• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless   |   08 May 2025

  • Ntacyasaza Turahirwa Moses cyatuma Urumogi Rumushora mu Kiguri cy’Urwango   |   06 May 2025

  • Eric Bagiruwusa yashinze YouTube Channel ishinzwe ubuvugizi mu gushishikariza gusubirishamo imanza z’abajenosideri n’abarwanya ubutegetsi   |   05 May 2025

  • Nyuma y’imyaka 8, APR FC yegukanye igikombe cy’Amahoro 2025 itsinze Rayon Sports 2-0   |   04 May 2025

  • APR FC na Rayon Sports zabonye itike yo gukina imikino Nyafurika zizahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2025   |   01 May 2025

  • INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA   |   01 May 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Igitekerezo cya Kayumba ku mpagarara mu Karere, no kugaragaza uko abibona “Ntigihwitse nabusa”

Igitekerezo cya Kayumba ku mpagarara mu Karere, no kugaragaza uko abibona “Ntigihwitse nabusa”

Editorial 23 Jul 2019 INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA

Inyandiko za Christopher Kayumba, akomeje gucisha  ku rubuga rw’ikinyamakuru cye cyandikirwa kuri murandasi The Chronicles, umuntu yakwibaza uwo akorera, Urugero,  nkiyo yanditse ku wa 15 Nyakanga 2019, yagiraga iti, ugenekereje mu Kinyarwanda ‘ Ibiganiro bigamije amahoro, hagati ya Uganda n’u Rwanda muri iyo nyandiko, Kayumba nk’ushaka kugaragaza isesengura niba umugogoro uri hagatim y’uRwanda na Uganda ushobora gukemurwa no guhagarika inkunga z’amahanga, hifashishijwe ibisubizo bivuye muri Afurika mu rwego rwo gukemura ikibazo nyafurika.

Nkuko umutwe w’iyo nyandiko uvuga, Kayumba apfobya icyitwa amahirwe cyose cyaganisha ku bwumvikane, hatabayeho ibikangisho byuko bazafatira ibihano ba Perezida Kagame na Museveni, aribo ba nyirabayazana nkuko abibona.

Ntabwo wenda yeruye neza, ariko ikibatsi kinshi cy’umuriro kur’iyinshabwenge y’inararibonye yigisha muri Kaminuza yavuye ku myumvire ye yasabitswe no kwiheba kw’Abanyafurika. Mu gihe benshi mu Banyarwanda (no muri Uganda kuri bamwe) baba barumvishijemo ugutakariza icyizere uburyo bwose bwaba buhari, buganisha ku gukemura amakimbirane hagati y’ibi bihugu byombi, cyane ko kimaze igihe gisaga imyaka makumyabiri kugeza ubu, igitekerezo cyuko abaterankunga bonyine aribo bashobora gutuma aba ba Perezida bavuguta umuti w’ikibazo, cyaje mu buryo butunguranye mu mvugo yoroheje.

Ibi byakoze abantu benshi ahantu, nuko ubwo imvugo zikakaye zatangiraga kwisuka, Kayumba yari yatakaje ukwizerwa kwe mu basomyi, bityo batanashobora kumwumva. Nyamara kandi, iyo baza kumuha umwanya, wenda yari kuba yarashoboye gusobanura. inyandiko ye ndetse n’akamaro k’ibyo yari yanditse, iyo bigenda bityo, nibwo baba baramwumvishije neza, bityo hakagibwa impaka ku gitekerezo cyari gishingiye ku mitekerereze ye, ku bibazo by’imibanire y’ibihugu byombi, ndetse n’ibibazo bya politike muri aka Karere.

Igitekerezo cya Kayumba kibanda ku ruhare rw’inkunga iva iburayi, mu gukemura amakimbirane muri Afurika , ikaba ifite inenge ebyiri zikomeye, iya mbere,  iragutse, ikindi nuko bidasanzwe. Mbere na mbere, icyo abo baterankunga bashingiraho bahisha inyungu zabo, mu gihe baba bari gushyira mu bikorwa,  ibyo bihano, bikaba byarazimye muri rusange ahaba hagaragaye amakimbirane. Bityo na sosiyete sivile nayo ikaba yarashakaga ibyo bihano, ariko bakaza kwisubiraho, nyuma yo kubona ko ibyo bihano bibabaza abaturage.

Muri ibi bihe, abirasi bashimishwa no kubabaza abandi nibo bakoresha ibihano. Kandi nubwo babikora, ntibajya bashyigikirwa n’abaturage, mu rwego rwo kugirango babishyira mu bikorwa. Uretse iyo ibyo bihugu baba bashaka guhana, biba bisanzwe bidafite imitekerereze imwe mu rwego rwa politike imwe, n’iyabenegihugu b’icyo gihugu kiba gishaka gutanga ibihano, iyo bimeze bityo, nibwo abaturage bashobora kuba babayobya, bityo noneho bya bihugu bikaba byashobora gushyira ibihano mu bikorwa.

Nta na kimwe muri ibi gishobora gukora, mu rwego rwo gukemura amakimbirane ari mu Karere k’ibiyaga bigari, uretse n’impagara zirimo uRwanda na Uganda. Impuruza zuko ibihano byafatwa, haba hirengagijwe imitere y’uburyo  bwari busanzwe bwanagaragaje wenda no gukora neza kurusha abo baterankunga ba bagiraneza.

Icya kabiri, Kayumba yandika kuri abo bagiraneza nkaho we ari umunyamahanga w’indorerezi bidafite icyo bitwaye, kandi nawe ukiri mushyashya ku bibazo by’umutekano byo mu Karere k’ibiyaga bigari. Umuntu yasobanura ate ukuntu yaba yaribagiwe ukuntu Perezida Kagame yavuze ku byerecyeye uko abo baterankunga bashakaga guhagarika inkunga ku Rwanda, ubwo baregaga uRwanda ngo rushyigikira inyeshyamba za M23, zarwanyaga ubutegetsi bwa Kabila?

Mu nyigo z’iby’umutekano, hari igikoresho kizwi nka “Security Complx. Mu Kinyarwanda bishatse kuvuga ngo ingorabahizi mu by’umutekano, hifashishijwe ubwo buryo, umusesenguzi areba n’ukuntu ikitwa urwango gihagaze mu baturage b’ibihugu byombi, n’uruhare bigira mu Karere ibi bihugu biherereyemo, bityo umuntu akaba yavuga ko Uganda n’uRwanda bigenda byerekeza ku ngorabahizi mu by’umutekano, kandi abafite uruhare mu gucubya izi ngorane , kandi Angola ikaba idashishikajwe cyane no kuba yakwijandika muri iki kibazo.

Gukiza amakimbirane

Iyo harimo gukiza amakimbirane, uruhare nyamkuru rw’ugerageza gukemura amakimbirane ni uguhuza impande zombi, kandi bigakorwa mu buryo n’impande zombi zidacana uwaka ziba zibigizemo uruhare, ndetse hakanagaragazwa igingo zidashobora kumvikanwaho, bityo kugirango habe intambwe ishimishije, nuko impande zombi ziba zumvikanye kuri ayo masezerano.

Ikindi gikorwa nacyo kitoroshye nabusa, nicyo guhindura imyumvire ku birebana nicyo izo mpande zombi zifata nk’urwango, kandi noneho, izi mpande zishimangira ko iyo ngingo idashobora kuganirwaho, bityo ibi nibyo bituma uburyo bumwe bwo gukemura amakimbirane hagati ya Isirihaeli na Palasitine byatwaye igihe gisaga imyaka mirongwitanu, kugirango umwanzuro w’amahoro ugerweho.

Christopher Kayumba ” The Chronicles”

Rimwe na rimwe impande zitavuga rumwe cyane cyane bitewe nuko bafata ibyo urundi ruhande ruba rwaragejeje ku rwego rushinzwe guhuza impande zombi, ibi bigatuma igikorwa cyo guhuza impande zombi kigora umuhuza.

Bityo, icyangombwa umuhuza asabwa, bikaba ari icyubahiro giturutse ku mpande zombi, zigerageza kumvikana, bityo nkaba nkeka ko uruhare rwa Angola rushobora kugerageza, bitewe nuko rwitaje akarere ibihugu biherereyemo, kandi icyo gihugu kikaba kidashaka kongera abanzi.

Kuba Angola yaratumiwe nk’umuhuza, kandi ikaba nta ruhande ibogamiyeho, kandi noneho imiterere y’izingorabahizi mu rwego rw’umutekano nuko baba biyemeje gukemura ibibazo bivuka hagati y’ibihugu biri mu makimbirane, kandi bakaba baba badashaka kugira uruhande babogamiraho, mu rwego rwo kugabanya umubare w’abanzi, aho kuwongera.

Bityo Kayumba akaba yarananiwe kwiyumvisha ko mu ngorabahizi z’umutekano, ko ikibazo cy’umutekano ntaho gihuriye na busa n’izo ngirwankunga na busa.

Src: The New Times

2019-07-23
Editorial

IZINDI NKURU

Ruhango: Umukozi w’akarere yatawe muri yombi ashinjwa ruswa mu itangwa ry’akazi

Ruhango: Umukozi w’akarere yatawe muri yombi ashinjwa ruswa mu itangwa ry’akazi

Editorial 14 Apr 2018
Uganda n’Umubiligi Filip Reyntjens basabaga u Bubiligi guhagarika inkunga butera u Rwanda, basebye ubwo ibihugu byombi byasinyanaga amasezerano y’ubufatanye

Uganda n’Umubiligi Filip Reyntjens basabaga u Bubiligi guhagarika inkunga butera u Rwanda, basebye ubwo ibihugu byombi byasinyanaga amasezerano y’ubufatanye

Editorial 14 Aug 2021
RNC, irasaza imigeri muri Uganda n’ubwo hari amasezerano ya Luanda

RNC, irasaza imigeri muri Uganda n’ubwo hari amasezerano ya Luanda

Editorial 21 Jan 2020
Uko Nsabimana Sankara Callixte yabaye nk’umwana w’ikirara

Uko Nsabimana Sankara Callixte yabaye nk’umwana w’ikirara

Editorial 02 May 2019
Ruhango: Umukozi w’akarere yatawe muri yombi ashinjwa ruswa mu itangwa ry’akazi

Ruhango: Umukozi w’akarere yatawe muri yombi ashinjwa ruswa mu itangwa ry’akazi

Editorial 14 Apr 2018
Uganda n’Umubiligi Filip Reyntjens basabaga u Bubiligi guhagarika inkunga butera u Rwanda, basebye ubwo ibihugu byombi byasinyanaga amasezerano y’ubufatanye

Uganda n’Umubiligi Filip Reyntjens basabaga u Bubiligi guhagarika inkunga butera u Rwanda, basebye ubwo ibihugu byombi byasinyanaga amasezerano y’ubufatanye

Editorial 14 Aug 2021
RNC, irasaza imigeri muri Uganda n’ubwo hari amasezerano ya Luanda

RNC, irasaza imigeri muri Uganda n’ubwo hari amasezerano ya Luanda

Editorial 21 Jan 2020
Uko Nsabimana Sankara Callixte yabaye nk’umwana w’ikirara

Uko Nsabimana Sankara Callixte yabaye nk’umwana w’ikirara

Editorial 02 May 2019
Ruhango: Umukozi w’akarere yatawe muri yombi ashinjwa ruswa mu itangwa ry’akazi

Ruhango: Umukozi w’akarere yatawe muri yombi ashinjwa ruswa mu itangwa ry’akazi

Editorial 14 Apr 2018
Uganda n’Umubiligi Filip Reyntjens basabaga u Bubiligi guhagarika inkunga butera u Rwanda, basebye ubwo ibihugu byombi byasinyanaga amasezerano y’ubufatanye

Uganda n’Umubiligi Filip Reyntjens basabaga u Bubiligi guhagarika inkunga butera u Rwanda, basebye ubwo ibihugu byombi byasinyanaga amasezerano y’ubufatanye

Editorial 14 Aug 2021
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru