• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Ubwanditsi 10 Aug 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Kuri uyu wa mbere nibwo ikipe y’igihugu y’abakobwa bari munsi y’imyaka 20 y’amavuko yatangiye umwiherero wo guhatanira itike y’igikombe cy’isi kizaba umwaka utaha muri 2022, muri urwo rwego ikipe y’igihugu iritegura gukina na Ethiopia mu mikino ibiri iteganyikwe mu kwezi gutaha kwa Nzeri.

Kugeza ubu iyi kipe iri gutozwa na Nyinawumuntu Grace, yahamagaye abakinnyi 39 batangiranye umwiherero kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Kanama 2021 igizwe n’abakinnyi biganje mu makipe yo mu cyiciro cya mbere mu bagore giheruka gukinwa muri Werurwe 2020.

Igikombe cy’isi kirimo gutegurwa kizabera mu gihugu cya Costa Rica muri Kanama 2022, kizitabirwa n’amakipe 16 avuye ku migabane itandukanye y’isi.

Igikombe cy’isi giheruka cyegukanywe n’ikipe y’igihugu y’u Buyapani.
Abakinnyi 39 batangiye umwiherero ukorerwa kuri Sitade Amahoro i Remera :

Abanyezamu :

1.Mutuyimana Elizabeth (APAER WFC)
2.Uwase Béatrice (APAER WFC)
3.Ufitimana Diane (Rambura WFC)
4.Uwineza Belise (Rugende WFC)

Ba myugariro :
1.Uzayisenga Lydia (APAER WFC)
2.Niyonsaba Diane (APAER FC)
3.Umurerwa Nadège (APAER WFC)
4.Giribanga Niwe Rosine (Rambura WFC)
5.Mukamukama Jeannette (Les Lionnes WFC)
6.Muhawenimana Olive (Fatima)
7.Mukaruziga Jeannette (AS Kigali WFC)
8.Iragena Dativa (Nasho WFC)
9.Dukorerimana M Catherine (Fatima)

Abakina hagati:
1.Gikundiro Solange (APAER WFC)
2.Nyirabeza M Chantal (APAER WFC)
3.Ntakobatagira Nelly Salam (APAER FC)
4.Niyonshuti Emérance (Kamonyi WFC)
5.Ukwishaka Zawadi (Kamonyi WFC)
6.Mwinyi Céline Sirleaf (Rambura WFC)
7.Mushimiyimana Thacienne (Les Lionnes WFC)
8.Tuyishimire Sami Albine (Les Lionnes WFC)
9.Umwariwase Dudja (Fatima)
10.Izabayo Clémence (IPM)
11.Mutesiwase Latifa (Rugende WFC)
12.Kampire Médiatrice (Gakenke WFC)
13.Nyirarukundo (Gakenke WFC)

Ba rutahizamu :
1.Irumva Adelphine (Kamonyi WFC)
2.Ingabire Aline (Kamonyi WFC)
3.Umutuza Justine (Kamonyi WFC)
4.Usanase Zawadi (Scandinavia)
5.Ntakirutimana Belinda (Les Lionnes WFC)
6.Nyirandagijimana Diane (AS Kigali WFC)
7.KamikazI Yvonne (IPM)
8.Iranzi Benitha (IPM)
9.Uwituze Janvière (IPM)
10.Uwimana Francine (Nasho WFC)
11.Mushimiyimana Julienne (Nasho WFC)
12.Uwimbabazi Fidelité (IPM)
13.Mukandayisenga Jeannine (Inyemera WFC)

2021-08-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga

FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga

RUSHYASHYA 24 Apr 2026
Umuhanzi Sengabo Jodas yashyize hanze indirimbo irimo ubutumwa bukwiriye umwana w’Umunyarwanda ndetse inahwitura ababyeyi

Umuhanzi Sengabo Jodas yashyize hanze indirimbo irimo ubutumwa bukwiriye umwana w’Umunyarwanda ndetse inahwitura ababyeyi

Ubwanditsi 12 Mar 2021
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA  GUHINDUZA AMAZINA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 05 Jan 2023
Amagana y’Abanye- Congo yakiriye i Kigali Moïse Katumbi udacana uwaka na Perezida Kabila

Amagana y’Abanye- Congo yakiriye i Kigali Moïse Katumbi udacana uwaka na Perezida Kabila

Ubwanditsi 29 Apr 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amavubi yanganyije na Lesotho i Kigali yuzuza amanota 8 ayicaje ku mwanya wa Kabiri inyuma ya Afurika y’Epfo
Amakuru

Amavubi yanganyije na Lesotho i Kigali yuzuza amanota 8 ayicaje ku mwanya wa Kabiri inyuma ya Afurika y’Epfo

Ubwanditsi 25 Mar 2025
Ishamaduko rya Museveni, Papa mushya muri batisimu w’abarwanya u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Ishamaduko rya Museveni, Papa mushya muri batisimu w’abarwanya u Rwanda

Ubwanditsi 24 Sep 2019
Rwanda: A Servant Leader, population satisfaction and a people’s worldview
POLITIKI

Rwanda: A Servant Leader, population satisfaction and a people’s worldview

Ubwanditsi 10 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru