• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu irushanwa ryateguwe na FERWABA, UR, Ecole Secondaire St Bernadette Kamonyi ndetse zatwaye imidali muri 3×3 Challenge

Mu irushanwa ryateguwe na FERWABA, UR, Ecole Secondaire St Bernadette Kamonyi ndetse zatwaye imidali muri 3×3 Challenge

Editorial 26 Oct 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Kuwa Gatandatu tariki 23/10/2021, kuri Sitade Amahoro i Remera, hasojwe irushanwa ry’umukino wa Basketball ikinwa n’abakinnyi batatu kuri batatu ryiswe “FERWABA 3X3 ELITE CHALLENGE”.

Iri rushanwa ryateguwe n’ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’intoki rya Basketball “FERWABA”, kubufatanye na Rwanda Wheelchair Basketball Federation (RWBF), ryari ryahuje amakipe y’abakina basketball bahagaze ndetse n’ay’abantu bafite ubumuga bakina bicaye mu tugare uzwi nka “Wheelchair Basketball”, akaba ari mu rwego rwo kudaheza abantu bafite ubumuga cyane ko nabo bakina basketball (INCLUSIVE SPORTS).UKO IRUSHANWA RYAGENZE:

 

Mu bagabo ahari hitabiriye amakipe 16, aho yari agabanyije mu matsinda 4, barahuye hagati yayo maze iya mbere muri buri tsinda ibona itike ya 1/2.

Mu mikino ya 1/2 yabaye; LDK yabaye iya mbere mu itsinda B, yatsinze SHOOT 4 STARS yabaye iya mbere mu itsinda A, ku manota 17 kuri 16.

Ku rundi ruhande, UR (A) yabaye iya mbere mu itsinda D, CBT yabaye iya mbere mu itsinda C, ku manota 12-08.

Ku mukino wa nyuma, UR (A) yaje gutsinda LDK ku manota 14 kuri 05. Ni mu gihe CBT yaje kwegukana umwanya wa 3 itsinze Shoot 4 Stars ku manota 6-3.

Mu bagore ahari hitabiriye amakipe 10, agashyirwa mu matsinda abiri, aho yagiye ahura hagati yayo amakipe abiri ya mbere muri buri tsinda abona itike ya 1/2.

Muri 1/2, GS Marie Reine Rwaza yabaye iya mbere mu itsinda A, yatsinze na APR yabaye iya kabiri mu itsinda B, ku manota 06-04.

Mu wundi mukino wa 1/2, UR (B)yabaye iya mbere mu itsinda B, yatsinzwe na ESB Kamonyi yabaye iya kabiri mu itsinda A, ku manota 10-09.

Ku mukino wa nyuma, ES.B Kamonyi yatsinze GS Marie Reine Rwaza ku manota 15-12.

Ni mu gihe UR (B) yaje kwegukana umwanya wa 3 itsinze APR ku manota 13-08.

Muri Wheelchair Basketball, hari hitabiriye amakipe 4 yose maze ahura hagati yayo nyuma hakorwa urutonde.

Muri 1/2, ikipe ya mbere yahuye n’iya kane (1 vs 4), iya kabiri ihure n’iya gatatu (2 vs 3).

Ikipe y’Indangamirwa (Team Basile), yabaye iya mbere itsinze Inganizi (Team Hashim), ku manota 4-2 naho
Indatwa (Team Meschack)
yegukana umwanya wa 3 itsinze Ingeri (Team Slim)
ku manota 6-5.

Mu bihembo bizatanzwe; ikipe ya mbere mu bagabo n’abagore yahawe imidari ya zahabu ndetse n’inkweto za siporo, iya kabiri ihabwe iya imidari ya argent iya gatatu ihabwa imidari ya Bronze.

Mu cyiciro cy’abafite ubumuga (Wheelchair Basketball), ikipe yabaye iya mbere yahawe imidari ya zahabu, umupira wo gukina ndetse n’inkweto za siporo, iya kabiri yahawe imidari ya argent n’umupira wo gukina naho iya gatatu ihabwa imidari ya Bronze n’umupira wo gukina.

2021-10-26
Editorial

IZINDI NKURU

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Editorial 17 Mar 2021
Amafoto – Gasogi United yongereye amasezerano Yamini Salumu, inasinyisha rutahizamu Hassan Djibrine ukomoka mu gihugu cya Chad

Amafoto – Gasogi United yongereye amasezerano Yamini Salumu, inasinyisha rutahizamu Hassan Djibrine ukomoka mu gihugu cya Chad

Editorial 13 Jul 2021
Hazashyirwaho isiganwa ry’amagare ryo kwibuka Lambert Byemayire

Hazashyirwaho isiganwa ry’amagare ryo kwibuka Lambert Byemayire

Editorial 03 Jan 2017
Afrobasket: Mali na Misiri zageze ku mukino wa nyuma, u Rwanda rutsinda umukino wa mbere

Afrobasket: Mali na Misiri zageze ku mukino wa nyuma, u Rwanda rutsinda umukino wa mbere

Editorial 03 Aug 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano mu Budage
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano mu Budage

Editorial 16 Feb 2018
Uganda: Gen. Salim Saleh  udacana uwaka na  Gen. Kale Kayihura yamusuye aho afungiye
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Gen. Salim Saleh udacana uwaka na Gen. Kale Kayihura yamusuye aho afungiye

Editorial 28 Jun 2018
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, asanga Abanyarwanda ubwabo bagomba kwikebuka, bakigaya cyane kuko aribo bisenyeye ubumwe n’ Igihugu muw’1994, aho gukomeza gushakira impamvu ku banyamahanga.
Amakuru

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, asanga Abanyarwanda ubwabo bagomba kwikebuka, bakigaya cyane kuko aribo bisenyeye ubumwe n’ Igihugu muw’1994, aho gukomeza gushakira impamvu ku banyamahanga.

Editorial 01 May 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru