• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

  • Dr Eugène Rwamucyo yahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa imyaka 27 y’igifungo mu Bufaransa   |   18 Jul 2026

  • Bombori bombori muri RNC yageze no mu muryango bwite wa Kayumba Nyamwasa   |   17 Jul 2026

 
You are at :Home»IKORANABUHANGA»Ntibisanzwe muri Konka Group bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byo murugo na Telefone [ VIDEO ]

Ntibisanzwe muri Konka Group bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byo murugo na Telefone [ VIDEO ]

Ubwanditsi 08 May 2018 IKORANABUHANGA

Konka ni Company icuruza ibikoresho bijyanye na Electronics, urugero Frigo, ziri mu moko atandukanye Difrezer (Zikonjesha cyane) umwihariko wazo n’uko zikoresha umuriro mucye ugereranyije n’izindi ku isoko, Gas cooker, n’ibindi byinshi.

Konka igira ama Televiziyo ya Digital ajyanye n’igihe afite amashusho meza cyane zifitemo ama shene mo imbere , ayo mashene ushobora kuyareba utiriwe ushyiraho Decoderi icyo ukora ni ugucomekaho antene gusa hanyuma ukabona amashusho atandukanye.

Hari kandi Kettle ushobora kwifashisha mu guteka icyayi.

Hari Rice cooker ishobora kugufasha guteka umuceri mu buryo bwiza kandi bwihuse.

Hari imashini ikora Jues n’indi mitobe itandukanye, muri Konka iyo ugezemo uhasanga ibyiza gusa.

Hari kandi Fraska (Amateremunsi) ashyushya icyayi igihe kirekire.

Hari za kizimyamwoto ushobora kwifashisha igihe habaye inkongi y’umuriro, ukaba wazimya ibintu bitandukanye.

Akarusho k’ibikoresho bya Konka bifite. [ VIDEO ]

Konka ifite akarusho  ko kuba ifite ibikoresho bikomeye, kuko iyo uguze ibikoresho bya Konka uhabwa Garanti y’umyaka 1 n’amezi abiri.

Sibyo gusa kandi muri Konka bazanye uburyo bwo gutanga inguzanyo kubikoresho byayo.

Ubwo  buryo bwo gutanga inguzanye kubikoresho bya Konka bugiye kumara imyaka 5 bukora. Umuyobozi w’Ubucuruzi muri  Konka Group co.,ltd, Kalisa Emmy, agira ati: Muri iyi minsi turimo gukorana na BK kuko niyo dufitanye amasezerano, bivuze ngo niba umukiriya afite konti muri Banki ya Kigali (BK) hari ifishi yuzuza yamara kuyuzuza agahabwa ibikoresho bya Konka ashaka, akazishyura nyuma y’amezi atandatu ntarengwa.

Hari n’ukundi tujya dukorana n’ibindi bigo runaka iyo byemeye kujya bifata ayomafaranga yuwo mukozi wabo, noneho uwo mukozi akaba yafata ibikoresho runaka, icyo gihe ikigo kigenda kimukata kuburyo atarenza amezi 4 yo kwishyura.

Ese ubu muri Konka bafite abantu bangahe bakoresha ubu buryo bw’inguzanyo y’ibikoresho byayo?

Kalisa : Ubu buryo bumaze gukoreshwa n’abantu barenga ibihumbi icumi (10.000)uhereye igihe twatangiriye gukoresha ubu buryo bw’inguzanyo y’ibikoresho.

Ikintu gishya Konka igiye gukora muri uyu mwaka ni iki ?

Kalisa : Kongera umubare w’abakoresha ubu buryo bw’inguzanyo kuko ubungubu turimo gukorana na BK kuko bo bafite ifishi buzuza, utanga fotocopi y’irangamuntu yawe, na fotocopi ya amasezerano y’akazi (Contract) hanyuma natwe muri Konka tukaguha Proforma invoice, ukayijyana kuri BK muminsi 3 uba wahawe igikoresho cyacu.

Ubutumwa kuba kiriya ba Konka.

Kalisa : Tubafitiye ibicuruzwa byiza kandi byizewe bikoresha umuriro mucye, nka Frigo na Televiziyo, akarusho nuko iyo ugeze mu rugo rurimo ibikoresho bya Konka wishima cyane.

Kalibu muri Konka Group co.,ltd , ikorera mu nyubako nshya T2000, mu mujyi wa Kigali.

Add: 2000 House Qurter Commercial P.o. box 190 KIGALI-RWANDA Tel +250788577057, web. http://www.konka.com.hk, www.konkaproducts.com , facebook :konkaproducts

 

2018-05-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Paris: Perezida Kagame yitabiriye inama y’ikoranabuhanga ya VivaTech

Paris: Perezida Kagame yitabiriye inama y’ikoranabuhanga ya VivaTech

Ubwanditsi 17 May 2019
Ibyuma bikoreshwa basaka byaba bigira ingaruka ku buzima?

Ibyuma bikoreshwa basaka byaba bigira ingaruka ku buzima?

Ubwanditsi 12 Mar 2019
Facebook yaciwe miliyari $5 kubera amakuru y’abayikoresha yashyizwe hanze

Facebook yaciwe miliyari $5 kubera amakuru y’abayikoresha yashyizwe hanze

Ubwanditsi 25 Jul 2019

Police FC yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze Bugesera FC ku mukino wa nyuma 2-1, kiba icya 2 mu mateka yayo

Ubwanditsi 01 May 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uganda: Depite Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ yongeye kwibasira Perezida Museveni
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Depite Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ yongeye kwibasira Perezida Museveni

Ubwanditsi 03 Mar 2018
Abayobozi babiri ba FDLR bakatiwe igifungo cya burundu
Mu Mahanga

Abayobozi babiri ba FDLR bakatiwe igifungo cya burundu

Ubwanditsi 26 Sep 2018
Perezida Kagame yafunguye imurikagurisha mpuzamahanga muri Tanzania, abacuruzi arabahanura
Mu Mahanga

Perezida Kagame yafunguye imurikagurisha mpuzamahanga muri Tanzania, abacuruzi arabahanura

Ubwanditsi 01 Jul 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru