• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi 15 Dec 2016 Mu Mahanga

Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro anayobora ‘Umushyikirano’ ku nshuro ya 14 uyu munsi, wahoze witwa Ibiganiro ku rwego rw’igihugu bigamije kwiga ku bibazo hamwe n’abahagarariye abaturage.

Iki gikorwa cyo ku rwego rw’Igihugu cyizamara iminsi ibiri gihurirwamo n’abantu b’ingeri zose bo mu nzego z’ubuyobozi bwo ku rwego ruhanitse, kugera ku rwego rw’umudugudu , kugirango baganire ku bibazo igihugu gifite, hagamijwe kurebera hamwe uburyo iterambere ry’igihugu mu rwego rw’ubukungu ryihuta.

Iyi nama ngaruka mwaka ibaye ku nsanganyamatsiko igira iti, ‘‘ Twese hamwe twubake u Rwanda twifuza.’’ Ikaba irikwerekanwa ku bitangazamakuru mu gihe irimo kuba, kuri televiziyo Rwanda, n’ubundi buhanga hifashishijwe videwo buzwi nka Video link mu ndimi z’amahanga, uburyo bwashyizweho mu bice bitandukanye by’igihugu, harimo Gicumbi, ho mu Majyaruguru, Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo, na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba no muri Petit Stade mu Mujyi wa Kigali, mu rwego rwo korohereza Abanyarwanda gutanga ibitekerezo mur’iriyi nama y’Umushyikirano.

Nkuko Umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda , Prof. Anastase Shyaka, avuga, (Umushyikirano) utanga uburyo bwo guhanga udushya mu kwihutisha iterambere, twatangijwe mu nama zinyuranye z’imishyikirano mu myaka icumi ishize. Muri utu dushya harimo nka Girinka, Umwalimu Sacco, Nine Years Basic Education (9YBE), Komite z’Abunzi n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito buzwi nka Electricity Access Rollout (EARP) These include; Girinka, Umwalimu SACCO, Uburezi bw’imyaka icyenda, buzwi nka Nine year Basic Education, n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito Electricity Access Rollout Program (EARP).”

Mu kiganiro n’itangazamakuru, mbere y’Umushyikiranoo ku nshuro ya 14, Venantie Tugireyezu Minisitiri muri Perezidansi yavuze ko nibura abantu 70% byibyari byaremeranijweho mu mushyikirano wa wa 13 byagezweho.

Nyamara kandi, mu rwego rw’inkiko gacaca nka amadosiye amwe atararangira, Inka imwe kuri buri muryango ukennye , kubaka umuhanda Ngororero-Nyabihu,-Musanze, ibyakozwe muri byo ni bike, ariko haracyari byinshi byo gukorwa
Umushyikirano ku rwego rw’igihugu watangijwe mu mwaka wa 2003, nk’uburyo bwo kwishakamo ibisubizo, bigamije gukemura ibibazo igihugu gihura nabyo, ku mikoro make igihugu gifite, aho gusabiriza mu basamariya babanyampuhwe.

“Dufite intego zihambaye n’amikoro make. Mbere yuko tujya gusaba abashobora kutwumvira ubusa, tugomba kwibaza ese twaba twarakonoje amikoro yose dufite? Aya akaba ari amagambo Perezida Paul Kagame yabwiraga abari bahagarariye abanyeshuri b o muri Kaminuza ya St Andrews muri 2015.’’

-154.png

Abayobozi bagera kuri 2000 bitabiriye Inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi

2016-12-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Polisi y’u Rwanda irashima imyitwarire yaranze abaturarwanda mu gihe cy’iminsi mikuru

Polisi y’u Rwanda irashima imyitwarire yaranze abaturarwanda mu gihe cy’iminsi mikuru

Ubwanditsi 05 Jan 2016
Amafoto – Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya ikipe ya Al Ahly yegukanye igikombe cya CAF Champions League, ni mu mukino wakurikiwe na Perezida wa CAF n’uwa FERWAFA 

Amafoto – Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya ikipe ya Al Ahly yegukanye igikombe cya CAF Champions League, ni mu mukino wakurikiwe na Perezida wa CAF n’uwa FERWAFA 

Ubwanditsi 18 Jul 2021
Aya nda Ataye Ku Gasi Igisambo ruharwa Ndagijimana JMV wiyemeje Guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi akaba agiye kuzagwa Igihugu igicuri

Aya nda Ataye Ku Gasi Igisambo ruharwa Ndagijimana JMV wiyemeje Guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi akaba agiye kuzagwa Igihugu igicuri

Ubwanditsi 13 Apr 2025
Ngororero: Abayobozi b’inzego zitandukanye basabwe gufatanya kurwanya ibyaha bikorerwa abana

Ngororero: Abayobozi b’inzego zitandukanye basabwe gufatanya kurwanya ibyaha bikorerwa abana

Ubwanditsi 11 Apr 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Djoliba yageze i Kigali n’intego zo gusatira ikipe ya APR FC
IMIKINO

Djoliba yageze i Kigali n’intego zo gusatira ikipe ya APR FC

Ubwanditsi 16 Mar 2018
Rayon Sports, APR FC na Police FC mu makipe yitwaye neza mu mikino ibanza ya 1/4 y’igikombe cy’Amahoro
Amakuru

Rayon Sports, APR FC na Police FC mu makipe yitwaye neza mu mikino ibanza ya 1/4 y’igikombe cy’Amahoro

Ubwanditsi 28 Apr 2022
Amikoro make yatumye komite nyobozi ya As Muhanga yegura
Amakuru

Amikoro make yatumye komite nyobozi ya As Muhanga yegura

Ubwanditsi 11 Aug 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru