• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi 15 Dec 2016 Mu Mahanga

Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro anayobora ‘Umushyikirano’ ku nshuro ya 14 uyu munsi, wahoze witwa Ibiganiro ku rwego rw’igihugu bigamije kwiga ku bibazo hamwe n’abahagarariye abaturage.

Iki gikorwa cyo ku rwego rw’Igihugu cyizamara iminsi ibiri gihurirwamo n’abantu b’ingeri zose bo mu nzego z’ubuyobozi bwo ku rwego ruhanitse, kugera ku rwego rw’umudugudu , kugirango baganire ku bibazo igihugu gifite, hagamijwe kurebera hamwe uburyo iterambere ry’igihugu mu rwego rw’ubukungu ryihuta.

Iyi nama ngaruka mwaka ibaye ku nsanganyamatsiko igira iti, ‘‘ Twese hamwe twubake u Rwanda twifuza.’’ Ikaba irikwerekanwa ku bitangazamakuru mu gihe irimo kuba, kuri televiziyo Rwanda, n’ubundi buhanga hifashishijwe videwo buzwi nka Video link mu ndimi z’amahanga, uburyo bwashyizweho mu bice bitandukanye by’igihugu, harimo Gicumbi, ho mu Majyaruguru, Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo, na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba no muri Petit Stade mu Mujyi wa Kigali, mu rwego rwo korohereza Abanyarwanda gutanga ibitekerezo mur’iriyi nama y’Umushyikirano.

Nkuko Umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda , Prof. Anastase Shyaka, avuga, (Umushyikirano) utanga uburyo bwo guhanga udushya mu kwihutisha iterambere, twatangijwe mu nama zinyuranye z’imishyikirano mu myaka icumi ishize. Muri utu dushya harimo nka Girinka, Umwalimu Sacco, Nine Years Basic Education (9YBE), Komite z’Abunzi n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito buzwi nka Electricity Access Rollout (EARP) These include; Girinka, Umwalimu SACCO, Uburezi bw’imyaka icyenda, buzwi nka Nine year Basic Education, n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito Electricity Access Rollout Program (EARP).”

Mu kiganiro n’itangazamakuru, mbere y’Umushyikiranoo ku nshuro ya 14, Venantie Tugireyezu Minisitiri muri Perezidansi yavuze ko nibura abantu 70% byibyari byaremeranijweho mu mushyikirano wa wa 13 byagezweho.

Nyamara kandi, mu rwego rw’inkiko gacaca nka amadosiye amwe atararangira, Inka imwe kuri buri muryango ukennye , kubaka umuhanda Ngororero-Nyabihu,-Musanze, ibyakozwe muri byo ni bike, ariko haracyari byinshi byo gukorwa
Umushyikirano ku rwego rw’igihugu watangijwe mu mwaka wa 2003, nk’uburyo bwo kwishakamo ibisubizo, bigamije gukemura ibibazo igihugu gihura nabyo, ku mikoro make igihugu gifite, aho gusabiriza mu basamariya babanyampuhwe.

“Dufite intego zihambaye n’amikoro make. Mbere yuko tujya gusaba abashobora kutwumvira ubusa, tugomba kwibaza ese twaba twarakonoje amikoro yose dufite? Aya akaba ari amagambo Perezida Paul Kagame yabwiraga abari bahagarariye abanyeshuri b o muri Kaminuza ya St Andrews muri 2015.’’

-154.png

Abayobozi bagera kuri 2000 bitabiriye Inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi

2016-12-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ubushakashatsi  bwa Never Again Rwanda burashimangira ubwa RGB mu  kunenga uruhare rw’Abaturage mu bibakorerwa ( Yavuguruwe )

Ubushakashatsi bwa Never Again Rwanda burashimangira ubwa RGB mu kunenga uruhare rw’Abaturage mu bibakorerwa ( Yavuguruwe )

Ubwanditsi 26 Aug 2016
Abagande batangiye kwinubira imikorere ya Zari mu kazi yahawe na Leta ya Uganda[AMAFOTO]

Abagande batangiye kwinubira imikorere ya Zari mu kazi yahawe na Leta ya Uganda[AMAFOTO]

Ubwanditsi 12 Nov 2018
SADC yahururiye gusahura muri Kongo, none ibirindiro byayo muri Mozambique byigaruriwe n’ibyihebe

SADC yahururiye gusahura muri Kongo, none ibirindiro byayo muri Mozambique byigaruriwe n’ibyihebe

Ubwanditsi 01 Mar 2024
IBYO KAYUMBA NYAMWASA YARI KUBA YARABAJIJWE MURI TWITTER SPACE IYO UMURONGO UBA UFUNGUYE KU BANTU BOSE

IBYO KAYUMBA NYAMWASA YARI KUBA YARABAJIJWE MURI TWITTER SPACE IYO UMURONGO UBA UFUNGUYE KU BANTU BOSE

RUSHYASHYA 17 Nov 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Reba amafoto y’ikizungerezi kiri mu rukundo na Diamond
HIRYA NO HINO

Reba amafoto y’ikizungerezi kiri mu rukundo na Diamond

Ubwanditsi 28 Oct 2018
Rangira Adrien yitandukanije na Nsabimana Callixte wiyita Sankara
INKURU NYAMUKURU

Rangira Adrien yitandukanije na Nsabimana Callixte wiyita Sankara

Ubwanditsi 22 Jul 2018
Uganda: Abakozi ba ISO  bashimuta impunzi bazikangisha  kuzisubiza mu Rwanda bazishakamo amafaranga
INKURU NYAMUKURU

Uganda: Abakozi ba ISO bashimuta impunzi bazikangisha kuzisubiza mu Rwanda bazishakamo amafaranga

Ubwanditsi 22 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru