• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IKORANABUHANGA»Ntibisanzwe muri Konka Group bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byo murugo na Telefone [ VIDEO ]

Ntibisanzwe muri Konka Group bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byo murugo na Telefone [ VIDEO ]

Editorial 08 May 2018 IKORANABUHANGA

Konka ni Company icuruza ibikoresho bijyanye na Electronics, urugero Frigo, ziri mu moko atandukanye Difrezer (Zikonjesha cyane) umwihariko wazo n’uko zikoresha umuriro mucye ugereranyije n’izindi ku isoko, Gas cooker, n’ibindi byinshi.

Konka igira ama Televiziyo ya Digital ajyanye n’igihe afite amashusho meza cyane zifitemo ama shene mo imbere , ayo mashene ushobora kuyareba utiriwe ushyiraho Decoderi icyo ukora ni ugucomekaho antene gusa hanyuma ukabona amashusho atandukanye.

Hari kandi Kettle ushobora kwifashisha mu guteka icyayi.

Hari Rice cooker ishobora kugufasha guteka umuceri mu buryo bwiza kandi bwihuse.

Hari imashini ikora Jues n’indi mitobe itandukanye, muri Konka iyo ugezemo uhasanga ibyiza gusa.

Hari kandi Fraska (Amateremunsi) ashyushya icyayi igihe kirekire.

Hari za kizimyamwoto ushobora kwifashisha igihe habaye inkongi y’umuriro, ukaba wazimya ibintu bitandukanye.

Akarusho k’ibikoresho bya Konka bifite. [ VIDEO ]

Konka ifite akarusho  ko kuba ifite ibikoresho bikomeye, kuko iyo uguze ibikoresho bya Konka uhabwa Garanti y’umyaka 1 n’amezi abiri.

Sibyo gusa kandi muri Konka bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byayo.

Ubwo  buryo bwo gutanga inguzanye kubikoresho bya Konka bugiye kumara imyaka 5 bukora. Umuyobozi w’Ubucuruzi muri  Konka Group co.,ltd, Kalisa Emmy, agira ati: Muri iyi minsi turimo gukorana na BK kuko niyo dufitanye amasezerano, bivuze ngo niba umukiriya afite konti muri Banki ya Kigali (BK) hari ifishi yuzuza yamara kuyuzuza agahabwa ibikoresho bya Konka ashaka, akazishyura nyuma y’amezi atandatu ntarengwa.

Hari n’ukundi tujya dukorana n’ibindi bigo runaka iyo byemeye kujya bifata ayomafaranga yuwo mukozi wabo, noneho uwo mukozi akaba yafata ibikoresho runaka, icyo gihe ikigo kigenda kimukata kuburyo atarenza amezi 4 yo kwishyura.

Ese ubu muri Konka bafite abantu bangahe bakoresha ubu buryo bw’inguzanyo y’ibikoresho byayo?

Kalisa : Ubu buryo bumaze gukoreshwa n’abantu barenga ibihumbi icumi (10.000)uhereye igihe twatangiriye gukoresha ubu buryo bw’inguzanyo y’ibikoresho.

Ikintu gishya Konka igiye gukora muri uyu mwaka ni iki ?

Kalisa : Kongera umubare w’abakoresha ubu buryo bw’inguzanyo kuko ubungubu turimo gukorana na BK kuko bo bafite ifishi buzuza, utanga fotocopi y’irangamuntu yawe, na fotocopi ya amasezerano y’akazi (Contract) hanyuma natwe muri Konka tukaguha Proforma invoice, ukayijyana kuri BK muminsi 3 uba wahawe igikoresho cyacu.

Ubutumwa kuba kiriya ba Konka.

Kalisa : Tubafitiye ibicuruzwa byiza kandi byizewe bikoresha umuriro mucye, nka Frigo na Televiziyo, akarusho nuko iyo ugeze mu rugo rurimo ibikoresho bya Konka wishima cyane.

Kalibu muri Konka Group co.,ltd , ikorera mu nyubako nshya T2000, mu mujyi wa Kigali.

Add: 2000 House Qurter Commercial P.o. box 190 KIGALI-RWANDA Tel +250788577057, web. http://www.konka.com.hk, www.konkaproducts.com , facebook :konkaproducts

 

2018-05-08
Editorial

IZINDI NKURU

Ibyo kwitega kuri telefoni nshya Apple iteganya gushyira ku isoko

Ibyo kwitega kuri telefoni nshya Apple iteganya gushyira ku isoko

Editorial 11 Sep 2018
Twitter yashyizeho uburyo bukumira amagambo abiba urwango rushingiye ku myemerere

Twitter yashyizeho uburyo bukumira amagambo abiba urwango rushingiye ku myemerere

Editorial 12 Jul 2019
Iran yagabye kuri Amerika ibitero 2700 by’ikoranabuhanga ishaka kwinjirira amatora ya Perezida

Iran yagabye kuri Amerika ibitero 2700 by’ikoranabuhanga ishaka kwinjirira amatora ya Perezida

Editorial 07 Oct 2019
Imfura zisaga 100 za gahunda ya leta yo guhugura abakozi mu by’ikoranabuhanga zasoje amasomo

Imfura zisaga 100 za gahunda ya leta yo guhugura abakozi mu by’ikoranabuhanga zasoje amasomo

Editorial 01 Apr 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Urukiko rw’Ubujurire rwashimangiye igifungo cya burundu ku mujenosideri Bernard Munyagishari, kubera amaraso y’inzirakarengane z’Abatutsi yamennye.
Amakuru

Urukiko rw’Ubujurire rwashimangiye igifungo cya burundu ku mujenosideri Bernard Munyagishari, kubera amaraso y’inzirakarengane z’Abatutsi yamennye.

Editorial 07 May 2021
Ubufaransa bwakoze nabi gutumira Barrow
POLITIKI

Ubufaransa bwakoze nabi gutumira Barrow

Editorial 17 Jan 2017
Amakipe y’ibigugu mu burayi yanyagiwe imvura y’Ibitego muri shampiyona zabo
Amakuru

Amakipe y’ibigugu mu burayi yanyagiwe imvura y’Ibitego muri shampiyona zabo

Editorial 28 Sep 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru