• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Jonathan Vervenne n’ikipe ye ya Quick-Step Devo Team begukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2024

Jonathan Vervenne n’ikipe ye ya Quick-Step Devo Team begukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2024

Ubwanditsi 18 Feb 2024 Amakuru, IMIKINO

Kuri iki cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024 nibwo Umubiligi Jonathan Vervenne ukinira Soudal Quick-Step Devo Team, yambaye umwambaro w’umuhondo ku Munsi wa Mbere wa Tour du Rwanda 2024.

Ibi Jonathan yabigezeho nnyuma y’uko ikipe ye yabaye yabaye iyambere ubwo abasiganwa basiganirwaga mu mujyi wa Kigali bava kuri BK Arena bagana kuri KCC ku ntera ingana na Kilometero 18 na Metero 300.

Ni isiganwa ririmo gukinwa uhereye kuri iki cyumweru tariki ya 18 kugeza kuya 25 Gashyantare 2024.

Tour du Rwanda 2024 yitabiriwe n’amakipe 19 akomoka mu bihugu bitandukanye, iri siganwa rikaba kandi ryitabiriwe n’abakinnyi 94.

Uko abandi batwayr ibihembo:

Milan Donie w’imyaka 19, ukinira Lotto Dstny Development Team, yahembwe nk’umukinnyi muto witwaye neza ku munsi wa mbere.

Peter Joseph Blackmore wa Israel Premier Tech ni we wahize abandi mu tuzamuko twari mu isiganwa ry’uyu munsi.

Umubiligi Jan Kino ukinira Soudal – Quick-Step Devo Team ni we wahize abandi mu guhatana kuri uyu munsi wa mbere wa Tour du Rwanda 2024.

Ikipe ye ni yo yitwaye neza, byahesheje mugenzi we, Jonathan Vervenne, kwambara umwambaro w’umuhondo.

Shyaka Janvier uri gukina muri UCI Mixed Team- Africa ni we Munyarwanda mwiza ukiri muto witwaye neza.

Uyu ni umwambaro mushya watangiye gutangwa muri Tour du Rwanda, Shyaka w’imyaka 20, asanzwe akinira Les Amis Sportifs y’i Rwamagana. Yari mu bakinnye Shampiyona y’Isi ya 2023 i Glasgow.

Milan Donie wa Lotto Dstny Development Team ni we wahize abandi muri ‘sprint’ zari mu isiganwa ry’uyu munsi.

William Junior Lecerf wa Soudal Quick-Step Devo Team ni we wahembwe na Bralirwa, binyuze muri Amstel, nk’umukinnyi mwiza mu Gace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2024.

Uko amakipe yasoje akurikiranye nyuma yo gusiganwa n’igihe ibilometero 18,3:

1. Soudal Quick-Step Devo Team: 20′:32″

2. Israel Premier Tech: 21’08”

3. Lotto-Dstny: 21’24”

4. UAE: 21’26”

5. TotalEnergies: 21’27”

6. Eritrea: 21’39”

7. Astana: 21’43”

8. Groupama-FDJ: 21’52”

9. Rwanda: 21’56”

10. Polti -Kometa: 22’02”

11. Bingoal-WB: 22’08”

12. Afurika y’Epfo: 22’43”

13. Java-InovoTec: 22’47”

14. Bike Aid: 22’50”

15. CMC Africa: 23’07”

16. Maurice: 23’10”

17: Algeria: 24’00”

18: Ethiopia: 24’02”

19: May Stars: 25’31”

2024-02-18
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Restrepo Valencia yegukanye akandi gace muri Tour du Rwanda

Restrepo Valencia yegukanye akandi gace muri Tour du Rwanda

Ubwanditsi 27 Feb 2020
Ingingo z’ingenzi z’ urwandiko rwa SEKAMUGA Felicien rusaba guhindura amazina

Ingingo z’ingenzi z’ urwandiko rwa SEKAMUGA Felicien rusaba guhindura amazina

Ubwanditsi 28 Jan 2022
Claude Muhayimana yafunguwe mu ibanga mu Kuboza 2022, amaze umwaka umwe gusa muri gereza.

Claude Muhayimana yafunguwe mu ibanga mu Kuboza 2022, amaze umwaka umwe gusa muri gereza.

Ubwanditsi 07 Jan 2023
Nyuma ya gusinyira Zanaco FC mu mezi abiri ashize ariko ntahite akine kubera kubura icyangombwa kimwemerera gukorera muri Zambia, Nizeyimana Mirafa yaraye akibonye.

Nyuma ya gusinyira Zanaco FC mu mezi abiri ashize ariko ntahite akine kubera kubura icyangombwa kimwemerera gukorera muri Zambia, Nizeyimana Mirafa yaraye akibonye.

Ubwanditsi 24 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Museveni aherutse guhura n’Abanyarwanda “Nakasero State House ” ababwira ko u Rwanda aricyo ikibazo
INKURU NYAMUKURU

Museveni aherutse guhura n’Abanyarwanda “Nakasero State House ” ababwira ko u Rwanda aricyo ikibazo

Ubwanditsi 23 Oct 2018
Apple yaciwe miliyoni $27 ishinjwa kugabanya imbaraga za iPhone zimaze igihe
IKORANABUHANGA

Apple yaciwe miliyoni $27 ishinjwa kugabanya imbaraga za iPhone zimaze igihe

Ubwanditsi 10 Feb 2020
EU igiye guhagarika inkunga yageneraga abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia
Mu Rwanda

EU igiye guhagarika inkunga yageneraga abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia

Ubwanditsi 31 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru