• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Kigali : Abayobozi basaga 2000 bateraniye mu inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi 15 Dec 2016 Mu Mahanga

Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro anayobora ‘Umushyikirano’ ku nshuro ya 14 uyu munsi, wahoze witwa Ibiganiro ku rwego rw’igihugu bigamije kwiga ku bibazo hamwe n’abahagarariye abaturage.

Iki gikorwa cyo ku rwego rw’Igihugu cyizamara iminsi ibiri gihurirwamo n’abantu b’ingeri zose bo mu nzego z’ubuyobozi bwo ku rwego ruhanitse, kugera ku rwego rw’umudugudu , kugirango baganire ku bibazo igihugu gifite, hagamijwe kurebera hamwe uburyo iterambere ry’igihugu mu rwego rw’ubukungu ryihuta.

Iyi nama ngaruka mwaka ibaye ku nsanganyamatsiko igira iti, ‘‘ Twese hamwe twubake u Rwanda twifuza.’’ Ikaba irikwerekanwa ku bitangazamakuru mu gihe irimo kuba, kuri televiziyo Rwanda, n’ubundi buhanga hifashishijwe videwo buzwi nka Video link mu ndimi z’amahanga, uburyo bwashyizweho mu bice bitandukanye by’igihugu, harimo Gicumbi, ho mu Majyaruguru, Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo, na Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba no muri Petit Stade mu Mujyi wa Kigali, mu rwego rwo korohereza Abanyarwanda gutanga ibitekerezo mur’iriyi nama y’Umushyikirano.

Nkuko Umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda , Prof. Anastase Shyaka, avuga, (Umushyikirano) utanga uburyo bwo guhanga udushya mu kwihutisha iterambere, twatangijwe mu nama zinyuranye z’imishyikirano mu myaka icumi ishize. Muri utu dushya harimo nka Girinka, Umwalimu Sacco, Nine Years Basic Education (9YBE), Komite z’Abunzi n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito buzwi nka Electricity Access Rollout (EARP) These include; Girinka, Umwalimu SACCO, Uburezi bw’imyaka icyenda, buzwi nka Nine year Basic Education, n’uburyo bwo gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi ku bantu benshi kandi mu gihe gito Electricity Access Rollout Program (EARP).”

Mu kiganiro n’itangazamakuru, mbere y’Umushyikiranoo ku nshuro ya 14, Venantie Tugireyezu Minisitiri muri Perezidansi yavuze ko nibura abantu 70% byibyari byaremeranijweho mu mushyikirano wa wa 13 byagezweho.

Nyamara kandi, mu rwego rw’inkiko gacaca nka amadosiye amwe atararangira, Inka imwe kuri buri muryango ukennye , kubaka umuhanda Ngororero-Nyabihu,-Musanze, ibyakozwe muri byo ni bike, ariko haracyari byinshi byo gukorwa
Umushyikirano ku rwego rw’igihugu watangijwe mu mwaka wa 2003, nk’uburyo bwo kwishakamo ibisubizo, bigamije gukemura ibibazo igihugu gihura nabyo, ku mikoro make igihugu gifite, aho gusabiriza mu basamariya babanyampuhwe.

“Dufite intego zihambaye n’amikoro make. Mbere yuko tujya gusaba abashobora kutwumvira ubusa, tugomba kwibaza ese twaba twarakonoje amikoro yose dufite? Aya akaba ari amagambo Perezida Paul Kagame yabwiraga abari bahagarariye abanyeshuri b o muri Kaminuza ya St Andrews muri 2015.’’

-154.png

Abayobozi bagera kuri 2000 bitabiriye Inama y’Umushyikirano

Ubwanditsi

2016-12-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Jean-Luc Habyarimana mu migambi yo guhuza imitwe irwanya u Rwanda akoreshejwe na Tshisekedi

Jean-Luc Habyarimana mu migambi yo guhuza imitwe irwanya u Rwanda akoreshejwe na Tshisekedi

RUSHYASHYA 09 Mar 2026
Gen. Maj. Jean Bosco Kazura mu itsinda rigenzura niba Cameroun ikwiye kwakira CAN ya 2019

Gen. Maj. Jean Bosco Kazura mu itsinda rigenzura niba Cameroun ikwiye kwakira CAN ya 2019

Ubwanditsi 01 Nov 2018
Abajenerali mu gisirikari cya Kongo bagiye gushirira mu buroko bashinjwa ubugwari mu ntambara icyo gisirikari kirbarwana na M23

Abajenerali mu gisirikari cya Kongo bagiye gushirira mu buroko bashinjwa ubugwari mu ntambara icyo gisirikari kirbarwana na M23

Ubwanditsi 16 Feb 2023
Burundi: Abantu 9 bagwiriwe n’ikirombe bahita bapfa

Burundi: Abantu 9 bagwiriwe n’ikirombe bahita bapfa

Ubwanditsi 20 May 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Tumenye bamwe mubarwanya Leta y’u Rwanda
ITOHOZA

Tumenye bamwe mubarwanya Leta y’u Rwanda

Ubwanditsi 26 Feb 2016
Muri Zimbabwe hakozwe kudeta ya ‘kivandimwe’  ariko irimo ihurizo rikomereye SADC.
POLITIKI

Muri Zimbabwe hakozwe kudeta ya ‘kivandimwe’  ariko irimo ihurizo rikomereye SADC.

Ubwanditsi 17 Nov 2017
Manizabayo Jean de Dieu na Umutoni Sandrine begukanye irushanwa rya Youth Racing Cup ryakiniwe i Bugesera
Amakuru

Manizabayo Jean de Dieu na Umutoni Sandrine begukanye irushanwa rya Youth Racing Cup ryakiniwe i Bugesera

Ubwanditsi 14 Oct 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru