• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

  • Dr Eugène Rwamucyo yahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa imyaka 27 y’igifungo mu Bufaransa   |   18 Jul 2026

  • Bombori bombori muri RNC yageze no mu muryango bwite wa Kayumba Nyamwasa   |   17 Jul 2026

  • Visit Rwanda n’ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza basinyanye amasezerano y’ubufatanye   |   14 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona y’igihugu cy’u Bwongereza yatanze abakinnyi 40 mu gikombe cya Afurika2021, ni abakinnyi bavuye mu makipe 16 ya Premier League

Shampiyona y’igihugu cy’u Bwongereza yatanze abakinnyi 40 mu gikombe cya Afurika2021, ni abakinnyi bavuye mu makipe 16 ya Premier League

Ubwanditsi 03 Jan 2022 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Guhera ku cyumweru tariki ya 9 Mutarama kugeza kuya 6 Gashyantare 2022 mu gihugu cya Cameroon haratangira imikino y’igikombe cya Afurika cya 2021, ni igikombe kigiye guhuza ibihugu 24 bikoresha abakinnyi babo bakina hirya no hino ku isi.

Naby Keita wa Liverpool ubwo yerekezaga mu Rwanda aho yasangaga ikipe ya Guinea

Kugeza ubu igihugu cy’u Bwongereza na shampiyona yayo ya Premier League izatanga abakinnyi 40 bazaturuka mu makipe 16 atandukanye yo mu kiciro cya mbere.

Muri iki gikombe cya Afurika abakinnyi b’amakipe yo mu Bwongereza yamaze gutanga aabkinnyi bayo aho bamwe baraye bageze no mu mwiherero y’amakipe yabo, aha twavuga nka Sadio Mane na Eduard Mendy berekeje muri Senegal nyuma y’umukino waraye ubahuje hagati ya Chelsea na Liverpool cyo kimwe na Naby Keita.

Aba bakinnyi bakaba bazasubira mu makipe yabo bigendanye n’uko bazagenda bitwara muri iki gikombe cya Afurika.

Biteganyijwe ko imikino imikino isoza amatsinda izasozwa tariki ya 20 Mutarama naho iya 1/8 cy’irangiza izakinwa ku itariki ya 23 kugeza kuya 25 Mutarama ndetse iya 1/4 ikinwe ku ya 29 na 30 Mutarama 2022.

Imikino ya 1/2 kizakinwa ku itariki ya 2 ndetse n’iya 3 Gashyantare , mu gihe umukino wa nyuma ndetse n’uwo guhatanira umwanya wa gatatu izakinwa ku itariki ya 5 Gashyantare 2022 ariko ibere ku bibuga bitandukanye.

Urutonde rw’abakinnyi n’amakipe bakomokamo yo mu gihugu cy’u Bwongereza:

Arsenal: Thomas Partey (Ghana), Pierre-Emerick Aubameyang (Gabon), Nicolas Pepe (Ivory Coast), Mohamed Elneny (Egypt), Omar Rekik (Tunisia),
Watford: William Troost-Ekong (Nigeria), Imran Louza (Morocco), Adam Masina (Morocco), Ismaila Sarr (Senegal),
Crystal Palace: Cheikhou Kouyate (Senegal), Jordan Ayew (Ghana), Wilfried Zaha (Ivory Coast),
Brentford: Frank Onyeka (Nigeria), Julian Jeanvier (Guinea), Tariqe Fosu-Henry (Ghana),
Leicester: Kelechi Iheanacho (Nigeria), Wilfred Ndidi (Nigeria), Daniel Amartey (Ghana), Nampalys Mendy (Senegal),
Man Utd: Eric Bailly (Ivory Coast), Amad Diallo (Ivory Coast), Hannibal Mejbri (Tunisia),
Liverpool: Mohamed Salah (Egypt), Sadio Mane (Senegal), Naby Keita (Guinea),
Aston Villa: Bertrand Traore (Burkina Faso), Trezeguet (Egypt),
Wolves: Willy Boly (Ivory Coast), Romain Saiss (Morocco),
Burnley: Maxwel Cornet (Ivory Coast),
Chelsea: Edouard Mendy (Senegal),
Brighton: Yves Bissouma (Mali),
Everton: Alex Iwobi (Nigeria),
Man City: Riyad Mahrez (Algeria),
Southampton: Moussa Djenepo (Mali),
West Ham: Said Benrahma (Algeria).

2022-01-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Muhanga : Umushoferi afunzwe akurikiranyweho guha umupolisi ruswa

Muhanga : Umushoferi afunzwe akurikiranyweho guha umupolisi ruswa

Ubwanditsi 09 Dec 2016
Ukuri kwa Corneille Nangaaa kuba FDLR isigaye irinda Tshisekedi gushobora kumusiga inyuma y’igihome nkuko byatangajwe na Muyaya

Ukuri kwa Corneille Nangaaa kuba FDLR isigaye irinda Tshisekedi gushobora kumusiga inyuma y’igihome nkuko byatangajwe na Muyaya

Ubwanditsi 18 Aug 2023
Polisi y’u Rwanda yakajije imikwabu mu gihe iminsi mikuru yegereje

Polisi y’u Rwanda yakajije imikwabu mu gihe iminsi mikuru yegereje

Ubwanditsi 14 Dec 2016
Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Ubwanditsi 17 Mar 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru arakangurira abaturage gufatanya kubungabunga umutekano
Mu Mahanga

Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru arakangurira abaturage gufatanya kubungabunga umutekano

Ubwanditsi 03 Nov 2016
Inama yahuje u Rwanda na Uganda yemeje ko gushyamirana byabereye ku butaka bw’u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Inama yahuje u Rwanda na Uganda yemeje ko gushyamirana byabereye ku butaka bw’u Rwanda

Ubwanditsi 27 May 2019
Impamvu 10 zituma abagore bananirwa kubana n’ abagabo babo
HIRYA NO HINO

Impamvu 10 zituma abagore bananirwa kubana n’ abagabo babo

Ubwanditsi 01 Mar 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru