• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Visit Rwanda n’ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza basinyanye amasezerano y’ubufatanye   |   14 Jul 2026

  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Perezida Kagame arasezera Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Iyo bigeze ku Rwanda, BBC Gahuza iba umuzindaro w’umutwe wiyita Leta ya Islam (IS)

Iyo bigeze ku Rwanda, BBC Gahuza iba umuzindaro w’umutwe wiyita Leta ya Islam (IS)

Ubwanditsi 13 Aug 2021 Amakuru, INKURU NYAMUKURU, Mu Mahanga

Ku munsi w’ejo BBC Gahuza Miryango ku rubuga rwayo rwa Internet rwatangaje inkuru ndende ifite umutwe w’inkuru igira iti “Abashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Isilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa kuri Interneti”.

Iyi nkuru ni ihuriro ry’ibyatangajwe n’imitwe y’iterabwoba mu rwego rwo guca integer, nubwo bitashoboka ingabo z’u Rwanda, kuko ntizabatinye ku masasu; icyo BBC yashakaga kugeraho ni ugukwirakwiza ubu butumwa berekana ko hari abatishimiye ibyo ingabo z’u Rwanda ziri kugeraho. Gusa birababaje kuba ari BBC ikwirakwiza ibi binyoma.

Ese ko uyu mutwe wiyita Leta ya Islam wirirwa utuka Ubwongereza n’Amerika yaba mu ntambara zo muri Afuganisitani n’ahandi, BBC yigeze itangaza ko IS yibasiye America n’u Rwanda? Iyi ntabwo ariyo nkuru ya mbere ya BBC igaragaza ko iri k’uruhande rw’abatishimiye ko ingabo z’u Rwanda zijya ku rwanya iterabwoba kuko hari indi ifite umutwe w’inkuru igira iti “Rwanda – Mozambique: Hari ibibazo bitasubijwe mbere yo koherezayo ingabo?”

Kuri BBC Gahuza Miryango ishami rya Kinyarwanda rikoramo intagondwa zabarizwaga muri Hutu Pawa, tutahwemye kugaragaza bigaragara ko kwambika isura mbi Leta y’u Rwanda

Iterabwoba hirya no hino ku isi ryagakwiye kurwanwa hakurikije ubufatanye bw’ibihugu buzira imipaka. Ubwo ibihugu by’Amerika, Ubwongereza n’ibindi byarwanyaga iterabwoba muri Afuganisitani ndahamya neza ko hari ubutumwa bwacicikanaga kuri Internet butuka ibi bihugu.

Ese ibinyamakuru byo mu Bwongereza cyangwa Amerika byigeze biha agaciro izo nyandiko? Mu gihe mu ntara ya Cabo Delgado ubuzima busa n’ubugaruka ku baturage basaga ibihumbi 800 bari bamaze imyaka isaga ibiri barahunze ibyihebe, ubu bamwe basubiye mu byabo abandi akanyamuneza ni kose kuko baziko ibyo byihebe byirukanwe bikayabangira ingata. Gusa aya si amakuru kuri BBC, yo ikiyihangayikishije ni ukuba ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike.

Ntabwo ari umurongo wa BBC gusa, ahubwo bawuhuje n’abenshi mu barwanya u Rwanda babajwe nuko ingabo zoherejwe Mozambike noneho barwara umusonga nyuma yaho mu byumweru bibiri gusa, ingabo z’u Rwanda zafashe icyambu cya Mocímboa da Praia cyafatwaga nk’umurwa mukuru w’ibyihebe.

Kuva kandi ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda byivugira mu byumweru bibiri gusa, hari bamwe bigize abasesenguzi kandi bari baracecetse ubwo iyi ntara yari mu maboko y’intagondwa.

2021-08-13
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuhungu wa Habyarimana yatanze ubuhamya ahuza nibyo Raporo Mutsinzi yatangaje

Umuhungu wa Habyarimana yatanze ubuhamya ahuza nibyo Raporo Mutsinzi yatangaje

Ubwanditsi 12 Apr 2021
Mu mikino y’umunsi wa 12 ya shampiyona y’u Rwanda, As Kigali yatsinzwe na Rutsiro FC, Rayon Sports inganya na Musanze FC

Mu mikino y’umunsi wa 12 ya shampiyona y’u Rwanda, As Kigali yatsinzwe na Rutsiro FC, Rayon Sports inganya na Musanze FC

Ubwanditsi 16 Jan 2022
Mu ijambo rye Perezida Tshisekedi yemeje ku mugaragaro ibyo Perezida Kagame yavuze ko akorana na FDLR

Mu ijambo rye Perezida Tshisekedi yemeje ku mugaragaro ibyo Perezida Kagame yavuze ko akorana na FDLR

Ubwanditsi 09 Dec 2022
Umubiligi yangiwe kuba intumwa y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi muri aka karere kubera politiki mbi y’igihugu cye

Umubiligi yangiwe kuba intumwa y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi muri aka karere kubera politiki mbi y’igihugu cye

Ubwanditsi 24 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

1986 : Museveni kuzamura mu ntera abari impunzi muri Uganda Fred Gisa Rwigema na Paul Kagame si urukundo ni amaburakindi [ VIDEO ]
INKURU NYAMUKURU

1986 : Museveni kuzamura mu ntera abari impunzi muri Uganda Fred Gisa Rwigema na Paul Kagame si urukundo ni amaburakindi [ VIDEO ]

Ubwanditsi 24 Jun 2019
Uganda ikomeje kurenga ku masezerano ya Luanda mu buryo butari bushya mu migirire yayo
POLITIKI

Uganda ikomeje kurenga ku masezerano ya Luanda mu buryo butari bushya mu migirire yayo

Ubwanditsi 02 Dec 2019
Intwali : Amashirakinyoma ku rupfu rwa General Fred Rwigema
Mu Mahanga

Intwali : Amashirakinyoma ku rupfu rwa General Fred Rwigema

Ubwanditsi 29 Jan 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru