• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Louise Mushikiwabo: ’’Gukingurira igifaransa ku rubyiruko nyafurika’’-Colette Braeckman

Louise Mushikiwabo: ’’Gukingurira igifaransa ku rubyiruko nyafurika’’-Colette Braeckman

Ubwanditsi 06 May 2019 HIRYA NO HINO, INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Umuryango nyarwanda w’abarimu b’Igifaransa (AREF) uributsa abarimu n’abarimukazi b’igifaransa mu Rwanda, ibi bikurikira :

Intego : Louise Mushikiwabo: ‘‘Gufungura urubuga rw’igifaransa ku rubyiruko rw’Abanyafurika’’

Mu gatabo ku munyamakuru w’icyamamare w’Umubiligi Colette Braeckman mu kinyamakuru cyitwa ‘‘le Soir’’ cyo ku wa 26 Mata 2019.

“Nkimara gusoma agatabo kanditswe na Colette Braeckman kuri murandasi bita‘‘le Blog du Soir’’, yibanze ku gitekerezo cyatanzwe na Madame Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Abakoresha ururimi rw’igifaransa n’abafatanyabikorwa, uruhererekane mu itumanaho, kumaramaza kuzuye aho rihamagarira urubyiruko nyafurika mu kurushaho kurishyira mu bikorwa.

Ku bindeba ku bwanjye, natahuye kandi nzirikana ko intego ya Madame Louise Mushikiwabo yibanze ku ingigo zirindwi z’ingenzi :

Guharanira no kubyutsa ikoreshwa ry’igifaransa rikagera no nsisiro ;

Kugarura ikoreshwa ry’igifaransa mu inzego mpuzamahanga ;

Gushishikariza ikoreshwa ry’igifaransa mu bwinshi ;

Kurema icyizere cyuzuye cy’abaterankunga bakoresha ururimi rw’igifaransa ;

Abakoresha uririmi rw’igifaransa,  bagomba guhangana n’ubuhezangini ubwaribwo bwose;

Abakoresha uririmi rw’igifaransa,  bagomba kuba inkingi ya mwambwa yo kuzamura urusobe rw’imico;

Urubyiruko nyafurika, rugaragaza muri ubwo buryo, ubushobozi  bwibitsemo butagereranywa mu kugira uruhare mu iterambere ryuzuye ku mugabane wacu.

Bidatinze, mbahaye urubuga rw’ivumburamatsiko y’inyandiko kugira ngo mubiganireho hagati yanyu, bitange icyizere kurushaho hagati y’abanyeshuri bato n’abakuru.

Tubifurije ibyiza n’ubushuti

Tél :0788502908

E-mail :angabirame@yahoo.fr

Ngabirame Biraboneye Augustin, Perezida wa AREF

’’Gukingurira igifaransa ku rubyiruko nyafurika’’-Colette Braeckman

Mu gice cya 2, ikinyamakuru cyitwa ‘‘Le Soir’’ yasohotse ku wa 26 Mata 2019. Umwanditsi Colette Braeckman mu cyo yita “Le Carnet de Colette Braeckman”, avuga ko Madame  Louise Mushikiwabo, amaze gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Abakoresha ururimi rw’igifaransa, mu inama yabereye Erevan, uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo, yamaze kwerekeza muri Tuniziya, kuko ari yo izacumbikira inama y’ubutaha, ndetse no mu bihugu binyuranye by’Afurika, aho kandi muri icyo cyumweru, yakoreye urugendo rw’akazi mu Bubirigi.

Umwanditsi Colette Braeckman

Ati : Bidasubirwaho, avuga indimi ebyiri neza uhereye mu myigire ye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Madame Mushikiwabo yigaragaza neza kuri buri ruhande ndetse n’imibanire y’ubukungu  y’Afurika y’Iburasirazuba mu guteza imbere icyongereza, ku mwanya w’ururimi rukoreshwa mu gihugu cyabo bwite.

Ariko kandi arajwe ishinga no guharanira kubyutsa ‘‘Ikoreshwa ry’igifaransa’’, ntibikwiriye ko urwo rurimi rwiza rwasigara inyuma kandi rukoreshwa n’abize…tugomba gutekereza cyane ku rubyiruko, by’umwihariko kuri miliyoni bazi kuvuga muri Afurika, abo ntibakangwa n’uburemere bw’igifaransa, ahubwo, usanga bagukira gukoresha icyongereza, kuko basanga ari rwo rurimi ruboroheye rw’ubucuruzi.

Imwe mu intego z’ingenzi z’Umunyamabanga Mukuru mushya w’umuryango w’abakoresha igifaransa (OIF) ni kugarura ikoreshwa ry’igifaransa mu inzego mpuzamahanga, Umuryango w’Abibumbye, harimo kandi n’ibihugu by’uburayi, muri iki gihe kivugwamo  Bresit, yakoranye imishyikirano na Jean Claude Junker, kugira ngo yongere umubare w’abarukoresha, haba mu rwego rw’imibanire, no mu rwego rw’ubucuruzi.

Muri urwo rugamba rwo‘‘ kurinda hamwe n’imyitozo’’ y’ururimi rw’igifaransa, Madame Mushikiwabo afitiye icyizere Ubufansa byimazeyo, ariko kandi no ku bandi bafatanyabikorwa, hari nk’Ubusuwisi, Monaco na Luxembourg, bashobora kongera umusanzu wabo muri uwo muryango, tutibagiwe n’ibihugu by’inshuti biri ku rutonde ku isi hari nk’igihugu cya Rumaniya tutibagiwe na Canada, bakurikirana na Brunswick nshya hamwe na Quebec.

Madame Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Abakoresha ururimi rw’igifaransa.

Nk’ururimi, ari yo mpamvu yo kubaho k’uwo muryango, hari kandi indagagaciro rusange, imyitozo y’uruhererakane muri ibi binyejana bine bishize, abakoresha igifaransa bakwiriye kugira uruhare ku rubuga rwa politiki ntamakemwa, ishingiye mu guteza imbere demokarasi, ikindi  ishingiye kurwanya ubuhezanguni, by’umwihariko mu bihugu bya Sahara.

Iryo hererekana, rigomba kuba rishingiye ku muco, Madame Mushikiwabo, yasanganiwe n’ubutunzi rw’urubuga rw’abakoresha igifaransa, nk’abakoresha ubukorikori, ikinamico, ku bwanditsi, abanyamiziki. Ariko ubunyarwanda, bwagize uruhare mu kubyutsa igihugu cyabo, bushingiye ku gaciro n’urusobe rw’imico, bashaka kandi ko abanyabugeni babeshwaho n’impano zabo.

Mu bundi buryo, birakwiriye ko batezwa imbere ku rwego mpuzamahanga, bagakorerwa ubuvugizi mu iteganyamigambi ry’ubucuruzi, kunoza neza ibikorwa byabo, kuri ubu, ku rubuga rw’abakoresha icyongereza. Ku bwa Madame Mushikiwabo, miliyoni 750 y’abanyafurika bakoresha igifaransa, biganjemo urubyiruko, bagaragaramo ubushobozi ntayegayezwa no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo rukomoka, bahuye by’umwihariko n’imbaduko y’urubyiruko.

‘‘Ni muri urwo rubyiruko, igifaransa kigomba kuba, byanze bikunze, urwo rurimi rugomba  gukoreshwa mu guhana ibitekerezo no kuvugana, bakaguka mu kujyana n’ibihe tugezemo…’’. Twibanze ku Bubiligi bukoresha igifaransa, rimwe na rimwe amagambo agenda atirwa agasobekerana na Paris, Madame Mushikiwabo yizera ko azabona abasobanukiwe neza urwo rurimi kandi bizewe.

ASSOCIATION RWANDAISE DES ENSEIGNANTS DE FRANÇAIS(AREF)

  • LE PRESIDENT
  • TEL:078 850 29 08
  • E-mail : angabirame@yahoo.fr

A TOUTES LES ENSEIGNANTES ,A TOUS LES ENSEIGNANTS DE FRANÇAIS AU RWANDA;

OBJET:

LOUISE MUSHIKIWABO :”OUVRIR LE FRANÇAIS A LA JEUNESSE AFRICAINE”

                                          Dans Le carnet de la célèbre journaliste belge

                                          Colette Braeckman dans  Le Soir du 26/4/2019

CHERE COLLEGUE,CHER COLLEGUE,

Je viens de lire  le carnet  de Colette Braeckman paru dans le blog  du Soir  et portant surles propos de Madame Louise Mushikiwabo , Secrétaire Générale de la Francophonie et notre compatriote, ,une communication pleine d’engagement et qui invite  toute la jeunesse   africaine à l’action. En ce qui me concerne, j’ai retenu  que les  propos  de Madame  Louise Mushikiwabo se déclinent en sept points  très importants:

  1. Défendre et rajeunir l’usage du jusque dans la rue;
  2. Ramener l’usage du français dans les enceintes internationales;
  3. Imposer l’usage du français dans le numérique;
  4. La foi ardente aux bailleurs de fonds de la francophonie;
  5. La Francophonie, rempart contre les radicalisms de toute sorte;
  6. La Francophonie, rempart fondé sur la promotion des cultures et  le respect des civilisations;
  7. La jeunesse africaine,représente ,dans tout cela,un potential exceptionnel pour pouvoir participer au développement intégral de notre Continent.

Sans tarder,  je vous laisse découvrir cet article pour enfin en débattre entre vous et à coup  sûr avec vos élèves et étudiants.

  Bien à vous et amitiés

Ngabirame Biraboneye Augustin, Président de l’AREF

   

2019-05-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Urwango David Himbara afitiye u Rwanda n’Abanyarwanda rwarenze igipimo, yishimiye ko Corona Virus yageze mu Rwanda

Urwango David Himbara afitiye u Rwanda n’Abanyarwanda rwarenze igipimo, yishimiye ko Corona Virus yageze mu Rwanda

Ubwanditsi 15 Mar 2020
Kizito Mihigo yitabye Imana yiyahuye

Kizito Mihigo yitabye Imana yiyahuye

Ubwanditsi 17 Feb 2020
Uwububa abonwa n’uhagaze : Isano iri hagati ya Kayumba Nyamwasa na Kampala

Uwububa abonwa n’uhagaze : Isano iri hagati ya Kayumba Nyamwasa na Kampala

Ubwanditsi 01 Oct 2019
Umuhanzi Bonhomme ari mu gahinda ko kubura umubyeyi umubyara

Umuhanzi Bonhomme ari mu gahinda ko kubura umubyeyi umubyara

Ubwanditsi 25 Jun 2021

Igitekerezo kimwe

  1. Bararengana Jean Berchmans
    May 6, 20193:28 pm -

    “Gukingurira igifaransa”? Mushikiwabo yize igifaransa kidakingiranye. Mbere yo kugikingurira rero niyibaze uko cyafungiranywe n’umugizi wa nabi wabikoze. We na Braeckman bazwi nk’abakozi b’umuntu tutavuze amazina kandi icyiza cyabavamo cyaba kivuye kure. Gusa abafaransa bavuga ngo useka neza nurangiza aseka (rira bien qui rira le dernier) yuko kubyina intsinzi ari byiza iyo iyo ntsinzi irambye!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kinshasa : Perezida Kabila yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya utavuga rumwe n’ubutegetsi
POLITIKI

Kinshasa : Perezida Kabila yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya utavuga rumwe n’ubutegetsi

Ubwanditsi 08 Apr 2017
RDF : Uko  ikipe y’u Rwanda yarangije idatsinzwe
IMIKINO

RDF : Uko ikipe y’u Rwanda yarangije idatsinzwe

Ubwanditsi 17 Aug 2016
Isange Mobile Clinic yasuye abaturage ba Rwamagana
Mu Mahanga

Isange Mobile Clinic yasuye abaturage ba Rwamagana

Ubwanditsi 23 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru