• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu irushanwa ryateguwe na FERWABA, UR, Ecole Secondaire St Bernadette Kamonyi ndetse zatwaye imidali muri 3×3 Challenge

Mu irushanwa ryateguwe na FERWABA, UR, Ecole Secondaire St Bernadette Kamonyi ndetse zatwaye imidali muri 3×3 Challenge

Ubwanditsi 26 Oct 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Kuwa Gatandatu tariki 23/10/2021, kuri Sitade Amahoro i Remera, hasojwe irushanwa ry’umukino wa Basketball ikinwa n’abakinnyi batatu kuri batatu ryiswe “FERWABA 3X3 ELITE CHALLENGE”.

Iri rushanwa ryateguwe n’ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’intoki rya Basketball “FERWABA”, kubufatanye na Rwanda Wheelchair Basketball Federation (RWBF), ryari ryahuje amakipe y’abakina basketball bahagaze ndetse n’ay’abantu bafite ubumuga bakina bicaye mu tugare uzwi nka “Wheelchair Basketball”, akaba ari mu rwego rwo kudaheza abantu bafite ubumuga cyane ko nabo bakina basketball (INCLUSIVE SPORTS).UKO IRUSHANWA RYAGENZE:

 

Mu bagabo ahari hitabiriye amakipe 16, aho yari agabanyije mu matsinda 4, barahuye hagati yayo maze iya mbere muri buri tsinda ibona itike ya 1/2.

Mu mikino ya 1/2 yabaye; LDK yabaye iya mbere mu itsinda B, yatsinze SHOOT 4 STARS yabaye iya mbere mu itsinda A, ku manota 17 kuri 16.

Ku rundi ruhande, UR (A) yabaye iya mbere mu itsinda D, CBT yabaye iya mbere mu itsinda C, ku manota 12-08.

Ku mukino wa nyuma, UR (A) yaje gutsinda LDK ku manota 14 kuri 05. Ni mu gihe CBT yaje kwegukana umwanya wa 3 itsinze Shoot 4 Stars ku manota 6-3.

Mu bagore ahari hitabiriye amakipe 10, agashyirwa mu matsinda abiri, aho yagiye ahura hagati yayo amakipe abiri ya mbere muri buri tsinda abona itike ya 1/2.

Muri 1/2, GS Marie Reine Rwaza yabaye iya mbere mu itsinda A, yatsinze na APR yabaye iya kabiri mu itsinda B, ku manota 06-04.

Mu wundi mukino wa 1/2, UR (B)yabaye iya mbere mu itsinda B, yatsinzwe na ESB Kamonyi yabaye iya kabiri mu itsinda A, ku manota 10-09.

Ku mukino wa nyuma, ES.B Kamonyi yatsinze GS Marie Reine Rwaza ku manota 15-12.

Ni mu gihe UR (B) yaje kwegukana umwanya wa 3 itsinze APR ku manota 13-08.

Muri Wheelchair Basketball, hari hitabiriye amakipe 4 yose maze ahura hagati yayo nyuma hakorwa urutonde.

Muri 1/2, ikipe ya mbere yahuye n’iya kane (1 vs 4), iya kabiri ihure n’iya gatatu (2 vs 3).

Ikipe y’Indangamirwa (Team Basile), yabaye iya mbere itsinze Inganizi (Team Hashim), ku manota 4-2 naho
Indatwa (Team Meschack)
yegukana umwanya wa 3 itsinze Ingeri (Team Slim)
ku manota 6-5.

Mu bihembo bizatanzwe; ikipe ya mbere mu bagabo n’abagore yahawe imidari ya zahabu ndetse n’inkweto za siporo, iya kabiri ihabwe iya imidari ya argent iya gatatu ihabwa imidari ya Bronze.

Mu cyiciro cy’abafite ubumuga (Wheelchair Basketball), ikipe yabaye iya mbere yahawe imidari ya zahabu, umupira wo gukina ndetse n’inkweto za siporo, iya kabiri yahawe imidari ya argent n’umupira wo gukina naho iya gatatu ihabwa imidari ya Bronze n’umupira wo gukina.

2021-10-26
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ibaruwa ifunguye urugaga rw’abahanzi Nyarwanda rwandikiye Minisitiri Nyirasafari Esperance wa MINISPOC

Ibaruwa ifunguye urugaga rw’abahanzi Nyarwanda rwandikiye Minisitiri Nyirasafari Esperance wa MINISPOC

Ubwanditsi 21 Oct 2018
Abapolisi biga iby’ubuyobozi mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) batangiye urugendoshuri

Abapolisi biga iby’ubuyobozi mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) batangiye urugendoshuri

Ubwanditsi 08 May 2018
Ubugambanyi n’ubwicanyi mu Banyarwanda muri Afurika y’Amajyepfo

Ubugambanyi n’ubwicanyi mu Banyarwanda muri Afurika y’Amajyepfo

Ubwanditsi 14 Jun 2016
Minisitiri muri Israel yashimangiye umubano w’u Rwanda n’igihugu cye ubwo yakiraga Perezida Kagame

Minisitiri muri Israel yashimangiye umubano w’u Rwanda n’igihugu cye ubwo yakiraga Perezida Kagame

Ubwanditsi 10 Jul 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urukiko rwa Loni rwitabaje abafashe abo muri Yugoslavia ngo bahige ba Kabuga
Mu Rwanda

Urukiko rwa Loni rwitabaje abafashe abo muri Yugoslavia ngo bahige ba Kabuga

Ubwanditsi 14 Feb 2018
Bamwe mu batanze ubuhamya bushinja mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Arusha barahabwa ruswa ngo bahindure imvugo, bityo abajenosideri bagirwe abere
Amakuru

Bamwe mu batanze ubuhamya bushinja mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Arusha barahabwa ruswa ngo bahindure imvugo, bityo abajenosideri bagirwe abere

Ubwanditsi 11 Dec 2024
Ubwicanyi mu Burundi buragenda buhindura isura
Mu Rwanda

Ubwicanyi mu Burundi buragenda buhindura isura

Ubwanditsi 13 Apr 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru