• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona y’igihugu cy’u Bwongereza yatanze abakinnyi 40 mu gikombe cya Afurika2021, ni abakinnyi bavuye mu makipe 16 ya Premier League

Shampiyona y’igihugu cy’u Bwongereza yatanze abakinnyi 40 mu gikombe cya Afurika2021, ni abakinnyi bavuye mu makipe 16 ya Premier League

Ubwanditsi 03 Jan 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Guhera ku cyumweru tariki ya 9 Mutarama kugeza kuya 6 Gashyantare 2022 mu gihugu cya Cameroon haratangira imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021, ni igikombe kigiye guhuza ibihugu 24 bikoresha abakinnyi babo bakina hirya no hino ku isi.

Naby Keita wa Liverpool ubwo yerekezaga mu Rwanda aho yasangaga ikipe ya Guinea

Kugeza ubu igihugu cy’u Bwongereza na shampiyona yayo ya Premier League izatanga abakinnyi 40 bazaturuka mu makipe 16 atandukanye yo mu kiciro cya mbere.

Muri iki gikombe cya Afurika abakinnyi b’amakipe yo mu Bwongereza yamaze gutanga aabkinnyi bayo aho bamwe baraye bageze no mu mwiherero y’amakipe yabo, aha twavuga nka Sadio Mane na Eduard Mendy berekeje muri Senegal nyuma y’umukino waraye ubahuje hagati ya Chelsea na Liverpool cyo kimwe na Naby Keita.

Aba bakinnyi bakaba bazasubira mu makipe yabo bigendanye n’uko bazagenda bitwara muri iki gikombe cya Afurika.

Biteganyijwe ko imikino imikino isoza amatsinda izasozwa tariki ya 20 Mutarama naho iya 1/8 cy’irangiza izakinwa ku itariki ya 23 kugeza kuya 25 Mutarama ndetse iya 1/4 ikinwe ku ya 29 na 30 Mutarama 2022.

Imikino ya 1/2 kizakinwa ku itariki ya 2 ndetse n’iya 3 Gashyantare , mu gihe umukino wa nyuma ndetse n’uwo guhatanira umwanya wa gatatu izakinwa ku itariki ya 5 Gashyantare 2022 ariko ibere ku bibuga bitandukanye.

Urutonde rw’abakinnyi n’amakipe bakomokamo yo mu gihugu cy’u Bwongereza:

Arsenal: Thomas Partey (Ghana), Pierre-Emerick Aubameyang (Gabon), Nicolas Pepe (Ivory Coast), Mohamed Elneny (Egypt), Omar Rekik (Tunisia),
Watford: William Troost-Ekong (Nigeria), Imran Louza (Morocco), Adam Masina (Morocco), Ismaila Sarr (Senegal),
Crystal Palace: Cheikhou Kouyate (Senegal), Jordan Ayew (Ghana), Wilfried Zaha (Ivory Coast),
Brentford: Frank Onyeka (Nigeria), Julian Jeanvier (Guinea), Tariqe Fosu-Henry (Ghana),
Leicester: Kelechi Iheanacho (Nigeria), Wilfred Ndidi (Nigeria), Daniel Amartey (Ghana), Nampalys Mendy (Senegal),
Man Utd: Eric Bailly (Ivory Coast), Amad Diallo (Ivory Coast), Hannibal Mejbri (Tunisia),
Liverpool: Mohamed Salah (Egypt), Sadio Mane (Senegal), Naby Keita (Guinea),
Aston Villa: Bertrand Traore (Burkina Faso), Trezeguet (Egypt),
Wolves: Willy Boly (Ivory Coast), Romain Saiss (Morocco),
Burnley: Maxwel Cornet (Ivory Coast),
Chelsea: Edouard Mendy (Senegal),
Brighton: Yves Bissouma (Mali),
Everton: Alex Iwobi (Nigeria),
Man City: Riyad Mahrez (Algeria),
Southampton: Moussa Djenepo (Mali),
West Ham: Said Benrahma (Algeria).

2022-01-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amafoto – Minisitiri Aurore Mimosa na Ambasaderi Abdoul Harelimana basuye ikipe ya REG BBC yitegura BAL 2023

Amafoto – Minisitiri Aurore Mimosa na Ambasaderi Abdoul Harelimana basuye ikipe ya REG BBC yitegura BAL 2023

Ubwanditsi 12 May 2023
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru yasabye abayituyemo gufatanya kurwanya ibyaha

Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru yasabye abayituyemo gufatanya kurwanya ibyaha

Ubwanditsi 16 Jul 2016
U Bufaransa: Urukiko rwemeje kutazakurikirana Padiri Munyeshyaka ku ruhare muri Jenoside

U Bufaransa: Urukiko rwemeje kutazakurikirana Padiri Munyeshyaka ku ruhare muri Jenoside

Ubwanditsi 22 Jun 2018
David Himbara Ntamunoza, niba uhakana ko uri umwanzi w’Abanyarwanda, kuki uhimbazwa n’ikibi kibabayeho, ukababazwa n’inkuru nziza ibavuzweho?

David Himbara Ntamunoza, niba uhakana ko uri umwanzi w’Abanyarwanda, kuki uhimbazwa n’ikibi kibabayeho, ukababazwa n’inkuru nziza ibavuzweho?

Ubwanditsi 19 Nov 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uko mbibona: Amatora yo muri DRC, Kabila arimo gukina ikarita ya nyuma
POLITIKI

Uko mbibona: Amatora yo muri DRC, Kabila arimo gukina ikarita ya nyuma

Ubwanditsi 21 Oct 2018
Rusesabagina, mu Rukiko Ntuzakururane, Uzemere ko uri Rudahusha Impuha n’Impamba y’Impunzi
Amakuru

Rusesabagina, mu Rukiko Ntuzakururane, Uzemere ko uri Rudahusha Impuha n’Impamba y’Impunzi

Ubwanditsi 14 Sep 2020
Itsinda ryihariye ry’abapolisikazi bazajya kubungabunga ubutumwa bw’amahoro ryiteguye neza
Mu Rwanda

Itsinda ryihariye ry’abapolisikazi bazajya kubungabunga ubutumwa bw’amahoro ryiteguye neza

Ubwanditsi 14 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru