• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cyโ€™iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona yโ€™u Rwanda mu gihe cyโ€™imyaka 5 nโ€™igice, afite agaciro kโ€™arenga miliyari Eshatu zโ€™amafaranga yโ€™u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixingโ€™mu ikipe yโ€™Amagaju FC nโ€™uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yสผAmakipe yสผAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Menโ€™s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo kโ€™inota rimwe muri ICC Womenโ€™s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

U ๐—ฅ๐˜„๐—ฎ๐—ป๐—ฑ๐—ฎ ๐—ฟ๐˜‚๐—ด๐—ถ๐˜†๐—ฒ ๐—ธ๐˜„๐—ฎ๐—ธ๐—ถ๐—ฟ๐—ฎ ๐—ฎ๐—บ๐—ฎ๐—ฟ๐˜‚๐˜€๐—ต๐—ฎ๐—ป๐˜„๐—ฎ ๐—ฎ๐—ป๐—ฒ ๐˜†๐—ฎ ๐—–๐—˜๐—–๐—”๐—™๐—” ๐—ฎ๐—ฟ๐—ถ๐—บ๐—ผ ๐—ป๐—ฎ ๐—ž๐—ฎ๐—ด๐—ฎ๐—บ๐—ฒ ๐—–๐˜‚๐—ฝ

RUSHYASHYA 10 Mar 2026 Amakuru, IMIKINO

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira amarushanwa ane ategurwa nโ€™Impuzamashyirahamwe yโ€™Umupira wโ€™Amaguru mu Karere ka Afurika yโ€™Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), azabera i Kigali mu bihe bitandukanye muri uyu mwaka wa 2026.

Muri ayo marushanwa harimo irizwi cyane rya CECAFA Kagame Cup, riteganyijwe kubera i Kigali kuva tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2026, rikaba rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bihugu binyamuryango bya CECAFA.

Uretse iri rushanwa, u Rwanda ruzanakira andi marushanwa atatu arimo irushanwa ryโ€™ibigo byโ€™amashuri byo mu karere, irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina CAF Womenโ€™s Champions League, ndetse nโ€™irushanwa ryo gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma yโ€™Igikombe cya Afurika cyโ€™Ibihugu mu batarengeje imyaka 17 (U-17 AFCON).

Ibihugu bigize CECAFA birimo u Rwanda, u Burundi, Djibouti, Eritrea, Ethiopia, Kenya, Somalia, Sudani yโ€™Epfo, Sudani, Tanzania, Uganda na Zanzibar.

Aya marushanwa ategerejweho guteza imbere umupira wโ€™amaguru mu karere ndetse no gukomeza kugaragaza ubushobozi bwโ€™u Rwanda mu kwakira amarushanwa mpuzamahanga.

2026-03-10
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Miss Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yapfushije impanga yari atwite

Miss Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yapfushije impanga yari atwite

Ubwanditsi 19 Feb 2016
Rayon Sports yagabanye amanota na AS Kigali mu mukino wabonetsemo amakarita abiri atukura

Rayon Sports yagabanye amanota na AS Kigali mu mukino wabonetsemo amakarita abiri atukura

Ubwanditsi 16 Aug 2019
Mu mukino we mbere wa Rwatubyaye Abdoul mu ikipe ya FC Schkupi yo muri Macedonia batangiye bawutsinda igitego kimwe ku busa.

Mu mukino we mbere wa Rwatubyaye Abdoul mu ikipe ya FC Schkupi yo muri Macedonia batangiye bawutsinda igitego kimwe ku busa.

Ubwanditsi 04 Mar 2021
Kwangiza Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ntibizabakuraho ikimwaro cy’amaraso y’inzirakarengane mwamennye

Kwangiza Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ntibizabakuraho ikimwaro cy’amaraso y’inzirakarengane mwamennye

Ubwanditsi 04 Jun 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umunsi wa 16 wa shampiyona uratangira Gorilla FC yakira Police FC, umukino wa Rayon Sports na Musanze wegejwe inyuma
Amakuru

Umunsi wa 16 wa shampiyona uratangira Gorilla FC yakira Police FC, umukino wa Rayon Sports na Musanze wegejwe inyuma

Ubwanditsi 20 Jan 2023
Umuriro watse nyuma yaho dushyiriye ahagaragara imishyikirano ya Kayumba Nyamwasa , Rusesabagina na muganga Eliel Ntakirutimana
ITOHOZA

Umuriro watse nyuma yaho dushyiriye ahagaragara imishyikirano ya Kayumba Nyamwasa , Rusesabagina na muganga Eliel Ntakirutimana

Ubwanditsi 15 Feb 2016
Rubavu: Umusore yarasiwe ku mupaka arapfa abandi bariruka, basiga imifuka yโ€™urumogi
Mu Rwanda

Rubavu: Umusore yarasiwe ku mupaka arapfa abandi bariruka, basiga imifuka yโ€™urumogi

Ubwanditsi 03 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze nโ€™ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon Dโ€™Or 2025

Mu marira avanze nโ€™ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon Dโ€™Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka yโ€™Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka yโ€™Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

ยฉ Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru