• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Nyamasheke : Bernard Makuza yagaragaje ubudasa bwa Kagame

Nyamasheke : Bernard Makuza yagaragaje ubudasa bwa Kagame

Ubwanditsi 29 Jul 2017 Mu Rwanda

Bernard Makuza wigeze kuba Minisitiri w’Intebe ubu akaba ari Perezida wa Sena, akaba adafite umutwe wa Politiki abarizwamo yagaragaje ko Paul Kagame ari umuyobozi udasanzwe u Rwanda rufite, ndetse ko abereye kuzakomeza kuruyobora na nyuma ya manda y’imyaka irindwi iri imbere, igomba gushimangirwa n’ibizava mu itora ryo ku wa 4 Kanama 2017.

Kimwe n’abandi banyarwanda bose Makuza arashima impinduka u Rwanda rwagezeho rubikesha Paul Kagame ati: muri iki gihugu mushyira imbere ubumwe bw’abanyarwanda bwasandaye mu gashyira imbere buri munyarwanda wese ufite igitekerezo cyubaka ati : “ ntusanzwe “, ndahamya neza ko nababazi mukibyiruka mukiri bato mugomba kuba mwari mufite ubudasa.

Icyambere : Ubwo byari bimaze kugaragara ko ubuyobozi bubi bwahejeje umwana w’umunyarwanda ishyanga, mwari mu mashuri muri Amerika kubera uko byari bigenze mu buyobozi bwa FPR, mwaretse ayo mashuri muza kurugamba, byerekanye ko mudatinya urugamba, ahubwo muza murusanga, ntimutinya aho rukomeye, igihe mwahagurukana ibakwe mukerakana ubushobozi, mukerakana gutsinda, ibyo ni ubudasa ntabwo ari ubwuyumunsi, mwahinduye isura y’urugamba, abo mwarwanaga baradagarwa basaba imishyikirano.

Mwemeye imishyikirano kuko mwemereraga munzira y’imishyikirano ibintu bikajya muburyo, ati : ndibuka ubwo FPR, yageraga mu marembo ya Shyorongi, ariko mukemera gusubira inyuma mugakomeza imishyikirano.

1994, ubwo imperuka y’abatutsi yabaga mwatanze amabwiriza yo guhagarika Jenoside birakorwa jenoside irahagarikwa, abanyarwanda turiruhutsa.

Mumaze guhagarika Jenoside ntimwikubiye muhamagara amashyaka, mwemera kugabana ubutegetsi, byerekana ko FPR, yemeraga mu mishyikirano y’ARUSHA mu gihe abandi bayitaga ibipapuro,Ati: muri bike nzi mubijyanye nibya gisirikare narabisomye, ubundi umugaba wingabo niwe utegura urugamba, mwararuteguye, muranaruyobora ninamwe warutsinze, mwararutsinze.

Iyo urugamba rurangiye , uwari uruyoboye niwe uba umukuru w’igihugu, ariko mwebwe mwemeye kurekura muba Visi Perezida w’igihugu. Ibyo ntibisanzwe.

Mwahamagaye amashyaka ya Politiki nanjye nari mpari, harimo n’ababanyapolitiki bashaje banduranya bavugira iyo irwotamasimbi, mwasabye ko harebwa ukundi byagenda, ibyo ntibisanzwe, ibyo ni ubudasanzwe tugombaguha agaciro.
Ibyo mwarabigaragaje nyakubahwa iyo umuntu avuze ngo ntibisanzwe nabwo byaba ari ukubeshya.

1996, mwavuye kubuvisi Perezida tubatorera kuba arimwe muba Perezida wa Repuburika “ Turabashimira ko mwabyemeye.

2000, Mwatangije icyerekezo 2020, gishyirwa mubikorwa iyo umuntu ashobora kwivuza, cente de santé hafi n’ibindi byinshi, umwana w’umunyarwanda akiga, imyaka 12, kubuntu burya muba muri kumwe.

Makuza ati: “Iyo umuntu atashoboraga kuva Rubavu atabanjije kunyura mu Majyepfo ngo akoreshe igihe cyihuta akanyura aha ngaha Rubavu-Rutsiro-Karongi-Nyamasheke – Rusizi nta handi anyuze, ubwo muba muri kumwe. Ubwo ni ubudasa […] ibyo rero kimwe n’ibindi twese tuzi, impinduka zabaye muri iki gihugu ni ishyano ryose […] n’abanyamahanga uwabashyira hariya ngo batore nabo bagutora”

-7421.jpg

Bernard Makuza Perezida wa Sena

2017-07-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Nyuma yaho ikipe ya Rayon Sports itsindiye Rutsiro FC, umutoza wayo wungirije Pedro Miguel yasubiye mu gihugu cya Portugal

Nyuma yaho ikipe ya Rayon Sports itsindiye Rutsiro FC, umutoza wayo wungirije Pedro Miguel yasubiye mu gihugu cya Portugal

Ubwanditsi 18 Feb 2022
Zari ari kwicuza kuba yari yaratandukanye n’umugabo we wa mbere, ashobora kujyana Diamond mu nkiko

Zari ari kwicuza kuba yari yaratandukanye n’umugabo we wa mbere, ashobora kujyana Diamond mu nkiko

Ubwanditsi 20 Sep 2017
Hatangiye igenzura ku mpunzi z’Abanye-Congo zifuza gutaha

Hatangiye igenzura ku mpunzi z’Abanye-Congo zifuza gutaha

Ubwanditsi 11 May 2018
Ibinyoma Kongo ihimbira u Rwanda ntibishingiye ku rwango gusa, binafitanye isano n’ubuswa.

Ibinyoma Kongo ihimbira u Rwanda ntibishingiye ku rwango gusa, binafitanye isano n’ubuswa.

Ubwanditsi 20 Jul 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Batanu basanzwemo Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe, abanduye mu Rwanda bagera ku 110
HIRYA NO HINO

Batanu basanzwemo Coronavirus mu bipimo 772 byafashwe, abanduye mu Rwanda bagera ku 110

Ubwanditsi 09 Apr 2020
Kanyankole Alex wahoze ayobora Banki Itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yahakanye icyaha cyo kwaka ruswa n’indonke ndetse n’itonesha mu gutanga inguzanyo
ITOHOZA

Kanyankole Alex wahoze ayobora Banki Itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yahakanye icyaha cyo kwaka ruswa n’indonke ndetse n’itonesha mu gutanga inguzanyo

Ubwanditsi 18 Oct 2018
U Rwanda rugiye gutangira imirimo yo kubaka icyogajuru
IKORANABUHANGA

U Rwanda rugiye gutangira imirimo yo kubaka icyogajuru

Ubwanditsi 10 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru