• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»UBUHAMYA : Utari umusambanyi muri RNC ntahabwa ijambo

UBUHAMYA : Utari umusambanyi muri RNC ntahabwa ijambo

Ubwanditsi 02 Jul 2016 ITOHOZA

Ubu rurambikanye mu bigarasha mu gihugu cy’ububiligi aho umu Candidat CIKURU MWANAMAYI JOSEPH ushyigikiwe na Rudasingwa ashinjwa n’abagore kubatoteza abahoza ku nkeke mbere yo kugira icyo bavugana.

Ibi bikaba bidatangaje abazi neza Rubunzabondo Rudatinya Guhena Imfura Zateranye;kuko iyi ngeso yayivukanye akayonka ikamukuza kugeza n’ubu ageze mu za bukuru.

Dore bumwe mu buhamya bw’umwe muri abo bagore tudatangaza amazina ye kubw’umutekano we:

Ku Bayobozi bakuru ba Comission y’amatora,
Muri iyi minsi turimo twitegura amatora mu Bubiligi, nabonye amakuru y’uko ngo uwitwa Joseph CIKURU MWANAMAYI yaba afite gahunda yo kwiyamamariza umwanya w’ubuyobozi mw’ishyaka lyacu RNC mu Bubiligi.

Ibyo bintu byanteye ubwoba nkurikije imyifatire idahwitse y’uyu mugabo ufite ingeso mbi ikabije kandi yabaye akarande yo guhutaza no gusagarira aba abari n’abategarugori bo mw’ IHURIRO igihe baje bamugana ngo abafashe, haba mu rwego rw’ishyaka cyango mu rwego rw’umwuga yiyitirira (atemerewe n’amategeko y’u Bubiligi) wa avocat.

Ku binyerekeyeho, icyo kibazo cya CIKURU cya harcèlement sexuel nakigize ubwa mbere ahagane muri 2013.

Icyo gihe yari arimo kunyigira dossier yo kwaka ubuhunzi. Namusabye rendez-vous nk’uko yari avocat wanjye nishyuraga kuri uwo murimo, ampa rendez-vous iwe mu rugo kandi nijoro saa mbiri ngo abe ariho duhurira.

Byaranyobeye kubera ko abandi ba avocats batanga rendez-vous mu masaha asanzwe y’akazi kandi bakazitanga muri za bureaux zabo.

Kubera akababaro nari ndimo ka procédure yanjye, nta kundi nari kubigenza nagiyeyo.
Ngezeyo, twaganiriye kuri dossier yanjye, kubera ko hari byinshi byo kureba biratinda bigera mu masaha akuze ya nijoro. Bigeze hafi mu ma saa tanu z’ijoro turangije dossier, mu gihe ngiye kumusezeraho ngo ntahe, mbona umugabo atangiye kwiyambura imyenda. Naramubajije nti ibyo urimo ni ibiki? Nkingurira nitahire. Aranga aba arambwiye ati : “ntabwo usohoka aha utampaye…”. Naramutsembeye ndamubwira nti : “ibyo sibyo byanzanye, nkingurira nitahire”.

Yarakomeje aratsimbarara yanga kunkingurira ndetse bigeza aho mbona ashaka gukoresha ingufu (séquestration et tentative de viol). Nahise mubwira n’umujinya mwinshi ko nadakingura inzu ye ngo nitahire ngiye guhamagara police.

Abonye ko ntakina mfashe téléphone ngo mpuruze police, yagize ubwoba arankingurira ndasohoka ariko ambwira nabi ko atazongera no kumvugishia. Ubwo nahuye n’ingorane zo gutaha mu gicuku.

Iki kibazo nyuma naje kukigeza kuli Coordinateur wa RNC Bruxelles Bwana Rudasingwa Alexis. Uyu nabimubwiye igihe nari ngize ubwoba ambwiye ko nagombaga kujya gufata attestation yanjye y’umuyoboke wa RNC kwa CIKURU.

Namubwiye ko hai ikibazo kimaze iminsi hagati yanjye na Cikuru kandi ndanagisobanura, kandi namubwiye ko kuva icyo kibazo cyavuka ntari nkivugana na CIKURU.

Icyo gihe nanabajije Alexis nti : “Kubera iki mwemerera CIKURU ko abika za attestations zacu iwe mu rugo kandi kandi iyo abagore bagiyeyo bajyanywe n’ibyangombwa byabo uwo mugabo ahora ashaka kubasagarira (harcèlement sexuel) ndetse byarimba agashaka no kubafata ku ngufu?

Icyo gihe Alexis yavuganye na Cikuru amusaba ko ampa attestation yanjye. Nyuma nashoboye kujyana na Cikuru ajya kumpa attestation yanjye aliko agenda antuka ngo “naramureze”.

Ubwa kabili yongeye kunzanaho ibyo bibazo bye ni vuba aha mu mwaka wa 2015.
Ubwo nabwo nari ngiye gufata impapuro Bwana MUSONERA Jonathan commissaire wacu mu IHULIRO yali yasabye CIKURU ngo ankosorere. Aha natangajwe no kubona ataratinye ko noneho ngiye iwe noherejwe n’umuyobozi.

Muri make nashakaga kubagezaho icyo kibazo gikomeye cy’imico mibi cyane y’uyu mugabo ngo waba ashaka kwiyamamariza umwanya w’ubuyobozi mu IHULIRO.

Ikindi nakwongeraho, ni uko iki kibazo na CIKURU atari jye mugore wenyine wo mu IHURIRO wahuye nacyo. Hari abandi bagenzi banjye benshi nabo bahuye n’iki kibazo bakigiranye na CIKURU. Hari igihe n’abo bandi bazashobora gutanga ubuhamya.
Gusa icyo nababwira ni uko Kubera iyo ngeso mbi y’uyu mugabo, naramuka yiyamamaje ku mugararagaro, hazaba ikibazo gikomeye.

-3119.jpg

Theo+CIKURU

Gusa ibi bikaba atari bishyashya kwa Rudasingwa kuko akiri no mu Rwanda yakusanyije abana bacitse ku icumu rya genocide akabashukisha kubafasha kwiga akabahindura abacakara b’ubusambanyi (esclaves sexuelle) bikabaviramo kwandura agakoko gatera SIDA.

Umwanditsi wacu

2016-07-02
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kirehe: Mu bikorwa byo kurwanya itundwa ry’ibiyobyabwenge, Polish yafashe ibiro 115 by’urumogi

Kirehe: Mu bikorwa byo kurwanya itundwa ry’ibiyobyabwenge, Polish yafashe ibiro 115 by’urumogi

Ubwanditsi 26 May 2017
Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Sibomana Patrick ukinira Police FC yareze muri FIFA ikipe ya Young SC yo muri Tanzaniya kubera kutishyurwa ibihumbi 4 by’amadorali y’Amerika bamurimo

Ubwanditsi 29 Mar 2021
Umunyarwanda arabundabunda muri ‘New Zealand’ akwepa ubutabera

Umunyarwanda arabundabunda muri ‘New Zealand’ akwepa ubutabera

Ubwanditsi 04 Jan 2017
Musanze: Umugabo w’imyaka 38 yasanzwe mu Ishyamba  yimanitse mu giti

Musanze: Umugabo w’imyaka 38 yasanzwe mu Ishyamba yimanitse mu giti

Ubwanditsi 13 May 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunsi wa kane wa Primus National League urakomeza mu mpera z’iki cyumweru Rayon Sports isura Marines FC
Amakuru

Umunsi wa kane wa Primus National League urakomeza mu mpera z’iki cyumweru Rayon Sports isura Marines FC

Ubwanditsi 01 Oct 2022
Perezida Kagame yafunguye Kigali Arena, aha urubyiruko umukoro wo kugira u Rwanda igihangange
IMIKINO

Perezida Kagame yafunguye Kigali Arena, aha urubyiruko umukoro wo kugira u Rwanda igihangange

Ubwanditsi 10 Aug 2019
Prof. Shyaka asanga itangazamakuru mu Rwanda ryigenga kandi rigerageza gukora kinyamwuga
Mu Mahanga

Prof. Shyaka asanga itangazamakuru mu Rwanda ryigenga kandi rigerageza gukora kinyamwuga

Ubwanditsi 07 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru