• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»IKORANABUHANGA»Ntibisanzwe muri Konka Group bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byo murugo na Telefone [ VIDEO ]

Ntibisanzwe muri Konka Group bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byo murugo na Telefone [ VIDEO ]

Ubwanditsi 08 May 2018 IKORANABUHANGA

Konka ni Company icuruza ibikoresho bijyanye na Electronics, urugero Frigo, ziri mu moko atandukanye Difrezer (Zikonjesha cyane) umwihariko wazo n’uko zikoresha umuriro mucye ugereranyije n’izindi ku isoko, Gas cooker, n’ibindi byinshi.

Konka igira ama Televiziyo ya Digital ajyanye n’igihe afite amashusho meza cyane zifitemo ama shene mo imbere , ayo mashene ushobora kuyareba utiriwe ushyiraho Decoderi icyo ukora ni ugucomekaho antene gusa hanyuma ukabona amashusho atandukanye.

Hari kandi Kettle ushobora kwifashisha mu guteka icyayi.

Hari Rice cooker ishobora kugufasha guteka umuceri mu buryo bwiza kandi bwihuse.

Hari imashini ikora Jues n’indi mitobe itandukanye, muri Konka iyo ugezemo uhasanga ibyiza gusa.

Hari kandi Fraska (Amateremunsi) ashyushya icyayi igihe kirekire.

Hari za kizimyamwoto ushobora kwifashisha igihe habaye inkongi y’umuriro, ukaba wazimya ibintu bitandukanye.

Akarusho k’ibikoresho bya Konka bifite. [ VIDEO ]

Konka ifite akarusho  ko kuba ifite ibikoresho bikomeye, kuko iyo uguze ibikoresho bya Konka uhabwa Garanti y’umyaka 1 n’amezi abiri.

Sibyo gusa kandi muri Konka bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byayo.

Ubwo  buryo bwo gutanga inguzanye kubikoresho bya Konka bugiye kumara imyaka 5 bukora. Umuyobozi w’Ubucuruzi muri  Konka Group co.,ltd, Kalisa Emmy, agira ati: Muri iyi minsi turimo gukorana na BK kuko niyo dufitanye amasezerano, bivuze ngo niba umukiriya afite konti muri Banki ya Kigali (BK) hari ifishi yuzuza yamara kuyuzuza agahabwa ibikoresho bya Konka ashaka, akazishyura nyuma y’amezi atandatu ntarengwa.

Hari n’ukundi tujya dukorana n’ibindi bigo runaka iyo byemeye kujya bifata ayomafaranga yuwo mukozi wabo, noneho uwo mukozi akaba yafata ibikoresho runaka, icyo gihe ikigo kigenda kimukata kuburyo atarenza amezi 4 yo kwishyura.

Ese ubu muri Konka bafite abantu bangahe bakoresha ubu buryo bw’inguzanyo y’ibikoresho byayo?

Kalisa : Ubu buryo bumaze gukoreshwa n’abantu barenga ibihumbi icumi (10.000)uhereye igihe twatangiriye gukoresha ubu buryo bw’inguzanyo y’ibikoresho.

Ikintu gishya Konka igiye gukora muri uyu mwaka ni iki ?

Kalisa : Kongera umubare w’abakoresha ubu buryo bw’inguzanyo kuko ubungubu turimo gukorana na BK kuko bo bafite ifishi buzuza, utanga fotocopi y’irangamuntu yawe, na fotocopi ya amasezerano y’akazi (Contract) hanyuma natwe muri Konka tukaguha Proforma invoice, ukayijyana kuri BK muminsi 3 uba wahawe igikoresho cyacu.

Ubutumwa kuba kiriya ba Konka.

Kalisa : Tubafitiye ibicuruzwa byiza kandi byizewe bikoresha umuriro mucye, nka Frigo na Televiziyo, akarusho nuko iyo ugeze mu rugo rurimo ibikoresho bya Konka wishima cyane.

Kalibu muri Konka Group co.,ltd , ikorera mu nyubako nshya T2000, mu mujyi wa Kigali.

Add: 2000 House Qurter Commercial P.o. box 190 KIGALI-RWANDA Tel +250788577057, web. http://www.konka.com.hk, www.konkaproducts.com , facebook :konkaproducts

 

2018-05-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abashinwa Bahize kurandura burundu Ubushomeri mu Rwanda

Abashinwa Bahize kurandura burundu Ubushomeri mu Rwanda

Ubwanditsi 10 Sep 2023
Telefoni za Mara Phone zikorerwa no mu Rwanda zamaze kugezwa mu bihugu 41

Telefoni za Mara Phone zikorerwa no mu Rwanda zamaze kugezwa mu bihugu 41

Ubwanditsi 12 Nov 2019
RRA yatangije umushinga uzongerera ubushobozi EBM y’ikoranabuhanga izasimbuza imashini zisanzwe

RRA yatangije umushinga uzongerera ubushobozi EBM y’ikoranabuhanga izasimbuza imashini zisanzwe

Ubwanditsi 10 Mar 2019
U Rwanda rugiye gutangira imirimo yo kubaka icyogajuru

U Rwanda rugiye gutangira imirimo yo kubaka icyogajuru

Ubwanditsi 10 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rayon Sports na APR FC zaguye miswi 0-0,mu mukino ubanza wa 1/2 w’igikombe cy’Amahoro
Amakuru

Rayon Sports na APR FC zaguye miswi 0-0,mu mukino ubanza wa 1/2 w’igikombe cy’Amahoro

Ubwanditsi 11 May 2022
Abandi banyarwanda bafatiwe muri Uganda bajyanywe  mu mitwe y’iterabwoba irimo na RNC
ITOHOZA

Abandi banyarwanda bafatiwe muri Uganda bajyanywe mu mitwe y’iterabwoba irimo na RNC

Ubwanditsi 29 Apr 2018
Ishusho nshya y’inkiko mu rwanda muri 2018 : Guhamagarira abacamanza gushyira imbere kumvikanisha ababuranyi kurusha kubacira imanza
INKURU NYAMUKURU

Ishusho nshya y’inkiko mu rwanda muri 2018 : Guhamagarira abacamanza gushyira imbere kumvikanisha ababuranyi kurusha kubacira imanza

Ubwanditsi 05 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru