• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo

Inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo

Ubwanditsi 14 May 2018 INKURU NYAMUKURU

Abantu batanu bakora mu biro by’Intara y’Amajyepfo, bakekwaho kugirana isano n’inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo batawe muri yombi kuwa gatanu nimugoroba.

Amakuru yizewe agera  Rushyashya, aremeza ko kuwa gatanu, mu cyuma kizwi nka ‘printer’  mu biro by’intara y’Amajyepfo biri mu karere ka Nyanza hasanzwe inyandiko nyinshi zidasinye zizwi nka ‘tract’.

Izi nyandiko ngo ziriho amagambo asebya ubutegetsi ku rwego rukuru n’andi magambo mabi nk’uko umwe mu bakozi kuri iyi Ntara yabitangarije.

Modeste Mbabazi , Umuvugizi w’urwego rugenza ibyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ ari narwo rwafashe abakekwa yavuze  ko yabyumvise ariko nta makuru menshi abifiteho.

Mbabazi yagize ati “Nta makuru arambuye ndabona kuri byo, numvise ko hari abafashwe ariko nta makuru arambuye mfite.”

Kugeza ubu iperereza ku bakozi bafashwe bakekwaho uruhare muri izi nyandiko rirakomeje.

 

2018-05-14
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

“Walk to Remember”, umwe mu miyoboro ikomeye inyuzwamo ubutumwa bwo guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi

“Walk to Remember”, umwe mu miyoboro ikomeye inyuzwamo ubutumwa bwo guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 06 Apr 2024
Gutorwa kwa Ramaphosa kuyobora ANC bishobora kuzatuma Perezida Zuma asazira muri gereza

Gutorwa kwa Ramaphosa kuyobora ANC bishobora kuzatuma Perezida Zuma asazira muri gereza

Ubwanditsi 23 Dec 2017
Hitezwe iki k’uruzinduko rwa Gen. Nyamvumba i Kinshasa

Hitezwe iki k’uruzinduko rwa Gen. Nyamvumba i Kinshasa

Ubwanditsi 11 May 2019
Jean Paul Turayishimye yashinze agatsiko ke yise ishyaka mu guhangana na RNC ya Kayumba Nyamwasa

Jean Paul Turayishimye yashinze agatsiko ke yise ishyaka mu guhangana na RNC ya Kayumba Nyamwasa

Ubwanditsi 07 Jul 2020

5 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 14, 201810:58 am -

    Ariko Ariko…..ubu se muragenzrura computers zose na imprimantes zose, n abantu bose???
    Cyangwa mubageretseho rwa Rustyo HE yavuze ko azajya agereka ku bameze nka Musoni? Tracts mu RWANDA? Ziri hose. Murebe naho ngaho mu rugwiro…cg …..

    Subiza
    • bb
      May 15, 20186:58 am -

      wowe SHARON A iyo nitegereje ibikuva k umutima nsanga warapfuye uhagaze ,reka nkwibwirire akantu gato twe dukunda HE KAGAME PAUL,kwirirwa uvumvuraaaaa urarushya umutima wawe turi gutera imbere my dear wowe komeza urindagireee!!!!

      Subiza
  2. Sharon A.
    May 15, 201811:34 am -

    Namwe munyumvire Niba nar apfuye mpagaze kuko nsubiye mu magambo HE yivugiye ko azajya agereka ho abo ad ashaka urusyo , ubwo jye Niba mfuye mpagaze wowe utukanira
    ibyo utazi WAPFUYE wicaye? WAPFUYE uryamye? WAPFUYE ugenda? WAPFUYE uri mu yihe position? Ariko WA mugani ibi byo kutabona neza ibiriho ni ibiki? Ubu koko ni wowe muzima?niba ari uku muba BAZIMA ntabwo muzi Agaciro k UBUZIMA….

    Subiza
    • DADA
      May 16, 20189:28 am -

      SHARON A,NDABONA ARI WOWE MUZIMA KUR IYI SI ARIKO URI BESHYAAAA CYANEE TWEIBIRIHO TURI KUBIBONAKUKO UBU NTACYO TUCYIKANGA ABANA BACUBARI MUMAHORO,IGIHUGU KIRATER IMBERE UMUNSI KUWUNDI NIBA UTABIBONA KOMEZAUBABAZE UMUTIMA WAWE MUZAVUUUGAAA MUTACHOKA!!!!

      Subiza
  3. Kabwana
    May 15, 20184:34 pm -

    Umwishyuye meza 100/100.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Victoire ingabire ntiyigeze ava muri FDU inkingi, naho ingengabitekerezo ye ni yayindi ya Hutu Pawa
Amakuru

Victoire ingabire ntiyigeze ava muri FDU inkingi, naho ingengabitekerezo ye ni yayindi ya Hutu Pawa

Ubwanditsi 02 Dec 2024
Nta gahunda yo gutabariza Kigeli V Ndahindurwa mu Rwanda: Boniface Benzinge
ITOHOZA

Nta gahunda yo gutabariza Kigeli V Ndahindurwa mu Rwanda: Boniface Benzinge

Ubwanditsi 09 Nov 2016
Burundi: Bombori bombori hagati ya Perezida Ndayishimiye na Minisitiri w’Intebe Ndirakobuca
Amakuru

Burundi: Bombori bombori hagati ya Perezida Ndayishimiye na Minisitiri w’Intebe Ndirakobuca

Ubwanditsi 26 May 2025

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru