• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Ukutumvikana hagati ya Perezida Museveni n’umugore we ku ishyirwaho ry’umuyobozi wa Makerere

Ukutumvikana hagati ya Perezida Museveni n’umugore we ku ishyirwaho ry’umuyobozi wa Makerere

Editorial 30 May 2018 HIRYA NO HINO

Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni ntavuga rumwe n’umugore we, Janet Kataha Museveni  ku bijyanye n’ufite uburenganzira bwo gutanga akazi mu nzego zimwe na zimwe zirimo n’izijyanye n’uburezi muri kiriya gihugu nubwo umugore we ari Minisitiri w’uburezi.

Iki kintu umuntu yakwita ukutavuga rumwe mu rugo rw’umuyobozi mukuru w’igihugu cya Uganda, cyatewe no kuba mu minsi yashize umugore we, Janet Museveni yarimitse Prof. Venansius Baryamureeba ku mwanya w’ubuyobozi wa kaminuza ya Makerere, ishami ry’ibijyanye n’ubucuruzi, nyuma yo gutangira akazi perezida Museveni agasaba umugore we gusimbuza uwo muyobozi uwo yari yasimbuye nanone, prof. Balunywa.

Kuwa 28 Gicurasi 2018, nibwo Perezida Yoweli yasabye umugore we Janet Kataha usanzwe ari Minisitiri w’uburezi muri kirya gihugu, kongera gushyira Prof Balunywa kuri uriya mwanya yahozeho kandi uwuriho yaramaze no gushyiraho abo bagomba gukorana.

Byumvikane ko Balunywa yaje kuva ku kazi agasimbuzwa Prof. Venansius Baryamureeba na Minisitiri w’uburezi, ariwe mugore wa perezida, Janet Museveni.

Prof Baryamureeba wasimbuye prof. Balunywa yari amaze kumenyera mu kazi ndetse yaranatangiye gushyiraho abo bazakorana nka Prof Moses Muhweezi wari umwungirije, na we watoye abo bazakorana.

Ubusanzwe aba bayobozi Balunywa ndetse na Baryamureeba ntibavuga rumwe kuko umwe usanga ashinja undi amakosa mu kazi.

Perezida Museveni kandi asabye umugore we kongera gushyiraho uriya muyobozi mu gihe we yari yamaze gusaba amashami akorera mu burezi gushyiraho inzego bazajya bakorana hamwe na prof. Baryamureeba.

Ku bijyanye no kutavuga rumwe hagati ya Museveni n’umogore we ku kijyanye n’ishyirwa mu kazi kw’aba bayobozi, perezida Museveni yamwandikiye ubutumwa bugira buti“Imwe mu mbogamizi twatakajeho igihe ni ukugendera ku buyobozi bwa gikoloni, butagira icyerekezo.”

Yakomeje avuga ko Prof. yari umukozi ukora cyane ndetse ufitiye icyerecyezo uriya mwanya akiwuriho.

“Akiyobora, urwego rwe nta myigaragambyo yigeze irugaragaramo, nakoranye na we kandi sinigeze mubona hirya no hino ajarajara kandi yakurikizaga inama. Mbega yari umuntu mwiza wo gukorana na we.”

2018-05-30
Editorial

IZINDI NKURU

RDF yatangiye kwandika abashaka kuba aba Ofisiye

RDF yatangiye kwandika abashaka kuba aba Ofisiye

Editorial 20 Aug 2018
Uganda: Umusaza w’imyaka 80 yarashe umugore we w’imyaka 30 aramwica

Uganda: Umusaza w’imyaka 80 yarashe umugore we w’imyaka 30 aramwica

Editorial 16 May 2018
Kicukiro:Abayobozi b’amadini n’amatorero bihaye umukoro wo kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Kicukiro:Abayobozi b’amadini n’amatorero bihaye umukoro wo kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Editorial 23 Jun 2021
Umuririmbyi Radio yasomewe misa yo kumusezeraho (Video +Amafoto)

Umuririmbyi Radio yasomewe misa yo kumusezeraho (Video +Amafoto)

Editorial 02 Feb 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

APR FC yatangaje umunya-Maroc Taleb Abderrahim nk’umutoza wayo mu gihe cy’Imyaka 2 iri imbere ishobora kongerwa
Amakuru

APR FC yatangaje umunya-Maroc Taleb Abderrahim nk’umutoza wayo mu gihe cy’Imyaka 2 iri imbere ishobora kongerwa

Editorial 17 Jun 2025
Capt.Nkuyehasi warindaga Gen Niyombare yishwe arashwe
ITOHOZA

Capt.Nkuyehasi warindaga Gen Niyombare yishwe arashwe

Editorial 29 Apr 2017
Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera
INKURU NYAMUKURU

Burundi: Umuvugizi wa perezida yabajijwe niba bashobora gutanga u Rwanda bakarutera

Editorial 31 Dec 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru