• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Abakobwa 2 b’impanga b’uwahoze ari Perezida w’Amerika George W. Bush banditse ibarwa bihanganisha abakobwa ba Barack Obama

Abakobwa 2 b’impanga b’uwahoze ari Perezida w’Amerika George W. Bush banditse ibarwa bihanganisha abakobwa ba Barack Obama

Editorial 13 Jan 2017 ITOHOZA

Abakobwa 2 b’impanga b’uwahoze ari Perezida w’Amerika W. Bush, Jenna ndetse na Barbara Bush baherutse kwandikira abakobwa ba Obama babihanganisha kuba bagiye kuva muri White house nk’uko nabo bahavuye barahahoze ndetse banabagira inama y’uko bagomba kuzitwara mu gihe bagiye guhindura ubuzima bwabo.

-5357.jpg

Jenna Bush Hager na Barbara Bush bandikiye Maria Obama na Sacha babihanganisha

Dore bimwe mu by’ingenzi bigize ibaruwa abakobwa 4 bo mu muryango wa Perezida Bush baherutse kwandikira abana ba Perezida Obama.

Igira iti” kuri Malia na Sasha, imyaka 8 y’ubukonje bwo muri White house bwa buri Ugushyingo irashize, turabasuhuje mu izina ry’abagize iyo nzu mwese. Turakeka ko mukomeje kurangwa n’umucyo ku maso yanyu mu gihe muri kureba irindi cumbi ryanyu rishya. Twasize imirimo yacu muri Baltimore ndetse na New York tuza I Washington kugira ngo tubatembereze tuhabereke neza.

Tuje kubereka uburiri bwa Lincoln bwahoze natwe ari ubwacu, tunabereka abaturage batari babazi n’abandi bose batumye iyi nzu muvuyemo yigera kuba iyanyu mu myaka 8 yose ishize.

Uko turi bane, iyo nzu natwe twakoreye mu masalo yayo, dushimishwa cyane n’uko iteye ariko twarayitaye imyaka ibaye 20 ari nako tugenda dutakaza ubuto bwacu. Mwe mukomeze kurangwa n’ibyishimo ndetse n’ibitwenge.

Mu myaka 8 ishize, mwishimiye muri iyo nzu, mwakoze byinshi mubona byinshi. Mwayihagazeho mureba mu marembo y’ikirwa cya Robben aho Nelson Mandela w’Afurika y’Epfo yafungiwe mu binyejana byashize, ibyo mwabikoze mufatanye agatoki na so ubabyara.

-5358.jpg

Sacha na Maria bageze muri White House bakiri bato cyane

Mwatemberanye na mama wanyu mu bihugu by’Afurika nka Maroc na Liberia kuganira n’abandi bakobwa ku bijyanye n’uburere, mwariye ku mafunguro y’Amerika, mwasuye za pariki zitandukanye mu kwishimisha, mwahuye n’abayobozi mpuzamahanga bakomeye batandukanye ndetse mushimishwa n’udukino dusekeje twa so Obama, ariko ibyo byose bwabikoze mukiri abana ndetse mwagiye no mu mashuri ahenze mugirayo inshuti.

Icyo twagira ngo tubabwire, nuko ubu mugiye guhindura ubuzima, mugiye kujya ahandi hantu mutishimiye, aho muzasanga abana mubonye bwa mbere, ahantu mbega muzaba musa n’abatagira umurongo ngenderwaho.

Gusa muzibuke ibihe byiza mwanyuzemo kuko tuzi ko mutazabura kwandika ibitabo ku buzima bwanyu mukiri kumwe n’ababyeyi banyu ndetse n’ibihe byiza mwagize mu myaka 8 mumaze mu ngoro, ubwo bataberetse gusa ahubwo babagabiye isi yose.

Tubifuriza kuzakura mukavamo abagore beza b’umugisha n’igikundiro, ariko mwibuke ko ibyo byose mubikora nk’uko natwe twabikoraga.

-5359.jpg

-5362.jpg

-5361.jpg

-5360.jpg

2017-01-13
Editorial

IZINDI NKURU

USA: Urukiko rwashimangiye igihano cyahawe uwiyitaga umuvandimwe wa Faustin Twagiramungu ashaka ubuhungiro

USA: Urukiko rwashimangiye igihano cyahawe uwiyitaga umuvandimwe wa Faustin Twagiramungu ashaka ubuhungiro

Editorial 23 Jun 2018
Impamvu zateye Tanzania guha  inshingano zikomeye Kaberuka ititaye yuko ari umunyarwanda

Impamvu zateye Tanzania guha inshingano zikomeye Kaberuka ititaye yuko ari umunyarwanda

Editorial 23 Aug 2016
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yaba arambiwe kwitwa umufatanyacyaha mu bugome bukorerwa mu burasirazuba bwa Kongo?

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yaba arambiwe kwitwa umufatanyacyaha mu bugome bukorerwa mu burasirazuba bwa Kongo?

Editorial 26 Feb 2024
Gereza ya Kimironko imfungwa zikomeje gutoroka kubera uburangare

Gereza ya Kimironko imfungwa zikomeje gutoroka kubera uburangare

Editorial 27 Dec 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyagatare : Barishimira umusaruro w’ubukangurambaga mu kurwanya ibiyobyabwenge
Mu Mahanga

Nyagatare : Barishimira umusaruro w’ubukangurambaga mu kurwanya ibiyobyabwenge

Editorial 10 Feb 2016
[ VIDEO ] Walk to Remember|#Kwibuka23| Kigali, 7 April 2017
Mu Rwanda

[ VIDEO ] Walk to Remember|#Kwibuka23| Kigali, 7 April 2017

Editorial 08 Apr 2017
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza ngo arambiwe uruzurungutane mu nkiko rubangamiye gahunda z’icyo gihugu.
Amakuru

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza ngo arambiwe uruzurungutane mu nkiko rubangamiye gahunda z’icyo gihugu.

Editorial 21 Nov 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru