• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Nyamasheke : Bernard Makuza yagaragaje ubudasa bwa Kagame

Nyamasheke : Bernard Makuza yagaragaje ubudasa bwa Kagame

Editorial 29 Jul 2017 Mu Rwanda

Bernard Makuza wigeze kuba Minisitiri w’Intebe ubu akaba ari Perezida wa Sena, akaba adafite umutwe wa Politiki abarizwamo yagaragaje ko Paul Kagame ari umuyobozi udasanzwe u Rwanda rufite, ndetse ko abereye kuzakomeza kuruyobora na nyuma ya manda y’imyaka irindwi iri imbere, igomba gushimangirwa n’ibizava mu itora ryo ku wa 4 Kanama 2017.

Kimwe n’abandi banyarwanda bose Makuza arashima impinduka u Rwanda rwagezeho rubikesha Paul Kagame ati: muri iki gihugu mushyira imbere ubumwe bw’abanyarwanda bwasandaye mu gashyira imbere buri munyarwanda wese ufite igitekerezo cyubaka ati : “ ntusanzwe “, ndahamya neza ko nababazi mukibyiruka mukiri bato mugomba kuba mwari mufite ubudasa.

Icyambere : Ubwo byari bimaze kugaragara ko ubuyobozi bubi bwahejeje umwana w’umunyarwanda ishyanga, mwari mu mashuri muri Amerika kubera uko byari bigenze mu buyobozi bwa FPR, mwaretse ayo mashuri muza kurugamba, byerekanye ko mudatinya urugamba, ahubwo muza murusanga, ntimutinya aho rukomeye, igihe mwahagurukana ibakwe mukerakana ubushobozi, mukerakana gutsinda, ibyo ni ubudasa ntabwo ari ubwuyumunsi, mwahinduye isura y’urugamba, abo mwarwanaga baradagarwa basaba imishyikirano.

Mwemeye imishyikirano kuko mwemereraga munzira y’imishyikirano ibintu bikajya muburyo, ati : ndibuka ubwo FPR, yageraga mu marembo ya Shyorongi, ariko mukemera gusubira inyuma mugakomeza imishyikirano.

1994, ubwo imperuka y’abatutsi yabaga mwatanze amabwiriza yo guhagarika Jenoside birakorwa jenoside irahagarikwa, abanyarwanda turiruhutsa.

Mumaze guhagarika Jenoside ntimwikubiye muhamagara amashyaka, mwemera kugabana ubutegetsi, byerekana ko FPR, yemeraga mu mishyikirano y’ARUSHA mu gihe abandi bayitaga ibipapuro,Ati: muri bike nzi mubijyanye nibya gisirikare narabisomye, ubundi umugaba wingabo niwe utegura urugamba, mwararuteguye, muranaruyobora ninamwe warutsinze, mwararutsinze.

Iyo urugamba rurangiye , uwari uruyoboye niwe uba umukuru w’igihugu, ariko mwebwe mwemeye kurekura muba Visi Perezida w’igihugu. Ibyo ntibisanzwe.

Mwahamagaye amashyaka ya Politiki nanjye nari mpari, harimo n’ababanyapolitiki bashaje banduranya bavugira iyo irwotamasimbi, mwasabye ko harebwa ukundi byagenda, ibyo ntibisanzwe, ibyo ni ubudasanzwe tugombaguha agaciro.
Ibyo mwarabigaragaje nyakubahwa iyo umuntu avuze ngo ntibisanzwe nabwo byaba ari ukubeshya.

1996, mwavuye kubuvisi Perezida tubatorera kuba arimwe muba Perezida wa Repuburika “ Turabashimira ko mwabyemeye.

2000, Mwatangije icyerekezo 2020, gishyirwa mubikorwa iyo umuntu ashobora kwivuza, cente de santé hafi n’ibindi byinshi, umwana w’umunyarwanda akiga, imyaka 12, kubuntu burya muba muri kumwe.

Makuza ati: “Iyo umuntu atashoboraga kuva Rubavu atabanjije kunyura mu Majyepfo ngo akoreshe igihe cyihuta akanyura aha ngaha Rubavu-Rutsiro-Karongi-Nyamasheke – Rusizi nta handi anyuze, ubwo muba muri kumwe. Ubwo ni ubudasa […] ibyo rero kimwe n’ibindi twese tuzi, impinduka zabaye muri iki gihugu ni ishyano ryose […] n’abanyamahanga uwabashyira hariya ngo batore nabo bagutora”

-7421.jpg

Bernard Makuza Perezida wa Sena

2017-07-29
Editorial

IZINDI NKURU

APR FC na AS Kigali zikomeje kwitwara neza mu cyiciro cy’amakipe ahatanira igikombe, ni mugihe AS Muhanga ikomeje kugana habi.

APR FC na AS Kigali zikomeje kwitwara neza mu cyiciro cy’amakipe ahatanira igikombe, ni mugihe AS Muhanga ikomeje kugana habi.

Editorial 11 Jun 2021
Sergio Ramos, Kaylor Navas ndetse na Julian Draxler bakinira ikipe ya Paris St Germain barasura u Rwanda mu mpera z’iki cyumweru

Sergio Ramos, Kaylor Navas ndetse na Julian Draxler bakinira ikipe ya Paris St Germain barasura u Rwanda mu mpera z’iki cyumweru

Editorial 29 Apr 2022
Amikoro make yatumye komite nyobozi ya As Muhanga yegura

Amikoro make yatumye komite nyobozi ya As Muhanga yegura

Editorial 11 Aug 2021
Dian Forsey “Nyiramacibiri” amaze imyaka 36 ahitanywe na Leta ya Yuvenali Habyarimana

Dian Forsey “Nyiramacibiri” amaze imyaka 36 ahitanywe na Leta ya Yuvenali Habyarimana

Editorial 28 Dec 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunyamakuru Rutamu Joel yasezeye mw’itangazamakuru nkuko yabivuze,yerekeje iburayi
SHOWBIZ

Umunyamakuru Rutamu Joel yasezeye mw’itangazamakuru nkuko yabivuze,yerekeje iburayi

Editorial 30 Jul 2018
Police fc yabonye itike kugera muri 1/16, izahura na Vita Club Mokanda
IMIKINO

Police fc yabonye itike kugera muri 1/16, izahura na Vita Club Mokanda

Editorial 29 Feb 2016
Camerouni inyangiye abacongomani ,Amavubi akazahura na Congo
IMIKINO

Camerouni inyangiye abacongomani ,Amavubi akazahura na Congo

Editorial 25 Jan 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru