• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»New-RNC mu bucuruzi bw’impapuro mpimbano (Fakes documents).

New-RNC mu bucuruzi bw’impapuro mpimbano (Fakes documents).

Editorial 03 Aug 2016 ITOHOZA

NEW- RNC, bakomeje kugaragaza ibikorwa bigayitse cyane ndetse tutatinya no kwita criminal acts.

Ubu rero twamaze kubona ibimenyetso byinshi n’ubuhamya bw’impunzi nyinshi zahuye n’ingorane zikomeye muri asylum procedures zazo. Ibi bikorwa bigayitse bipangwa na CIKURU Mwanamayi ama Euros avuyemo akayoherereza Theogene Rudasingwa kuko ariyo amutunze muri iki gihe gikomeye, aho imisanzu yabuze kubera amacakubiri menshi ari muri RNC.

Dore bimwe mu bipapuro by’ibihimbano bya Police, Parquet n’inkiko zo mu Rwanda CIKURU acuruza n’amafaranga aca kuli buli kimwe muli byo :

Convocation yo kwitaba kuli Police : 100 Euros

Mandat d’arrêt provisoire ya Parquet : 300 euros

Décision du Parquet de mise en liberté provisoire : 300 euros

Inyandiko y’urukiko ihamagara umuburanyi udafite aho abarizwa hazwi (assignation à domicile inconnu) : 500 euros
Etc…

Iyo usomye witonze ibi bipapuro bya fakes bya CIKURU, ubonamo amakosa menshi y’ubuswa bukabije. Urugero ni nko kuri ziriya fakes documents za Parquet ya Kigali ubona ngo zanditswe na Officier du Ministère Public witwa UWAKIGERI Joseph.

Hejuru mu ntangiliro ya document, izina ryanditse gutya « UWAKIGERI »hanyuma hasi kuri signature, izina rigahiduka rikandikwa ukundi « UWAKIGELI » ukibaza ukuntu umuntu nka Officier du Ministère Public yagira ingorane zo kwandika izina rye akaribusanya kuri document imwe.

Kandi iri kosa urisanga ryisubiramo ku bipapuro byose bya fakes bya CIKURU abusanya ayo makosa abiri, rimwe hasi, ubundi hejuru…

Ntituramenya neza niba hari umukozi wa Parquet ya Kigali witwa UWAKIGERI Joseph, ugaragara muri fakes documents niba abaho koko, yari akwiye kurega CIKURU MWANAMAYI mu nzego z’ubutabera kuko birakabije.

Ibi bipapuro byose tubabwiye bicuruzwa na CIKURU afatanyije na Rudasingwa ni ibyo dufitiye ibimenyetso byinshi n’ubuhamya bwishi bw’impunzi zabigiriyemo ibibazo (victimes) zikaba zisaba gutabarizwa.

Kandi ntabwo ari ibi bipapuro byonyine bya Fakes CIKURU yijanditsemo. Hari n’ibindi bikorwa criminels byinshi uyu mugabo yijanditsemo. Ariko bimwe ni nko gushakira ama passeports belges ya fakes abantu babuze impapuro mu Bubiligi bashaka kujya kugerageza muli Canada cyango muli USA.

-3474.jpg

Cikuru na Rudasingwa Theogene

Ibyo ni nabyo yafatiwemo mu mwaka wa 2011 kuri Brussel Airpot igihe yahitaga ajya gufungirwa muri close center ya Vottem mu karere ka Liège, akahava hamana.

Ngibyo bimwe mu bikorwa by’ububandi by’uyu mugabo CIKURU wahiswemo na Rudasingwa Théogène ngo abe umuyobozi w’ishyaka ryabo rishya NEW RNC mu Bubiligi.

Cyiza Davidson

2016-08-03
Editorial

IZINDI NKURU

Amateka akomeye y’umusirikare w’umugore wafotowe ateruye umwana mu kubohora igihugu

Amateka akomeye y’umusirikare w’umugore wafotowe ateruye umwana mu kubohora igihugu

Editorial 04 Jul 2018
Uko Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yangiwe gutura muri Canada

Uko Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yangiwe gutura muri Canada

Editorial 12 Jun 2016
Leah Karegeya yifatiye ku gahanga Kayumba Nyamwasa aramwandagaza kubera gushaka kuburizamo umuhango wo kwibuka Patrick Karegeya, byose byagiye hanze

Leah Karegeya yifatiye ku gahanga Kayumba Nyamwasa aramwandagaza kubera gushaka kuburizamo umuhango wo kwibuka Patrick Karegeya, byose byagiye hanze

Editorial 22 Mar 2020
Ibikorwa by’ingenzi bigaragaza itegurwa rya Jenoside mu mezi ya Werurwe 1991-1994

Ibikorwa by’ingenzi bigaragaza itegurwa rya Jenoside mu mezi ya Werurwe 1991-1994

Editorial 05 Apr 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwanda yafashe agatsiko k’abantu bakwirakwiza amafaranga  y’amiganano.
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yafashe agatsiko k’abantu bakwirakwiza amafaranga y’amiganano.

Editorial 17 Mar 2016
U Rwanda ruyoboye Isi mu gushyiraho amabwiriza agenga imikorere ya drones
IKORANABUHANGA

U Rwanda ruyoboye Isi mu gushyiraho amabwiriza agenga imikorere ya drones

Editorial 23 Jan 2018
Muri gereza ya Mageragere haravugwa ingengabitekerezo ya Jenoside, Ababishinzwe nimutabare amazi atararenga inkombe
Amakuru

Muri gereza ya Mageragere haravugwa ingengabitekerezo ya Jenoside, Ababishinzwe nimutabare amazi atararenga inkombe

Editorial 19 Oct 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru