri cyinyoma cyose  mu rwego rwo gusiga icyasha URwanda.

Uko guharabika kwabo, kwibasira buri cyiza cyose URwanda rwagezeho , kandi kikaba kinashimwa n’Isi yose muri rusange, bityo bakagerageza kukerekana nkaho ari nta kigenda.

Bifashisha ururimi rusa nkurukoreshwa n’ababana b’imihirimbiri ba [mayibobo], nkuko urwo rubuga  Command1post, rwanditse ku wa 4  Gicurasi 2019, ugenekereje cyagize  kiti, ‘‘ Ushinzwe Ibarura mari ry’URwanda; Umushinga wa Kagame wo kubaka VISION CITY PROJECT waguye nk’amabere.’’Urwo rubuga rukaba rwaranditse ko ngo uwo mushinga w’ubwubatsi wahombye, ari nako rubeshya ngo byatangajwe n’ushinzwe imari y’igihugu. Gute?

Uru rubuga rukaba rwaranditse ko amazu agurishwa ku giciro cyo hasi, kandi ngo ko n’amazu atarimo kugurwa ngo kandi n’abaguzi bayo mazu bitewe n’uko ngo amafaranga ari makeya mu Rwanda. Ngo amazu akaba yamamazwa mu buryo buciriritse, kugirango abantu bashobore kuba bayagura, akaba ari nayo mpamvu nyamukuru.

Urwo rubuga rugakomeza ruvuga imibare ngo rwakuye mu biro by’umubaruramari mukuru w’URwanda, mbese muri bwa buryo Himbara, asanzwe akoramo, bagatangira gutuka ubuyobozi bw’URwanda no kugoreka ukuri nkuko babeshya ngo VISION City ni Umushinga wa Kagame”, kandi mu byukuri ari uwa RSSB ukaba waremejwe n’inama nkuru y’ubutegetsi bwayo.

Bamwe mu basesenguzi baratangaye cyane kubera uburyo Umujyi wa Kampala ucungwa, ndetse n’uburyo urwo rwego rukwirakwizamo Poropaganda ya RNC.

“Ndashaka kuvuga ko Guverinoma ya Uganda iyobowe n’abajura, kandi ko ugusahura no kuzambya ibintu kwabo bitagira imipaka!” nkuko umwanditsi umwe yabigaragaje. “Abajura b’IKampala bahombeje buri cyintu, ngiyo banki y’ubucuruzi (Commercial Bank), Icyirombe cya umuringa, Copper mines Kilembe, Urwego rw’ikawa (Uganda COFFEE Marketing BOARD), Urwego rushinzwe indege Uganda Airlines, Urwego rushinzwe ingendo za Gare ya moshi, Uganda Railways Corporation, n’ibindi utarondora ngo ubivemo.

VISION CITY PROJECT

Bahombeje ibintu byinshi, ku buryo ibyo bahombeje bitakwira kuri rame y’impapuro, ariko bagakomeza kwibaza ku mushinga w’ubwubatsi wo mu Rwanda, kandi uwo mushinga barimo kwibandaho wageze no ku cyigendererwa, kandi ukora neza, ariko igisekeje bakaba barimo kuvuga ngo nta cyigenda.

2019-05-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Impamvu Museveni yahinduye igihugu cya Uganda indiri ya RNC n’ubuhungiro bw’ abajenosideri n’inzira inyuzwamo abashaka gutoroka u Rwanda bose.

Impamvu Museveni yahinduye igihugu cya Uganda indiri ya RNC n’ubuhungiro bw’ abajenosideri n’inzira inyuzwamo abashaka gutoroka u Rwanda bose.

Ubwanditsi 17 Apr 2020
Twacengeye e.mail za bamwe mu bayobozi bakuru ba RNC

Twacengeye e.mail za bamwe mu bayobozi bakuru ba RNC

Ubwanditsi 15 Jul 2016
Itohoza : Uko isoko ryo kubaka Hoteli ya FERWAFA, imaze gufungisha abantu 3 ryatanzwe

Itohoza : Uko isoko ryo kubaka Hoteli ya FERWAFA, imaze gufungisha abantu 3 ryatanzwe

Ubwanditsi 26 Feb 2016
Perezida Kagame n’igisirikare bafitiwe icyizere kiri hejuru cyane n’abaturage – Ubushakashatsi

Perezida Kagame n’igisirikare bafitiwe icyizere kiri hejuru cyane n’abaturage – Ubushakashatsi

Ubwanditsi 15 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Gen Muhoozi Kainerugaba yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, UPDF
Amakuru

Gen Muhoozi Kainerugaba yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, UPDF

Ubwanditsi 22 Mar 2024
Kicukiro:  Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwica atwitse mushiki we babyaranye
Mu Mahanga

Kicukiro: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwica atwitse mushiki we babyaranye

Ubwanditsi 27 Oct 2016
Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu  rizwi nka Rwandan Epic
Amakuru

Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic

Ubwanditsi 30 Nov 2025

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru