• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi 15 Dec 2016 Mu Mahanga

Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro anayobora ‘Umushyikirano’ ku nshuro ya 14 uyu munsi, wahoze witwa Ibiganiro ku rwego rw’igihugu bigamije kwiga ku bibazo hamwe n’abahagarariye abaturage.

Iki gikorwa cyo ku rwego rw’Igihugu cyizamara iminsi ibiri gihurirwamo n’abantu b’ingeri zose bo mu nzego z’ubuyobozi bwo ku rwego ruhanitse, kugera ku rwego rw’umudugudu , kugirango baganire ku bibazo igihugu gifite, hagamijwe kurebera hamwe uburyo iterambere ry’igihugu mu rwego rw’ubukungu ryihuta.

Iyi nama ngaruka mwaka ibaye ku nsanganyamatsiko igira iti, ‘‘ Twese hamwe twubake u Rwanda twifuza.’’ Ikaba irikwerekanwa ku bitangazamakuru mu gihe irimo kuba, kuri televiziyo Rwanda, n’ubundi buhanga hifashishijwe videwo buzwi nka Video link mu ndimi z’amahanga, uburyo bwashyizweho mu bice bitandukanye by’igihugu, harimo Gicumbi, ho mu Majyaruguru, Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo, na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba no muri Petit Stade mu Mujyi wa Kigali, mu rwego rwo korohereza Abanyarwanda gutanga ibitekerezo mur’iriyi nama y’Umushyikirano.

Nkuko Umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda , Prof. Anastase Shyaka, avuga, (Umushyikirano) utanga uburyo bwo guhanga udushya mu kwihutisha iterambere, twatangijwe mu nama zinyuranye z’imishyikirano mu myaka icumi ishize. Muri utu dushya harimo nka Girinka, Umwalimu Sacco, Nine Years Basic Education (9YBE), Komite z’Abunzi n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito buzwi nka Electricity Access Rollout (EARP) These include; Girinka, Umwalimu SACCO, Uburezi bw’imyaka icyenda, buzwi nka Nine year Basic Education, n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito Electricity Access Rollout Program (EARP).”

Mu kiganiro n’itangazamakuru, mbere y’Umushyikiranoo ku nshuro ya 14, Venantie Tugireyezu Minisitiri muri Perezidansi yavuze ko nibura abantu 70% byibyari byaremeranijweho mu mushyikirano wa wa 13 byagezweho.

Nyamara kandi, mu rwego rw’inkiko gacaca nka amadosiye amwe atararangira, Inka imwe kuri buri muryango ukennye , kubaka umuhanda Ngororero-Nyabihu,-Musanze, ibyakozwe muri byo ni bike, ariko haracyari byinshi byo gukorwa
Umushyikirano ku rwego rw’igihugu watangijwe mu mwaka wa 2003, nk’uburyo bwo kwishakamo ibisubizo, bigamije gukemura ibibazo igihugu gihura nabyo, ku mikoro make igihugu gifite, aho gusabiriza mu basamariya babanyampuhwe.

“Dufite intego zihambaye n’amikoro make. Mbere yuko tujya gusaba abashobora kutwumvira ubusa, tugomba kwibaza ese twaba twarakonoje amikoro yose dufite? Aya akaba ari amagambo Perezida Paul Kagame yabwiraga abari bahagarariye abanyeshuri b o muri Kaminuza ya St Andrews muri 2015.’’

-154.png

Abayobozi bagera kuri 2000 bitabiriye Inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi

2016-12-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23 birengagiza ibibonwa na buri wese, bagahitambo guhimba ibyo badafitiye gihamya.

Abashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23 birengagiza ibibonwa na buri wese, bagahitambo guhimba ibyo badafitiye gihamya.

Ubwanditsi 27 Dec 2022
Polisi y’u Rwanda na TIGO basinyanye amasezerano ku gutahura ibyaha

Polisi y’u Rwanda na TIGO basinyanye amasezerano ku gutahura ibyaha

Ubwanditsi 09 Dec 2016
CHAN2016: Bayisenge yahesheje Amavubi intsinzi imbere ya Côte d’Ivoire

CHAN2016: Bayisenge yahesheje Amavubi intsinzi imbere ya Côte d’Ivoire

Ubwanditsi 16 Jan 2016
Jambo Asbl iragerageza guhungisha Abajenosideri bakwamiye muri Niger

Jambo Asbl iragerageza guhungisha Abajenosideri bakwamiye muri Niger

Ubwanditsi 04 Aug 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Theogene Rudasingwa mundiri ya MRND ngo bari kunamira Kizito kandi bakina ingirwa politiki yabo
INKURU NYAMUKURU

Theogene Rudasingwa mundiri ya MRND ngo bari kunamira Kizito kandi bakina ingirwa politiki yabo

Ubwanditsi 24 Feb 2020
Amafoto – APR FC yasuye abarwayi barwariye mu bitaro bya CHUK ibategurira amafunguro
Amakuru

Amafoto – APR FC yasuye abarwayi barwariye mu bitaro bya CHUK ibategurira amafunguro

Ubwanditsi 23 Jun 2023
1990: Uko Leta ya Habyarimana Juvenal yikanze Inkotanyi, ikagabanya abaturage muri Kigali- Ubuhamya
Mu Rwanda

1990: Uko Leta ya Habyarimana Juvenal yikanze Inkotanyi, ikagabanya abaturage muri Kigali- Ubuhamya

Ubwanditsi 22 Sep 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru