• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Micho na Uganda basezeye irushanwa batageze i Kigali

Micho na Uganda basezeye irushanwa batageze i Kigali

Ubwanditsi 28 Jan 2016 IMIKINO

kipe y’igihugu ya Uganda isezerewe mu mikino ya CHAN ya 2016 itarenze umutaru, nyuma yo kunanirwa gutsinda umukino n’ umwe mu itsinda rya 4, yarimwo n’ikipe ya Zambia, Zimbabwe na Mali, ryakiniraga mu karere ka Rubavu.

-67.png

Joseph Nsubuga ahanganye nnumwe mu bakinnyi ba Zimbabwe

Igitego cya Manondo William ku munota wa 48, cyaje kwishyurwa ku munota wa nyuma w’umukino na Geoffrey Sserunkuma, amakipe arangiza anganyije igitego 1-1.

Mu mukino wa nyuma muri iri tsinda ikipe ya Milutin Milutin Micho yakinnye muri iri rushanwa, yahuraga na Zimbabwe kuri sitade Umuganda, mu gihe ikipe ya Zambia yakinaga na Mali kuri sitade ya Kigali I Nyamirambo.

Igice cya mbere cy’umukino, ikipe ya Zimbabwe na Uganda zagerageje gukina umukino mwiza, ariko kureba mu izamu birananirana.

Zimbabwe yakinaga uyu mukino iharanira ishema ku gihugu cyayo gusa, kuko gusezererwa iyi kipe yari yaramaze gusezererwa.

Uganda mu gice cya mbere cy’umukino yahushije uburyo bwinshi bwo kuba yabona igitego, hari nk’aho Rutahizamu Miya, yisanze ahagararanye wenyine n’umuzamu, ateye ishoti, Tatenda Marshall arikuramo.

Igice cya 2 cy’umukino kigitangira, ku mupira watakajwe na Joseph Ochaya, rutahizamu wa Zimbabwe William Manonda yafunguye amazamu, igitego cya mbere cya Zimbabwe muri aya marushanwa.

Zimbabwe yakomeje gusatira bikomeye ikipe ya Uganda, igenda ihusha ibitego byari byabazwe imbere y’izamu.

Rutahizamu wa Uganda Elissa Sekissambu yaje kubona amahirwe yo kuba yakwishyura ku ruhande rwa Uganda, ariko ananirwa gutera mu izamu.

Umutoza wa Zimbabwe Kalisto Pasuwa yagiye akora impinduka aza kwinjiza umusore Ronald Kitiyo mu kibuga, wagoye bigaragara abakina inyuma ba Uganda, ariko umuzamu Alitho James, amubera ibamba.

Ku munota wa 3 w’inyongera ku minota 90 y’umukino, ni bwo rutahizamu wa Uganda wari winjiye mu kibuga asimbuye Geoffrey Sserunkuma, yaje kwishyura igitego n’umutwe, amakipe arangiza anganyije igitego 1-1.

Undi mukino muri iri tsinda warangiye Zambia na Mali banganyije 0-0.

Bikaba bivuga ko Zambia izamutse ku mwanya wa mbere n’amanota 7, ikurikiwe na Mali ifite amanota 5, Uganda ku mwanya wa 3 n’amanota 2, Zimbabwe icyuye inota 1.
Imikino ya 1/4:

Ku wa gatandatu (30/1/2016)

• Rwanda vs DRC (Stade Amahoro)
• Cameroun v Cote d’Ivoire (Huye)

Ku cyumweru:

• Tunisia vs Mali (Stade ya Kigali)
• Zambia vs Guinea (Stade Umuganda)

Ababanjemo 11 ku mpande zombi:

Zimbabwe:

Mukuruva,Mhlanga,Kangwa,Ngodzo,Zvirekwi,Masuku,Makatuka,Manuvire, Manondo, Chirambadare,Mutuma.

Uganda :

Alitho James (GK), Joseph Nsubuga,Richard Kassaga,Muwanga Bernard, Kezironi Kizito, Joseph Ochaya, Farouk Miya (Capt), Erisa Sekisambu, Ivan Ntege, Isaac Muleme and Timothy Awany.

M.Fils

2016-01-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amakipe 10 arimo atanu y’Abagabo n’atanu y’Abagore niyo azitabira irushanwa ryateguwe na Rwanda Revenue Authority

Amakipe 10 arimo atanu y’Abagabo n’atanu y’Abagore niyo azitabira irushanwa ryateguwe na Rwanda Revenue Authority

Ubwanditsi 08 Nov 2023
Jean Claude Hérault wabaye umuyobozi mukuru w’isiganwa rya Tour Du Rwanda mu gihe cy’imyaka 8 yitabye Imana azize Koronavirusi.

Jean Claude Hérault wabaye umuyobozi mukuru w’isiganwa rya Tour Du Rwanda mu gihe cy’imyaka 8 yitabye Imana azize Koronavirusi.

Ubwanditsi 16 Apr 2021
Minisitiri Aurore Mimosa n’umujyi wa Kigali bashimiye AS Kigali yageze mu ijonjora rya kabiri rya CAF Confederations Cup, APR FC yo yasezerewe na US Monastir itsinzwe 3-0

Minisitiri Aurore Mimosa n’umujyi wa Kigali bashimiye AS Kigali yageze mu ijonjora rya kabiri rya CAF Confederations Cup, APR FC yo yasezerewe na US Monastir itsinzwe 3-0

Ubwanditsi 19 Sep 2022
Amafoto – Mugisha Gilbert na Bizimana Djihad bafashije Amavubi gutsinda Madagascar 2-0, u Rwanda ruhembwa nk’ikipe yitwaye neza

Amafoto – Mugisha Gilbert na Bizimana Djihad bafashije Amavubi gutsinda Madagascar 2-0, u Rwanda ruhembwa nk’ikipe yitwaye neza

Ubwanditsi 25 Mar 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bizimana Djihad ntabwo azakina umukino u Rwanda ruzakina na Uganda, Djamir Kalisa yabimburiye abakina hanze gutangira imyitozo mu Mavubi
Amakuru

Bizimana Djihad ntabwo azakina umukino u Rwanda ruzakina na Uganda, Djamir Kalisa yabimburiye abakina hanze gutangira imyitozo mu Mavubi

Ubwanditsi 04 Oct 2021
U Rwanda rugiye kwakira inama nyafurika yiga ku micungire y’umutekano w’indege
UBUKERARUGENDO

U Rwanda rugiye kwakira inama nyafurika yiga ku micungire y’umutekano w’indege

Ubwanditsi 05 May 2018
Abanyeshuli ba Kenyatta University bavugirije induru Museveni banatwika ibendera rya Uganda ubwo yasuraga kaminuza yabo
HIRYA NO HINO

Abanyeshuli ba Kenyatta University bavugirije induru Museveni banatwika ibendera rya Uganda ubwo yasuraga kaminuza yabo

Ubwanditsi 30 Mar 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru