• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR yohereje abarwanyi bayo i Kinshasa kujya kwiga ikoreshwa rya drone bisabwe na Leta ya Congo   |   13 Nov 2025

  • Rayon Sports yatandukanye n’umutoza wayo Afahmia Lotfi wari umaze ukwezi ahagaritswe   |   13 Nov 2025

  • Kwizera Olivier ari mu bakinnyi bahamagawe mu mwiherero w’iminsi ine uzahuza abakinnyi bakina muri Shampiyona y’u Rwanda   |   11 Nov 2025

  • Amaherezo ashaririye ya bamwe mubasize bahekuye u Rwanda   |   11 Nov 2025

  • Amafoto – Al Hilal SC yitegura imikino y’Amatsinda ya CAF Championa League yatsinze AS Kigali ibitego 2-0   |   11 Nov 2025

  • Intwararumuri: Igihungabanya u Rwanda ntitwacyihanganira niyo wagira ute – Perezida Kagame Paul   |   08 Nov 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo

Inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo

Editorial 14 May 2018 INKURU NYAMUKURU

Abantu batanu bakora mu biro by’Intara y’Amajyepfo, bakekwaho kugirana isano n’inyandiko zidasinye ‘tract’ zisebya ubutegetsi buriho mu Rwanda zasanzwe mu biro by’Intara y’Amajyepfo batawe muri yombi kuwa gatanu nimugoroba.

Amakuru yizewe agera  Rushyashya, aremeza ko kuwa gatanu, mu cyuma kizwi nka ‘printer’  mu biro by’intara y’Amajyepfo biri mu karere ka Nyanza hasanzwe inyandiko nyinshi zidasinye zizwi nka ‘tract’.

Izi nyandiko ngo ziriho amagambo asebya ubutegetsi ku rwego rukuru n’andi magambo mabi nk’uko umwe mu bakozi kuri iyi Ntara yabitangarije.

Modeste Mbabazi , Umuvugizi w’urwego rugenza ibyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ ari narwo rwafashe abakekwa yavuze  ko yabyumvise ariko nta makuru menshi abifiteho.

Mbabazi yagize ati “Nta makuru arambuye ndabona kuri byo, numvise ko hari abafashwe ariko nta makuru arambuye mfite.”

Kugeza ubu iperereza ku bakozi bafashwe bakekwaho uruhare muri izi nyandiko rirakomeje.

 

2018-05-14
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko rurangije Itorero Indangamirwa ko rukwiye kwiga Ikinyarwanda kandi rukagikoresha neza

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko rurangije Itorero Indangamirwa ko rukwiye kwiga Ikinyarwanda kandi rukagikoresha neza

Editorial 08 Aug 2019
Imikorere mibi  no kunyereza umutungo wa EAC mu ihurizo ryo guhemba abakozi bayo 

Imikorere mibi  no kunyereza umutungo wa EAC mu ihurizo ryo guhemba abakozi bayo 

Editorial 08 Jul 2019
Umunyamuryango wa RPF-Inkotanyi, Sadate Munyakazi yiyamye imbuzabunwa z’ibigarasha n’abajenosideri. 

Umunyamuryango wa RPF-Inkotanyi, Sadate Munyakazi yiyamye imbuzabunwa z’ibigarasha n’abajenosideri. 

Editorial 25 Aug 2024
Perezida Kenyatta si umuhuza w’u Rwanda na Uganda – Minisitiri Nduhungirehe

Perezida Kenyatta si umuhuza w’u Rwanda na Uganda – Minisitiri Nduhungirehe

Editorial 12 Mar 2019

5 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 14, 201810:58 am -

    Ariko Ariko…..ubu se muragenzrura computers zose na imprimantes zose, n abantu bose???
    Cyangwa mubageretseho rwa Rustyo HE yavuze ko azajya agereka ku bameze nka Musoni? Tracts mu RWANDA? Ziri hose. Murebe naho ngaho mu rugwiro…cg …..

    Subiza
    • bb
      May 15, 20186:58 am -

      wowe SHARON A iyo nitegereje ibikuva k umutima nsanga warapfuye uhagaze ,reka nkwibwirire akantu gato twe dukunda HE KAGAME PAUL,kwirirwa uvumvuraaaaa urarushya umutima wawe turi gutera imbere my dear wowe komeza urindagireee!!!!

      Subiza
  2. Sharon A.
    May 15, 201811:34 am -

    Namwe munyumvire Niba nar apfuye mpagaze kuko nsubiye mu magambo HE yivugiye ko azajya agereka ho abo ad ashaka urusyo , ubwo jye Niba mfuye mpagaze wowe utukanira
    ibyo utazi WAPFUYE wicaye? WAPFUYE uryamye? WAPFUYE ugenda? WAPFUYE uri mu yihe position? Ariko WA mugani ibi byo kutabona neza ibiriho ni ibiki? Ubu koko ni wowe muzima?niba ari uku muba BAZIMA ntabwo muzi Agaciro k UBUZIMA….

    Subiza
    • DADA
      May 16, 20189:28 am -

      SHARON A,NDABONA ARI WOWE MUZIMA KUR IYI SI ARIKO URI BESHYAAAA CYANEE TWEIBIRIHO TURI KUBIBONAKUKO UBU NTACYO TUCYIKANGA ABANA BACUBARI MUMAHORO,IGIHUGU KIRATER IMBERE UMUNSI KUWUNDI NIBA UTABIBONA KOMEZAUBABAZE UMUTIMA WAWE MUZAVUUUGAAA MUTACHOKA!!!!

      Subiza
  3. Kabwana
    May 15, 20184:34 pm -

    Umwishyuye meza 100/100.

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urubanza Rwa Kizito Mihigo Rwongeye Gusubikwa Rwimurirwa Mu Gihe Kitazwi
Mu Rwanda

Urubanza Rwa Kizito Mihigo Rwongeye Gusubikwa Rwimurirwa Mu Gihe Kitazwi

Editorial 11 Jun 2018
U Rwanda  rwateye utwatsi amakuru ari muri  Uganda avuga ko rushaka gufasha   IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni
ITOHOZA

U Rwanda rwateye utwatsi amakuru ari muri Uganda avuga ko rushaka gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni

Editorial 06 Oct 2017
Inda nini isumbye indagu, Donata Uwanyirigira warokotse Jenoside yakorewe abatutsi ageze aho yifatanya n’abayihakana
Amakuru

Inda nini isumbye indagu, Donata Uwanyirigira warokotse Jenoside yakorewe abatutsi ageze aho yifatanya n’abayihakana

Editorial 09 May 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru