• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Ikimwaro : Benzinge, Rujugiro na RNC basohoye ‘Proclamation’, bayitirira ko yanditswe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa

Ikimwaro : Benzinge, Rujugiro na RNC basohoye ‘Proclamation’, bayitirira ko yanditswe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa

Ubwanditsi 04 Feb 2017 ITOHOZA

Mugihe umuryango w’Umwami Kigeli witegura gutwara Benzinge n’amashumiye mu Nkiko bakurikiranyweho ubujura bwakorewe munzu kwa Kigeli , akimara gutanga iperereza police ikaba imaze kurisoza igaragaza ko ibyo byibwe birimo imitamenwa itatu n’ivalisi ifunze yarimo ibyangombwa by’ingendo byatanzwe n’Ishami rya Amerika rishinzwe Ububanyi n’Amahanga, ikarita y’ubwiteganyirize n’amakuru y’ubwishingizi bw’ubuzima, n’impano zirimo impeta za zahabu yakuye hirya no hino.

-5596.jpg

-5595.jpg

Boniface Benzinge

Boniface Benzinge, yatanguranwe asohora itangazo abeshya ko ari ibyo Umwani Kigeli V Ndahindurwa yanditse mbere yo gutanga.

Muri iryo tangazo yagarutse ku ngingo y’itabarizwa ry’Umwami, anavuga ko hari kopi y’itangazoteka rigenewe rubanda ‘Proclamation’, ryanditswe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa ubwe kuwa 12 Ukuboza 2006, yemeza ibizakorwa n’abazabikora igihe azaba atanze akiri mu mahanga.

-5597.jpg

Gen. Kayumba Nyamwasa

Iyo nyandiko twamenye ko yandikiwe muri Portugal bitegura kujurira nyuma y’urubanza, n’ impaka zakemuwe n’urukiko rwo muri leta ya Virginia, ariko Benzinge na Emmanuel Bushayija n’ababashyigikiye barimo RNC n’ Umunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert wari umaze igihe arwariye mubitaro muri Portugal, abaganga bakaba baramusanzemo Cancer ituruka kubiyobyabwenge afata birimo urumogi.

-179.png

Rujugiro Ayabatwa Tribert

Aba nibo bacuze umugambi wogutegura iyi nyandiko yagombaga kugaragarizwa urukiko nk’igihamya cy’ibyo Umwami yasize avuze, yaba aho umugogo we ugomba gutabarizwa n’abazabikora. Ariko asanga umurambo wa Kigeli Paster Mpyisi yamaze kuwuriza indege ugeze i Kigali.

Ibi birajya guhura n’ibyo Past. Ezra Mpyisi aherutse gutangaza ko bamwe mu bagize umuryango w’Umwami bagiye gufata Umugogo ku bitaro, bakabwirwa ko icyangombwa cy’itanga rye kigaragaza ko azatabarizwa muri Portugal aho kuba mu Rwanda.

-5594.jpg

Pasiteri Ezra Mpyisi, avuga abagize uruhare ngo Umugogo w’umwami Kigeli uze gutabarizwa mu Rwanda

Itohoza twakoze rigaragaza ko intandaro y’ibyo byose ari amafaranga ya RNC yatanzwe na Rujugiro ndetse n’imfashanyo z’abazungu bo muri Portugal bahaga Kigeli akiriho, maze Benzinge na bagenzi be amaze gutanga bashaka kuyuririraho ngo bajye kumutabariza muri icyo gihugu bazabone uko bamucuruza muri ba mukerarugendo.

-5598.jpg

Byaje kurangira Umugogo w’Umwami Kigeli uje gutabarizwa mu Rwanda

Cyiza Davidson

2017-02-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Capt.Nkuyehasi warindaga Gen Niyombare yishwe arashwe

Capt.Nkuyehasi warindaga Gen Niyombare yishwe arashwe

Ubwanditsi 29 Apr 2017
Amazing Grace yambuwe uburenganzira bwo gukora nka Radio mu Rwanda

Amazing Grace yambuwe uburenganzira bwo gukora nka Radio mu Rwanda

Ubwanditsi 24 Apr 2018
Didas Gasana wavuye mu Rwanda ahunze amadeni nawe ngo arashaka kuba Perezida w’uRwanda. Mbere yo kuba umukandida yabanje akaba umuntu muzima!

Didas Gasana wavuye mu Rwanda ahunze amadeni nawe ngo arashaka kuba Perezida w’uRwanda. Mbere yo kuba umukandida yabanje akaba umuntu muzima!

Ubwanditsi 24 Feb 2022
Intandaro  y’ibibazo n’intambara y’urudaca biri muri RNC

Intandaro y’ibibazo n’intambara y’urudaca biri muri RNC

Ubwanditsi 07 Jul 2016

Igitekerezo kimwe

  1. Dieudonne Hakizayezu
    May 7, 201912:07 am -

    Nuko nuko Cyiza we, twarabibonye ko mwamuhaye icyubahiro cy’umuntu wigeze kuba umukuru w’igihugu koko. Muri Portugal se bari kurenza biriya?

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kiyovu SC igereye mukebo Sunrise FC yigeze kuyibuza igikombe, iyitsinda 4-0 biyiganisha habi
Amakuru

Kiyovu SC igereye mukebo Sunrise FC yigeze kuyibuza igikombe, iyitsinda 4-0 biyiganisha habi

Ubwanditsi 03 Apr 2024
Rwenzori : Ubufatanye hagati y’ u Bufaransa na Uganda buhatsi iki?
HIRYA NO HINO

Rwenzori : Ubufatanye hagati y’ u Bufaransa na Uganda buhatsi iki?

Ubwanditsi 05 Nov 2018
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
KWAMAMAZA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 07 Jun 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru