• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Visit Rwanda n’ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza basinyanye amasezerano y’ubufatanye   |   14 Jul 2026

  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Perezida Kagame arasezera Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Ubwanditsi 10 Aug 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Kuri uyu wa mbere nibwo ikipe y’igihugu y’abakobwa bari munsi y’imyaka 20 y’amavuko yatangiye umwiherero wo guhatanira itike y’igikombe cy’isi kizaba umwaka utaha muri 2022, muri urwo rwego ikipe y’igihugu iritegura gukina na Ethiopia mu mikino ibiri iteganyikwe mu kwezi gutaha kwa Nzeri.

Kugeza ubu iyi kipe iri gutozwa na Nyinawumuntu Grace, yahamagaye abakinnyi 39 batangiranye umwiherero kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Kanama 2021 igizwe n’abakinnyi biganje mu makipe yo mu cyiciro cya mbere mu bagore giheruka gukinwa muri Werurwe 2020.

Igikombe cy’isi kirimo gutegurwa kizabera mu gihugu cya Costa Rica muri Kanama 2022, kizitabirwa n’amakipe 16 avuye ku migabane itandukanye y’isi.

Igikombe cy’isi giheruka cyegukanywe n’ikipe y’igihugu y’u Buyapani.
Abakinnyi 39 batangiye umwiherero ukorerwa kuri Sitade Amahoro i Remera :

Abanyezamu :

1.Mutuyimana Elizabeth (APAER WFC)
2.Uwase Béatrice (APAER WFC)
3.Ufitimana Diane (Rambura WFC)
4.Uwineza Belise (Rugende WFC)

Ba myugariro :
1.Uzayisenga Lydia (APAER WFC)
2.Niyonsaba Diane (APAER FC)
3.Umurerwa Nadège (APAER WFC)
4.Giribanga Niwe Rosine (Rambura WFC)
5.Mukamukama Jeannette (Les Lionnes WFC)
6.Muhawenimana Olive (Fatima)
7.Mukaruziga Jeannette (AS Kigali WFC)
8.Iragena Dativa (Nasho WFC)
9.Dukorerimana M Catherine (Fatima)

Abakina hagati:
1.Gikundiro Solange (APAER WFC)
2.Nyirabeza M Chantal (APAER WFC)
3.Ntakobatagira Nelly Salam (APAER FC)
4.Niyonshuti Emérance (Kamonyi WFC)
5.Ukwishaka Zawadi (Kamonyi WFC)
6.Mwinyi Céline Sirleaf (Rambura WFC)
7.Mushimiyimana Thacienne (Les Lionnes WFC)
8.Tuyishimire Sami Albine (Les Lionnes WFC)
9.Umwariwase Dudja (Fatima)
10.Izabayo Clémence (IPM)
11.Mutesiwase Latifa (Rugende WFC)
12.Kampire Médiatrice (Gakenke WFC)
13.Nyirarukundo (Gakenke WFC)

Ba rutahizamu :
1.Irumva Adelphine (Kamonyi WFC)
2.Ingabire Aline (Kamonyi WFC)
3.Umutuza Justine (Kamonyi WFC)
4.Usanase Zawadi (Scandinavia)
5.Ntakirutimana Belinda (Les Lionnes WFC)
6.Nyirandagijimana Diane (AS Kigali WFC)
7.KamikazI Yvonne (IPM)
8.Iranzi Benitha (IPM)
9.Uwituze Janvière (IPM)
10.Uwimana Francine (Nasho WFC)
11.Mushimiyimana Julienne (Nasho WFC)
12.Uwimbabazi Fidelité (IPM)
13.Mukandayisenga Jeannine (Inyemera WFC)

2021-08-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Police FC iyoboye shampiyona, nyuma y’intsinzi i Musanze

Police FC iyoboye shampiyona, nyuma y’intsinzi i Musanze

Ubwanditsi 30 Oct 2017
Guy Bukasa watoje Rayon Sports na Gasogi United yatangajwe nk’umutoza mushya wa AS Kigali

Guy Bukasa watoje Rayon Sports na Gasogi United yatangajwe nk’umutoza mushya wa AS Kigali

Ubwanditsi 29 Dec 2023
Ngororero: Umucungamari wa SACCO afunzwe akekwaho kurigisa arenga miliyoni 2,5

Ngororero: Umucungamari wa SACCO afunzwe akekwaho kurigisa arenga miliyoni 2,5

Ubwanditsi 04 Mar 2017
Champions League: Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma, Zidane yandika amateka (Amafoto)

Champions League: Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma, Zidane yandika amateka (Amafoto)

Ubwanditsi 02 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame  yasesekaye  mu mujyi wa Ndjamena wakajijwe  umutekano hirindwa imyigaragambyo
Mu Rwanda

Perezida Kagame yasesekaye mu mujyi wa Ndjamena wakajijwe umutekano hirindwa imyigaragambyo

Ubwanditsi 08 Aug 2016
Ibyo Kizito na Ingabire bategetswe nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida Kagame
INKURU NYAMUKURU

Ibyo Kizito na Ingabire bategetswe nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida Kagame

Ubwanditsi 16 Sep 2018
Nunu Johnson, indi nzirakarengane yazize iyicarubozo rya CMI yapfiriye Ntungamo
INKURU NYAMUKURU

Nunu Johnson, indi nzirakarengane yazize iyicarubozo rya CMI yapfiriye Ntungamo

Ubwanditsi 21 Aug 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru