• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Icyinyoma cya Rwemalika Felecitee na Nzamwita Degoule nicyo cyizambya umupira w’abagore

Icyinyoma cya Rwemalika Felecitee na Nzamwita Degoule nicyo cyizambya umupira w’abagore

Ubwanditsi 18 Aug 2016 IMIKINO

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi Fifa,ryatangije gahunda yo gushishikariza umwana w’umukobwa gukura akunda ruhago iyi gahunda ikaba yariswe’’ Live your Goals Project’’,uyu mushinga usomye amahame nintumbero yawo usanga bitanga ikizere ku mupira w’abagore.

-3737.jpg
ubwo baheruka i Huye

Ibi byashoboka mubindi bihugu gusa ntitwabitegereza mu Rwanda,impamvu nyamukuru nuko nta muntu numwe ushishikajwe no kuzamura urwego rw’umupira hano mu gihugu,hari gahunda yari yatangijwe na Fifa yiswe ‘’Grass Root’’iyi yari gamije kuzamura impano zabana bakiri bato cyane hanashyirwaho amashampiyona yabakiri bato mu bihugu bitandukanye,ku ruhande rwa Ferwafa icyi gikorwa cyakozwe bavugako ari igerageza,ariko wareba amafaranga yashyizwemo ugasanga aramutse akoreshejwe neza byatanga umusaruro gusa bazengurutse mu turere 4 bahita babihagarika bigaragara ko bifuzaga ishusho yo kwereka Fifa ko bari gukoresha ingengo y’imari isaga miliyoni 500 z’amafaranga y’ u Rwanda.

-3739.jpg
nguwo Rwemalika Felecitee

Indi mpamvu twashingiraho tuvuga ko ibikorwa nkibi biba bifitiye inyungu Rwemalika Felecitee, ukuriye Komisiyo y’umupira w’amaguru w’abagore muri FERWAFA na Nzamwita Vincent Degoule,nuko uyu mugore ndetse n’uyu mugabo ntashyaka bagaragaje mukuzamura urwego rw’umupira w’abagore ahubwo iyo bigeze mu gihe kimishinga migari nkiyi ya Fifa bakora igikorwa gisa naho ari ukwigaragariza Fifa ko babitangiye ariko wazakurikirana ugasanga nta musaruro byatanze yewe ntibinakomeza ngo nibura hashyirweho gahunda ihamye yo gufasha abagenerwa bikorwa(abakobwa bakina umupira w’amaguru cyangwa abana bakiri bato )ahubwo usanga ugize ijambo avugira mu itangaza makuru agaragaza ko bakoze byinshi birenze ibyo basabwaga.

-3738.jpg
abakobwa baza ari benshi

Mu mwaka ushize Fifa yatanze amafaranga angana 112500 y’amadorali yo guteza imbere umupira w’abagore,gusa nta numwe utazi ukuntu shampiyona yabo ikinwa ntanagaciro ihabwa,ikindi iyo iyi shampiyona iri gukinwa Rwemalika Felecitee ntashobora kugera ku kibuga,ibi bihita biguha ishuhsho yuko nta numwe urajwe inshinga niterambere ry’abagore mu mupira w’amaguru.

Tugaruke kuri iyi gahunda yatangiye tariki ya 11 kanama igatangirizwa mu karere ka Huye, tariki ya 12 igakomereza mu karere ka Rusizi,nkuko bigaragara mu ngingo zigize uyu mushinga nuko Fifa izajya itanga angana 40 000 by’amadorali y’amanyamerika buri mwaka,yo gufasha gukora ubukangurambaga bwo gukundisha abakobwa umupira w’amaguru,iyi gahunda izashorwamo amafanranga menshi ariko ntituyitegerezomo umusaruro ikindi birarangirara aha nubwo mu kuyitangiza yatangaje ko ari umushinga uzamara hafi imyaka 4 yagize ati’“ Ni umushinga uzamara imyaka 4. Twahereye mu karere ka Kicukiro umwaka ushize. Uyu mushinga uzagera mu turere twinshi two mu Rwanda, turabona ko yaba ari imbarutso nziza ku bana b’abakobwa yo kubakundisha umupira w’amaguru.”

-3740.jpg
Nzamwita uyobora Ferwafa

Ukurikije gahunda ya Leta y’u Rwanda yo guha umwanya umugore usanga ihabanye cyane no mu mupira w’amaguru kuko ho usanga bakuraho ikipe y’igihugu uko bishakoye kuko nta nyungu abayobozi baba bayibonamo,ndtse ugasanga na shampiyona y’abagore batayiha agaciro.

Ntakirutimana Alfred

2016-08-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

APR FC yasinyishije rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara

APR FC yasinyishije rutahizamu mushya w’Umunya-Burkina Faso, Cheick Djibril Ouattara

Ubwanditsi 23 Jan 2025
Rayon Sports yasezeye mu gikombe cy’Amahoro 2023 ishinja FERWAFA imitegurire idahwitse

Rayon Sports yasezeye mu gikombe cy’Amahoro 2023 ishinja FERWAFA imitegurire idahwitse

Ubwanditsi 08 Mar 2023
Kenya yatwaye igikombe cya Afurika cy’Abagore muri Volleyball, u Rwanda rusoza ku mwanya wa kane

Kenya yatwaye igikombe cya Afurika cy’Abagore muri Volleyball, u Rwanda rusoza ku mwanya wa kane

Ubwanditsi 25 Aug 2023
Nyuma y’amasaha 48 yemejwe n’abanyamuryango ko azakomeza kuyobora komite Olempiki y’u Rwanda, Ambasaderi Munyabagisha Valens yeguye kuri uyu mwanya

Nyuma y’amasaha 48 yemejwe n’abanyamuryango ko azakomeza kuyobora komite Olempiki y’u Rwanda, Ambasaderi Munyabagisha Valens yeguye kuri uyu mwanya

Ubwanditsi 06 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Miss Uwase Honorine ’IGISABO’ yanze kwambara Bikini bituma abura umudari mu marushanwa ya ’Miss Earth 2017’
SHOWBIZ

Miss Uwase Honorine ’IGISABO’ yanze kwambara Bikini bituma abura umudari mu marushanwa ya ’Miss Earth 2017’

Ubwanditsi 15 Oct 2017
Mu basilikare 65, Museveni yazamuye mu ntera,  Kandiho wa CMI ntarimo !
INKURU NYAMUKURU

Mu basilikare 65, Museveni yazamuye mu ntera, Kandiho wa CMI ntarimo !

Ubwanditsi 08 Feb 2019
Suwede: Haravugwa guteranira inama yo guhungabanya umutekano w’U Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Suwede: Haravugwa guteranira inama yo guhungabanya umutekano w’U Rwanda

Ubwanditsi 08 Nov 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru