• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Nyamasheke : Bernard Makuza yagaragaje ubudasa bwa Kagame

Nyamasheke : Bernard Makuza yagaragaje ubudasa bwa Kagame

Ubwanditsi 29 Jul 2017 Mu Rwanda

Bernard Makuza wigeze kuba Minisitiri w’Intebe ubu akaba ari Perezida wa Sena, akaba adafite umutwe wa Politiki abarizwamo yagaragaje ko Paul Kagame ari umuyobozi udasanzwe u Rwanda rufite, ndetse ko abereye kuzakomeza kuruyobora na nyuma ya manda y’imyaka irindwi iri imbere, igomba gushimangirwa n’ibizava mu itora ryo ku wa 4 Kanama 2017.

Kimwe n’abandi banyarwanda bose Makuza arashima impinduka u Rwanda rwagezeho rubikesha Paul Kagame ati: muri iki gihugu mushyira imbere ubumwe bw’abanyarwanda bwasandaye mu gashyira imbere buri munyarwanda wese ufite igitekerezo cyubaka ati : “ ntusanzwe “, ndahamya neza ko nababazi mukibyiruka mukiri bato mugomba kuba mwari mufite ubudasa.

Icyambere : Ubwo byari bimaze kugaragara ko ubuyobozi bubi bwahejeje umwana w’umunyarwanda ishyanga, mwari mu mashuri muri Amerika kubera uko byari bigenze mu buyobozi bwa FPR, mwaretse ayo mashuri muza kurugamba, byerekanye ko mudatinya urugamba, ahubwo muza murusanga, ntimutinya aho rukomeye, igihe mwahagurukana ibakwe mukerakana ubushobozi, mukerakana gutsinda, ibyo ni ubudasa ntabwo ari ubwuyumunsi, mwahinduye isura y’urugamba, abo mwarwanaga baradagarwa basaba imishyikirano.

Mwemeye imishyikirano kuko mwemereraga munzira y’imishyikirano ibintu bikajya muburyo, ati : ndibuka ubwo FPR, yageraga mu marembo ya Shyorongi, ariko mukemera gusubira inyuma mugakomeza imishyikirano.

1994, ubwo imperuka y’abatutsi yabaga mwatanze amabwiriza yo guhagarika Jenoside birakorwa jenoside irahagarikwa, abanyarwanda turiruhutsa.

Mumaze guhagarika Jenoside ntimwikubiye muhamagara amashyaka, mwemera kugabana ubutegetsi, byerekana ko FPR, yemeraga mu mishyikirano y’ARUSHA mu gihe abandi bayitaga ibipapuro,Ati: muri bike nzi mubijyanye nibya gisirikare narabisomye, ubundi umugaba wingabo niwe utegura urugamba, mwararuteguye, muranaruyobora ninamwe warutsinze, mwararutsinze.

Iyo urugamba rurangiye , uwari uruyoboye niwe uba umukuru w’igihugu, ariko mwebwe mwemeye kurekura muba Visi Perezida w’igihugu. Ibyo ntibisanzwe.

Mwahamagaye amashyaka ya Politiki nanjye nari mpari, harimo n’ababanyapolitiki bashaje banduranya bavugira iyo irwotamasimbi, mwasabye ko harebwa ukundi byagenda, ibyo ntibisanzwe, ibyo ni ubudasanzwe tugombaguha agaciro.
Ibyo mwarabigaragaje nyakubahwa iyo umuntu avuze ngo ntibisanzwe nabwo byaba ari ukubeshya.

1996, mwavuye kubuvisi Perezida tubatorera kuba arimwe muba Perezida wa Repuburika “ Turabashimira ko mwabyemeye.

2000, Mwatangije icyerekezo 2020, gishyirwa mubikorwa iyo umuntu ashobora kwivuza, cente de santé hafi n’ibindi byinshi, umwana w’umunyarwanda akiga, imyaka 12, kubuntu burya muba muri kumwe.

Makuza ati: “Iyo umuntu atashoboraga kuva Rubavu atabanjije kunyura mu Majyepfo ngo akoreshe igihe cyihuta akanyura aha ngaha Rubavu-Rutsiro-Karongi-Nyamasheke – Rusizi nta handi anyuze, ubwo muba muri kumwe. Ubwo ni ubudasa […] ibyo rero kimwe n’ibindi twese tuzi, impinduka zabaye muri iki gihugu ni ishyano ryose […] n’abanyamahanga uwabashyira hariya ngo batore nabo bagutora”

-7421.jpg

Bernard Makuza Perezida wa Sena

2017-07-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rayon Sports yerekanye umutoza mushya utandukanye n’uwo yari yatangaje

Rayon Sports yerekanye umutoza mushya utandukanye n’uwo yari yatangaje

Ubwanditsi 19 Jun 2018
Polisi y’u Rwanda iragira inama abacukura amabuye y’agaciro kwitwararika muri ibi bihe by’imvura

Polisi y’u Rwanda iragira inama abacukura amabuye y’agaciro kwitwararika muri ibi bihe by’imvura

Ubwanditsi 30 Sep 2017
Expo 2021: Bamwe mu bashaka gukoresha udukingirizo twagenewe abagore basubijwe

Expo 2021: Bamwe mu bashaka gukoresha udukingirizo twagenewe abagore basubijwe

Ubwanditsi 30 Dec 2021
Meya Nyamurinda arasaba uruhare rwa buri wese mu kurwanya ibiyobyabwenge nyuma yo kwangiza ibifite agaciro ka hafi Miliyoni ijana

Meya Nyamurinda arasaba uruhare rwa buri wese mu kurwanya ibiyobyabwenge nyuma yo kwangiza ibifite agaciro ka hafi Miliyoni ijana

Ubwanditsi 27 Sep 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda ryafashije gufata impushya z’impimbano
Mu Mahanga

Ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda ryafashije gufata impushya z’impimbano

Ubwanditsi 15 Feb 2017
David Himbara Ntamunoza, niba uhakana ko uri umwanzi w’Abanyarwanda, kuki uhimbazwa n’ikibi kibabayeho, ukababazwa n’inkuru nziza ibavuzweho?
Amakuru

David Himbara Ntamunoza, niba uhakana ko uri umwanzi w’Abanyarwanda, kuki uhimbazwa n’ikibi kibabayeho, ukababazwa n’inkuru nziza ibavuzweho?

Ubwanditsi 19 Nov 2020
RDB yashyizeho uburyo bushya bwo kumenyekanisha u Rwanda ku bitabiriye WEF
Mu Mahanga

RDB yashyizeho uburyo bushya bwo kumenyekanisha u Rwanda ku bitabiriye WEF

Ubwanditsi 12 May 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru